RDC:Minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba m’ubutabera.
Ubushinjacyaha bukuru bw’urukiko rusesa imanza muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bwongeye gusaba inteko ishinga mategeko yiki gihugu umutwe w’Abadepite ko wabaha uburenganzira bwo kurega mu nkiko minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba kubera ibyaha akekwaho birimo kunyereza umutungo wa rubanda ndetse n’ibyaha bifitanye isano
Muyoboke Alex yasubije abanenga uko The Ben yambara
Muyoboke Alexis, umwe mu bantu bakorana bya hafi n’umuhanzi The Ben, yagaragaje ko ibitekerezo bitangwa ku bijyanye n’imyambarire y’uyu muhanzi bitagakwiye kugira ingaruka ku buryo yakirwa n’abakunzi b’umuziki we. Avuga ko icy’ingenzi ari umuziki akora, aho kwibanda ku myambarire ishotora ibitekerezo bitandukanye ku
RDC:Umutwe wa M23 watwitse ibirindiro bya Wazalendo muri Mulema.
Mu mirwano yabaye ku Cyumweru tariki ya 9 kamena, yashyamiranyije abarwanyi bo m’umutwe wa Wazalendo nabo m’umutwe wa m23 mu mudugudu wa Mulema,gurupoma ya Kisimba ,teritwari ya WALIKAle ,intara ya Kivu y’amajyaruguru yarangiye umutwe wa m23 utwitse ibirindiro bya Wazalendo byari muri uyu
RDC/Wassa:Umuwazalendo yishe Se bamuhanisha kumutwika.
Umurwanyi wa Wazalendo yishe Ise umubyara amurashe , abaturage bagira umujinya bamuhanisha kumwica bamutwitse m’umudugudu wa Lumumba ,teritwari ya Walikare , gurupoma ya Wassa. Ubu bwicanyi bwabaye kuri iki cyumweru gishize tariki ya 08 Kamena,aho umusore usanzwe abarizwa mu barwanyi ba Wazalendo yarashe
RDC:Bukavu hongeye kugabwa igitero cy’ iterabwoba gihitanye benshi.
Mu murwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyepfo Bukavu muri ik gitondo hagabwe igitero gikomeye n’abantu bitwaje intwaro bataramenyekana,icyo gitero cyagabwe muri komine ya Kadutu ubwo burugumestre wa AFC/M23 yakoreshaga inama abaturage. abaturage batuye muri aka gace bavuga yuko bumvise urufaya rwamasasu menshi mugace
RDC/Rutshuru:Wazalendo na FDLR bateye ibirindiro bya m23 muri Nyamilima.
Umutwe wa Wazalendo ifatanyije n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR kuri uyu wa mbere tariki ya 9 kamena bateye ibirindiro bya m23 m’umudugudu wa Nyamilima muri teritwari ya Rutshuru aho hishwe n’umwana w’imyaka cumi n’itatu(13) muri iyo mirwano ahitanywe n’amasasu . Amakuru avuga ko
RDC:Abarwanyi b’umutwe wa m23 bikuye muri santere ya Bukombo.
M’ucyumweru gishize umutwe wa m23 wikuye muri santere ya Bukombo bitewe n’imirwano yari ibahanganishije n’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo,aho m23 ivuga ko yikuye muri iyi santere ,naho Wazalendo ikigamba kubirukana. Ni imirwano yabaye hagati ya gurupoma ya Bukombo na gurupoma ya Tongo ariko m23
Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri.
Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye none ku wa 09 Kamena 2025 muri Village Urugwiro iyobowe na Minisitiri wintebe, Dr. Edouard Ngirente. Ibyemezo byafashwe muri iyi nama idasanzwe y’abaminisitiri YIBANZE cyane ku kibazo cyerekeranye no kwikura ku Rwanda m’umuryango w’ubukungu w’ibihugu by’Afurika yo
RDC: Martin Fayulu yasobanuye icyo ihuriro ashaka gushinga we na Tshisekedi rizamara.
Martin Fayulu avuga ko ikiruta byose, ari imitekerereze, Ikubiyemo ukwemera ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari imwe, yunze ubumwe, kandi itagabanywa. Yerekana kubahiriza byimazeyo Itegeko Nshinga. Nibigaragaza ijwi ry’abaturage ba congo banze kuyoboka, ubufatanyacyaha, cyangwa guceceka imbere y’iterabwoba nyaryo rigamije gutwara ubutaka
Zimbambwe:Inzego zicunga Parike zigiye kwica inzovu kugira ngo ibaganye umubare munini wazo.
Zimbambwe igiye kwica inzovu kugira ngo igabanye umubare munini wazo,iki gihugu kirateganya kwica inzovu zibarirwa muri mirongo itanu mu muhate wo kugira ngo ishobore gucunga umubare wazo ukomeje kwiyongera,nkuko byemejwe n’ikigo gishinzwe Parike zo muri iki gihugu. Inyama zizi nzovu biteganyijwe ko zizahabwa