Impamvu perezida wa Kongo Kinshasa Antoine Felix Tshisekedi tchilombo alias Béton Faschi azarwana kugeza ku mwuka wa nyuma.
Impamvu perezida wa Kongo Kinshasa Antoine Felix Tshisekedi tchilombo alias Béton Faschi azarwana kugeza ku mwuka wa nyuma. 1. Ibyaha by’intambara ndetse n’ibindi byaha byibasiye inyoko muntu yakurikiranwaho aramutse avuye ku butegetsi. 2. Gutinya kubaho adafite ijambo we ndetse n’agatsiko ke yashyize imbere
RDC/Minembwe:Umukobwa wari watumwe kwica Gen .Sematama wa Twirwaneho yafashwe.
Tariki ya 29 Gicurasi 2025 muri centre ya Mikenke hafatiwe umukobwa wari watumwe kwica Gen Sematama Charles umugaba mukuru w’umutwe wa Twirwaneho iri mu ihuriro rya AFC/M23 rihanganye n’ubutegetsi bwa Kinshasa. Amakuru ava i Minembwe avuga ko ubwo uwo mukobwa yageraga mu gace
Amagambo ya Perezida Ndayishimiye amugaragaza nk’umushinjacyaha w’imbere ushinzwe gushinja u Rwanda
Mu nama yabereye i Kampala muri Uganda igahuza abayobozi bo mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Perezida w’u Burundi, Général Major Evariste Ndayishimiye, yagaragaye nk’uwafashe umwanya wo gushinja u Rwanda ibibazo by’umutekano muke bikomeje kurangwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ndetse
Rihanna yashyize hanze amafoto yavugishije benshi (Yarebe)
Umuhanzikazi w’icyamamare Robyn Rihanna Fenty, uzwi cyane nka Rihanna, yongeye kuvugisha isi nyuma yo gushyira hanze amafoto amugaragaza yambaye imyambaro igaragaza ibice by’umubiri, ibintu byatangaje benshi ndetse binavugisha abatari bake ku mbuga nkoranyambaga. Aya mafoto yasohotse ku rubuga rwa Instagram, Rihanna ayaherekeresha amagambo
RDC:Constant Mutamba yarezwe ikindi cyaha gikomeye mu nteko ishinga amategeko..
Umushinjacyaha mukuru w’urukiko rusesa imanza muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo yatanze ubusabe bushya mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo aho aregwa ibyaha bikomeye birimo gukubita abo bakorana,gutuka abayobozi,kubahuka abayobozi no kubatesha agaciro. Hashize iminsi ubushinjacyaha bw’urukiko rusesa
Leta ya Kinshasa yagize Goma n’ibiyegereye nk’amahanga, M23 ivuga ko ari ubugambanyi
Ihuriro ry’inyeshyamba za AFC/M23 ryashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) kugendera ku myumvire y’uko hari igice cy’igihugu kitatayeguriwe, bituma yifata nk’aho ari igice cy’amahanga, bikaba bishobora gukurura ingaruka zikomeye ku bumwe bw’igihugu. Mu raporo y’impapuro 38 yashyizwe ahagaragara ku wa
RDC/GOMA:Moise Nyarugabo offre une lueur d’espoir pour la paix dans l’Est de RDC.
Moïse Nyarugabo s’est distingué dès le début par son plaidoyer en faveur des pourparlers avec le M23, une position courageuse qu’il a défendue alors qu’il était député au Parlement. À cette époque, son approche était loin de faire l’unanimité : il a dû
Rwanda:Intwararumuri twaje kubabwira ko mutari mwenyine/Uwacu Julienne.
Ubutumwa bwa Madamu Julliene Uwacu, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Unity Club, Yageneye Intwaza, urubyiruko, n’abafatanyabikorwa: Yihanganishije ababyeyi agira ati: Intwararumuri twaje kubabwira ko mutari mwenyine. Abayobozi b’Igihugu cyacu babumva, babateze amatwi kandi babafite ku mutima. Twiyemeje kutazigera tubasiga inyuma, tuzakomeza gukora ibishoboka byose
Rayon Sports yagaragaje umutoza mushya ugiye kuyifasha guhangana n’amakipe yatumye itsikira
Ikipe ya Rayon Sports imaze gutangaza ku mugaragaro ko Afhamia Lotfi wo muri Tuniziya ari we mutoza wayo mukuru mushya uzayifasha mu mwaka w’imikino wa 2025-2026. Ibi byemejwe binyuze mu itangazo ryashyizwe ahabona n’ubuyobozi bw’iyi kipe kuri uyu wa Gatanu. Hashize iminsi havugwa
RDC/GOMA:Corneille Nangaa uyobora AFC/M23 yahuye na Joseph Kabila Kabange.
Ubuyobozi bw’ihuriro Alliance Fleuve Congo AFC/M23 ryahuye n’uwahoze ari perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Joseph Kabila Kabange bahuriye mu mujyi wa Goma umaze igihe ugenzurwa niri huriro. Abakoresha imbuga nkoranyambaga mu mujyi wa Goma kuwa gatanu tariki ya 30 Gicurasi 2025