RDC:Perezida Joseph Kabila Kabange yeretse Tshisekedi Felix umurongo ntarengwa.
Uwahoze ari umukuru w’igihugu cya repubulika ya demokarasi ya Congo Joseph Kabila Kabanga ukomoka mu ishyaka rya PPRD(Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Democratie) yeretse uwamusimbuye perezida Felix Antoine Tshisekedi umuronko ntarengwa, ni ubutumwa bukubiye mu ijambo yagejeje kubaturage b’abanyecongo nyuma
RDC: Sena yambuye Perezida Joseph Kabila Kabange ubudahangarwa.
Inteko ishinga amategeko ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo umutwe wa sena yambuye ubudahangarwa uwahoze ari perezida wiki gihugu Joseph Kabila Kabanga, nyuma yuko umushinjacyaha wa gisirikare abisabye ko yakwamburwa ubudahangarwa ngo babone uburenganzira bwo kumukurikirana ku byaha akekwaho birimo gukorana n’ihuriro rya
Perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi bahuriye i Doha mu buryo butunguranye
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa repuburika iharanira demokarasi ya Congo ku wa 18 werurwe 2025 bahuriye i Doha muri Qatar bahujwe n’umukuru w’iki gihugu, bemeranya guhera hano bagakomeza ibiganiro biganisha ku mahoro arambye, nk’uko ministeri y’ububanyi n’amahanga ya Qatar
Gitangaza Prince ukekwaho kwica umuntu agahungira muri Uganda yagaruwe mu Rwanda
kuri uyu wa gatandatu tariki 15 Weruwe 2025, u Rwanda rwakiriye Gitangaza Prince wari warahungiye muri Uganda nyuma yo gucyekwaho kugira uruhare ku cyaha cy’iyicarubozo cyakorewe uwitwa Haberumugabo Guy Divin mu Ugushyingo 2024 nkuko byatangajwe na RIB ibinyujije kuri ‘X’. RIB yavuze ko
Uruzinduko rwa perezida Kagame I gahanga rwahinduwe
Uruzinduko rw’umukuru w’igihugu yari kugirira mu karere ka kicukiro muri Gahanga rwasubitswe ruhindurirwa umunsi naho ruzabera. Ibi byatangarijwe mu itangazo umujyi wa Kigali wanyujije kurukuta rwa X tariki 13 Werurwe 2025, watangaje ko uruzinduko rwa Perezida Kagame rwagombaga Kubera i Gahanga mu Karere
Abifuza kwinjira mu ngabo z’u Rwanda batangiye kwandikwa
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwasohoye itangazo rihamagarira abasore n’inkumi babishaka kwiyandikisha kugira ngo binjire mu ngabo z’u Rwanda mu byiciro bitandukanye. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa 06 Werurwe 2025, igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko ibikorwa byo kwandika abifuza
“Nindeka gakondo nzaba pasteur”-Massamba
Umuhanzi nyarwanda mu njyana ya gakondo Massamba Intore yatangaje ko umunsi azarekera kuririmba gakondo akayivamo burundu ko azaba pasteur ‘Umubwiriza’ Ibi yabivugiye mu kiganiro Samedi detante kuri radiyo Rwanda ku wa gatandatu tariki 1 Werurwe 2025. Aha yabajijwe indi njyana yakora aramutse aretse
Soraya Hakuziyaremye yagizwe Guverineri Mushya wa banki nkuru y’igihugu, BNR
Perezida wa Repuburika Paul Kagame yagize Soraya Hakuziyaremye Guverineri wa bank nkuru y’igihugu BNR, asimbuye kuri uwo mwanya, John Rwangombwa wari uwumazeho igihe. Ibi byatangarijwe mu itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe Ku wa 25 Gashyantare 2025. Soraya niwe mugore wambere ubaye
Icyica uwatabaye ninacyo cyica uwasigaye mu rugo – Tom Close
Aya ni amagambo yavuzwe n’umuhanzi nyarwanda Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close ku wa 17 Gashyantare 2025 ubwo yarabajijwe uruhare rw’umuhanzi mukugira icyo avuga kubibera cg ibivugwa ku gihugu. Ibi yabivugiye mu kiganiro Magic morning ubwo yari ari gushyira kumugaragaro indirimbo afitanye na
No Brainer nyuma yo gutandukana na Victor Rukotana aritegura kubisobanura byose
Nyuma yaho Victor Rukorana uri mu bahanzi bakora umuziki gakondo, atandukanye n’uwari umujyanama we nyuma yo kumushinja ibirimo imyitwarire itari myiza hagati ye n’abandi bahanzi, Ishimwe Jean Aime benshi bazi nka No Brainer nawe yatangaje ko byose uko byagenze ari bubivuge. Mu ibaruwa