Umubano wa P-Square ukomeje gukura nka Bombo iri mu kanwa
Peter Okoye, wamenyekanye nka Mr. P mu itsinda rya P-Square, yatangaje ko umubano we n’umuvandimwe we Paul Okoye (Rudeboy) utagifite icyizere cyo kongera kuzura, nyuma y’igihe bagerageza kongera gukorana ariko bikanga. Ibi bibaye nyuma y’isenyuka rya kabiri ry’itsinda rya P-Square, rikubise inshuro ya
RDC:Umutwe wa FDLR wazindutse utera ibirindiro bya m23 muri Kinyandoyi.
Umutwe wa FDLR wazindutse utera ibirindiro bya m23 muri Kinyandoyi aho imirwano yamaze igihe kigera mu isaha imwe. Kinyandoyi ni umudugudu uherereye muri teritwari ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,uyu mudugudu umaze iminsi wibasirwa n’ibitero by’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ufatikanyije na Wazalendo
Rutshuru:Umurwanyi ufite ipeti rya koroneli muri Wazalendo yishyikirije m23.
M’urukerera rwo kuri iki Cyumweru ,tariki 07 Kamena ,umurwanyi wo mu mutwe wa Wazalendo ufite ipeti rya clonel autoproclame yishyikirije igisirikare cy’umutwe wa m23( ARC) muri gurupoma ya Tongo ,teritwari ya Rutshuru. Uyu murwanyi wa Wazalendo akaba azwi ku mazina ya clonel autoproclame
Rwanda: Kubera RDC u Rwanda rwikuye m’umuryango wa CEAAC.
U Rwanda rwatangaje ko rwafashe icyemezo cyo kuva m’umuryango w’ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika yo hagati CEAAC,kubera ko wagizwe igikoresho na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ibifashijwemo na bimwe mu bihugu biwugize. Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko u Rwanda rwababajwe no kugirwa igikoresho
Rwanda:Ni ukugoreka amateka no gusebya umuyobozi w’igihugu ariko byabaye ububata/Yolanda Makolo.
Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda ,Yolanda Makolo yanenze ibinyamakuru bikomeje gusubiramo ibinyoma bigamije guharabika igihugu n’umuyobozi wacyo.Perezida Paul Kagame. Igisirikare cya Fardc cyashimuse abasirikare babiri ba RDF ubwo bari k’uburinzi k’umupaka uhuza RDC n’u Rwanda abo baric pl Nkundabagenzi Elyse na
Burundi :Perezida Evariste Ndayishimiye yasuye umunyarwenya ajya kumuhingira.
AMAFOTO Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye witegura amatora y’umukuru w’Igihugu yasuye umunyarwenya wakanyujijeho muri icyo Gihugu uzwi nka Mutima aho yahisemo kuva mu Mujyi akajya mu bice by’icyaro guhinga ibirari. Minani Fleury [ Mutima ] usanzwe ari inshuti ya Evariste Ndayishimiye yataye Umujyi
RDC:Abaslam bo mu mujyi wa Bukavu barasaba abanyepolitike kuganira.
Abayisilamu batuye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ,kuri uyu wa gatanu basabye abanyapolitike n’abandi bafata ibyemezo ko bakwiye kuganira kugira ngo haboneke amahoro arambye kandi ngo n’ubuyobozi bwa leta bubashe gukora neza. Ubu busabe bwaba bayisilamu bwatanzwe k’umunsi wo kwizihiza ugusoza igisibo cya
RDC:Minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba yabijijwe ibyuya n’ubushinjacyaha bwa RDC.
Minisitiri w’ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Constant Mutamba yongeye kwitaba ubushinjacyaha bw’urukiko rusesa imanza muri iki gihugu abizwa ibyuya n’ibibazo yahatwaga n’ubu bushinjacyaha mu gihe kingana n’amasaha hafi icyenda yicaye ahatwa ibibazo we n’abunganizi bagera kuri makumyabiri yari yitwaje. Minisitiri
RDC:Mobutu yavumye RDC Perezida Tschilombo Felix Tshisekedi arinda uwo muvumo.
Mobutu yavumye DRC, kandi Tshisekedi arinda umuvumo niko umwe mu bashinzwe umutekano yatangarije ikinyamakuru The New York Times ku ya 16 Gicurasi 1997, nyuma yuko Mobutu ategeka gutwika umurambo wa Habyarimana wapfuye muri Mata 1994, ati: “Iyaba ari njye bireba, nari kujugunya mu
RDC:Kuki leta ya Congo Kinshasa yananiwe kugarura amategeko n’umutekano mu burasirazuba bwa DRC kuva 1994?
Mu myaka irenga mirongo itatu, amahoro yakomeje kuba ingorabahizi ku baturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Ariko Kuki leta ya Congo Kinshasa yananiwe kugarura amategeko n’umutekano mu burasirazuba bwa DRC kuva 1994? Byose byatangiranye n’uwahoze ari perezida wa Zayire (ubu ni