Koreya y’Epfo bari kwishyura abantu ngo bakore ubukwe.
Muri Koreya y’Epfo bari kwishyura abantu ngo bakore ubukwe. Mu gihugu cya Koreya y’Epfo mu gace ka Busan, batangije uburyo bwo guha abantu amafaranga ibihumbi 38,000 by’amadorari (arenga miliyoni 53 Rwf) kugira ngo bakunde bakore ubukwe. Aya mafaranga bavuga ko azajya afasha abasore
RDC:Qatar yashyikirije m23 na guverinoma ya Kinshasa ibikubiye mu mushinga w’amasezerano y’amahoro.
Muri iki cyumweru nibwo hatangajwe ko Qatar yahaye umutwe wa m23 na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ,umushinga ukubiyemo amasezerano y’amahoro hagati yizi mpande zombi zihanganye. Mu nkuru dukesha igitangazamakuru cyo mu gihugu cy’Ubwongereza Reuters banditse ko uwo mushinga w’amasezerano Qatar yashyikirije umutwe
Umugore wa Gafaranga yamukurikije imitoma muri Gereza.
Annet Murava, umugore wa Habiyaremye Zacharie uzwi nka ‘Bishop Gafaranga’ ukurikiranyweho icyaha cy’ihohotera rishingiye ku gitsina, yongeye kumugenera ubutumwa, amusezeranya ko ari kumusengera. Umugore wa Bishop Gafaranga, yatangaje ubu butumwa abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram n’ubundi aherutse kunyuzaho ubutumwa yari aherutse kumugenera.
RDC:Umuyobozi wa Lamuka Martin Fayulu yahuye na perezida Felix Tshisekedi.
Kuri uyu wa kane, Martin Fayulu Madidi yakiriwe muri Palais de la Nation na Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo baganira igihe kingana n’amasaha abiri,babonanye nyuma y’amasaha 72 Fayulu abisabye ko babonana. Ubusanzwe Martin Fayulu ni Perezida w’ishyaka rya Ecidé . Umurebye mu maso
RDC/Goma:Afc/m23 yahishuye ibanga ry’ibiganiro bya Doha na perezidaTshisekedi.
Ihuriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi nyuma yuko ryikuye mu biganiro i Doha ryatangaje ibinga ryibi biganiro ko aribyo byonyine byakemura ibibazo bya repubulika iharanira demokarasi ya Congo . Umuvugizi mukuru mubya politike wa Afc/m23 Lawrence Kanyuka ,yemeje ko itsinda ryari rihagarariye
RDC:Afc/m23 yikuye mu biganiro bya Qatar nyuma yo kumarayo ukwezi.
Ihuriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa repubulika iharanira demokarasi ya Congo ryikuye mu biganiro ryarimo n’ubu butegetsi nyuma yuko intumwa ziri huriro zimaze iminsi irenga mirongo itatu muri Qatar. Ihuriro rya Afc/m23 ryahamagaje intumwa zaryo zari i Doha mu gihugu cya Qatar aho
RDC/Goma:Birato Rwihimba Emmanuel wari guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo yakuweho.
Mu itangazo ryasohowe n’ihuriro rya alliance fleuve Congo rigaragaza ko uwari guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo yamaze gukurwa muri izo shingano agahabwa izindi shingano zo kuba diregiteri ushinzwe uburezi,igenamigambi no guteza imbere ishoramari . Guverineri Birato Rwihimba yari yashyizwe kuri uyu mwanya mu
RDC/MASISI:Imirwano ikaze yongeye kubura hagati ya Wazalendo na m23 muri Kiringi.
Imirwano ikaze yongeye kubura hagati y’umutwe wa Wazalendo n’umutwe wa m23 muri teritwari ya Masisi cyane cyane mu gace ka Kiringi nkuko amakuru aturuka muri kano gace abivuga. Imirwano ikaze yongeye kubura muri teritwari ya Masisi hagati ya Wazalendo na m23 ,iyi mirwano
RDC/UVILA:Abapfakazi b’abasirikale ba Fardc bari mu myigaragambyo ikaze kubera kutabona ibyo Tshisekedi yabemereye.
Abapfakazi b’abasirikale ba Fardc bari mu myigaragambyo ikaze kubera kutabona ibyo Tshisekedi yabemereye aho yari yabasezeranyije ko azajya abaha imishahara y’abagabo babo baguye mu ntambara ibahanganishije n’umutwe wa m23 none amezi abaye ane badahembwa. Aba bapfakazi bahoze bafite aba gabo babo mu gisirikare
RDC/Ituli:inyeshyamba za Thomas Lubanga zongeye gutera ibirindiro bya Fardc.
Inyeshyamba za Thomas Lubanga ziri m’umutwe wa CRP zashinzwe n’uyu mugabo zongeye gutera ingabo za repubulika iharanira demokarasi ya Congo muri teritwari ya Ituli mu nkengero z’ikiyaga cya Vert. Imirwano yongeye kubura hagati y’ingabo z’umutwe w’inyeshyamba washinzwe na Thomas Lubanga witwa CRP