Umuhanzikazi Ariel Wayz yatangiye gukorana na Sosiyete mpuzamahanga
Umuhanzi w’umunyarwandakazi Ariel Wayz yamaze kwinjira mu bahanzi bakorana na sosiyete mpuzamahanga “Universal Music Group”isanzwe izwiho gufasha abahanzi bakomeye ku Isi. Iyo sosiyete iri mu nzu z’imiziki eshatu zikomeye ku Isi ibarizwamo abahanzi banyuranye b’ibyamamare mpuzamahanga, aho ikorera mu bihugu bisaga 60. Mu
Rusizi: Umusore w’imyaka 21 yasanzwe yapfuye nyuma yo gusiga ubutumwa kuri WhatsApp
Mu gitondo cyo ku wa Kane, tariki ya 12 Kamena 2025, mu Mudugudu wa Murongo, Akagari ka Tara, Umurenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi, habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 21 witwa Uwamurengeye Clément, bikekwa ko yaba yiyambuye ubuzima. Amakuru atangwa n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze
Indege ya Air India yarimo abagenzi 242 yakoze impanuka nyuma yo guhaguruka, ibyayo bikomeje gusuzumwa
Indege ya kompanyi y’u Buhinde, Air India, yari itwaye abagenzi 242 yerekeza i London mu Bwongereza, yakoze impanuka nyuma y’iminota mike ihagurutse ku Kibuga cy’Indege cya Ahmedabad, mu gihugu cy’u Buhinde. Iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing 787-8 Dreamliner, izwi nka AI171,
Igisirikare cya Afurika Yepfo cyatangaje ko gitangira gucyura ingabo zacyo zari mu mujyi wa Goma.
Igisirikare cya Afurika Yepfo cyasoye itangazo rivuga ko kuwa 13 Kamena 2025 kizakira itsinda rya mbere ry’abasirikare babo bari m’Uburasirazuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bari baje m’ubutumwa bwa SAMIDRC bakaza gutsindwa n’abarwanyi bo mu mutwe wa m23. Iri tanagazo ryasowe kuwa
Rwanda/RDC:Uko Senateri Tite Rutaremara abona umuryango wa CEEAC.
Nta handi ku isi wabona abantu bakuraho amategeko bishyiriyeho nta mpamvu igaragara, bakayakuraho badakurikije inzira bishyiriyeho zo kuyakuraho. Umuryango w’Ubukungu bw’Ibihugu byo muri Afurika yo Hagati (CEEAC); ibyo wakoze biteye urujijo n’agahinda ,ubwo inama y’uyu muryango waberaga muri DRC iyobowe na Tshisekedi bimye
RDC:Ihuriro rya AFC/M23 ryashyizeho guverineri mushya w’intara ya Kivu y’Amajyepfo.
Ihuriro rya AFC/M23 ryashyizeho guverineri mushya w’intara ya Kivu y’Amajyepfo kuri uyu wa gatatu tariki ya 11 kamena aho ryatangaje ko kubera guverineri Birato Rwihimba Emmanuel yahawe ishingano nshya,hafashwe icyemezo cyo kumusimbuza bwana Busu Bwa Ngwi Nshyombo Patrick. Irihuriro kandi ryashyizeho na
RDC:Minisitiri w’ubutabera wa RDC yamaganye umushinjacyaha mukuru n’abacamanza .
Muri DRC, Minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba, yamaganye umushinjacyaha mukuru mu rukiko rusesa imanza muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, Firmin Mvonde, ejo, ku wa gatatu, tariki ya 10 Kamena, mu ibaruwa yabonywe na RFI. Iki cyemezo agifashe nyuma Yuko ejo bundi umushinjacyaha mukuru
Kendrick Lamar yeretse imbabazi nke abo baribahataniye ibihembo bya BET Awards 2025 (Amafoto)
Umuraperi w’Umunyamerika Kendrick Lamar Duckworth yongeye kwigaragaza nk’inkingi ya mwamba mu ruhando rwa muzika yihariye ibihembo byinshi mu birori bya BET Awards 2025 byabereye i Los Angeles, atsindira ibyiciro birenga bitanu mu icumi yari ahataniyemo n’abandi bahanzi bakomeye. Mu byiciro bikomeye yegukanye harimo
IGERERANYA:Ousmane Dembélé na Lamine Yamal mu rugamba rwo guhatanira Ballon d’Or 2025
Mu gihe umwaka w’imikino wa 2024/2025 usojwe, ibitekerezo by’abafana, abanyamakuru n’inzobere mu mupira w’amaguru bikomeje kwibanda ku ba mbere bahataniye igihembo cy’ikirenga ku mukinnyi witwaye neza kurusha abandi ku isi – Ballon d’Or. Muri uru rugamba, amazina abiri yatumye benshi bacika ururondogoro ni
Rutshuru-Walikale:Imirwano ikaze yahanganishije umutwe wa m23 na Wazalendo.
Imirwano ikaze yahanganishije abarwanyi b’umutwe wa m23 nabo m’umutwe wa Wazalendo muri teritwari ya Rusthuru no muri teritwari ya Walikale kuri uyu wa kabiri tariki 10 kamena,yatumye abaturage benshi bava mu byabo. Umutekano ukomeje kuba mukeya mu bice bya teritwari ya Rutshuru na