RDC:ISHYAKA RYA MATATA PONYO RYATANGAJE KO YABURIWE IRENGERO.
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa repubulika iharanira demokarasi ya Congo wigeze no kuba minisitiri w’intebe wiki gihugu Matata Ponyo ishyaka rye ndetse n’ishuti ze za hafi batangaza ko yaburiwe irengero. Uyu wabaye minisitiri w’intebe wa Rdc yaraherutse gukatirwa n’inkiko ziki gihugu ,igihano
NIJERIYA:IGISIRIKARE CYISHE IBYIHEBE 60 MU BITERO BYO K’UBUTAKA NO MU KIRERE.
Igisirikare cya Nijeriya cyatangaje cyatangaje ko mu bitero bitandukanye cyagabye k’umutwe w’ibyihebe wa ushingiye ku idini rya Islam witwa Boko Haram kishe abasirikare buyu mutwe bagera kuri 60. Igisirikare cya Nijeriya kuwa gatanu tariki ya 30 Gicurasi cyagabye ibitero gikoresheje intwaro zo
Pyramids Fc yegukanye igikombe cya CAF CHAMPIONS LEAGUE
Pyramids fc yegukanye igikombe cya CAF CHAMPIONS LEAGUE ubwo yarimaze gutsinda ikipe ya Mamelodi sundowns ibitego bibiri kuri kimwe. Ni umukino wanyuma wirushanwa rya CAF CHAMPIONS LEAGUE rihuza amakipe yabaye ayambere mubihugu byabo, arinaho ikuri uyu wa 01 kamena 2025 kipe ya Pyramids
RWANDA/QATAR:MINISITIRI OLIVIER NDUHUNGIREHE YASUYE QATAR.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda Amb Olivier Nduhungirehe yagiriye uruzindo rw’akazi mu bwami bwa Qatar aho yabonanye ndetse anaganira na mugenzi we Sheikh Mohammed bin Abbulrahman bin Jessim. Uruzinduko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane yagiriye mu bwami bwa Qatar baganiriye k’umubano w’ubutwererane
UGANDA/RDC:PEREZIDA MUSEVENI YASOBANUYE UBURYO HABYALIMANA NA MUBUTU ARIBO NKOMOKO Y’AMAKIMBIRANE ARI MURI RDC.
Tugiye kugaruka mu buryo burambuye ku ijambo ryavugiwe i Kampala kw’itariki 27/05/2025, ubwo Perezida Ndayishimiye yari yaje gushyikiriza inshingano Perezida Museveni ngo abe ari ukomeza gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba zo gushakira amahoro n’umutekano igihugu cya RDC. Ni munama y’inzego zishinzwe gukurikirana ishyirwa
RDC/BUKAVU:AFC/M23 IGIYE GUSHYIRAHO URWEGO RUGENZURA INZEGO Z’UBUTEGETSI.
Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa repubulika iharanira demokarasi ya Congo(AFC/M23) rwatangaje ko rugiye gushyiraho urwego rwa politike rugenzura inzego zose z’ubutegetsi muri iki gihugu,uru rwego rukazagenzura inzego z’ubuyobozi guhera k’umudugudu kugera muri perezidanse. Mu nama rusange yabaye kuri uyu wa gatandu tariki 31
Burundi:ISHYAKA CNDD FDD RIRASHINJWA KWIHARIRA UBUTEGETSI.
Ishyaka riri k’ubutegetsi mu gihugu cy’u Burundi guhera mu mwaka w’2000 nyuma y’amasezerano no kugabana ubutegetsi mu gihugu cy’u Burundi yakorewe muri Arusha mu gihugu cya Tanzaniya ,iri shyaka rishinjwa n’abatavuga rumwe naryo kwiharira ubutegetsi rikimika igitugu mu gihugu. Igihugu cy’u Burundi
Burundi :amafoto yaranze ukwiyamamaza kwa CNDD FDD mu matora y’abadepite.
Amafoto yaranze ukwiyamamaza kwIshyaka rya CNDD FDD mu matora y’abadepite, mu gihugu cy’u Burundi bamaze iminsi biyamamaza ku mashyaka atandukanye yatanze abakandida kubifuza kujya mu nteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite. Uyu munsi kuwAa 31 Gicurasi 2025 dore amafoto yabiciye bigacika ku mbuga nkoranyambaga
RDC/GOMA:KABILA YAHUYE N’UBUYOBOZI BW’AMASHULI MAKURU NA KAMINUZA MU MUJYI WA GOMA.
Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa DRC, yakiriye itsinda ry’Abayobozi b’Amashuri Makuru na za Kaminuza muri Kivu y’Amajyaruguru. Mu bantu bari bahari harimo Perezida w’Inama y’Abayobozi b’Amashuri Makuru na Kaminuza zo muri Kivu y’Amajyaruguru akaba n’umuyobozi wa Kaminuza ya Goma (UNIFORM), Mohindo
RDC/GOMA:JOSEPH KABILA A POURSUIVI SA SERIE DE CONSULTATIONS.
Ce samedi 31 mai 2025, Son Excellence le Président honoraire Joseph Kabila Kabange a poursuivi sa série de consultations en recevant une délégation de responsables d’établissements supérieurs et universitaires. Parmi les personnalités présentes figurait notamment le président de la Conférence des chefs d’établissements