Rwanda: Hiyemejwe kongera umubare w’abana bajya mu mashuri y’inshuke kugera kuri 65%
Leta y’u Rwanda yatangaje ko igiye gukaza ingamba zo kongera umubare w’abana bajya mu mashuri y’inshuke, igamije gutuma batangira amashuri abanza bafite ubumenyi bubafasha kwitwara neza mu myigire. Intego ni uko mu myaka itanu iri imbere nibura 65% by’abana bazaba banyuze muri ayo
Ibihugu bizakira CAN 2027 byashyize ingengo y’imari ku bikorwa by’imyiteguro
Ibihugu bya Kenya, Uganda na Tanzania byamaze gushyira ingengo y’imari mu bikorwa bijyanye n’imyiteguro y’Igikombe cya Afurika cya 2027 (AFCON 2027), rizaba ribaye ku nshuro ya mbere ribereye mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba. Ku ngengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026, uzahita ukurikirwa n’uzaberamo iri rushanwa,
RDC/GOMA:Umuyobozi wa MONUSCO atangiye inama n’ubuyobozi bwa AFC/M23.
Intumwa idasanzwe y’umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’abibumbye ,Bintou Keita Ari mu nama n’abayobozi bakuru n’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi AFC/m23 iyi nama ikaba yatangiye guhera saa yine kuri uyu wa Gatanu 13 Kamena2025 ikaba iri kubera mu mujyi wa Goma. Umuyobozi wa Monusco yageze
Kazungu Denis ushinjwa kwica abantu 13 yavuze amagambo agaragaza ko yifuza gufungurwa
Kazungu Denis, wahamijwe ibyaha bikomeye by’ubwicanyi n’ibindi byaha byibasiye ikiremwamuntu, yasabye Urukiko Rukuru rwa Kigali ko rwamugabanyiriza igihano cy’igifungo cya burundu yahawe. Mu rubanza rwabaye ku wa 12 Kamena 2025, Kazungu yavuze ko yemeye ibyo ashinjwa, abisabira imbabazi kandi afasha ubutabera mu iperereza,
Zambia:Hakainde Hichilema ntazangerere k’umurambo cyangwa ku gituro/Perezida Edgar Lungu.
Uwahoze ari Perezida w’igihugu cya Zambia Edgar Lungu wapfuye mu Cyumweru gishize yasize atanze amabwiriza k’umuryango we ko badakwiye kwemerera uwamusimbuye ku mwanya wa Perezida wiki gihugu ko yazagera k’umurambo we cyangwa ngo abe yakandagira aho bazamushyingura. Ibi byatangajwe uyu munsi kuwa
RDC:Nibura abantu 35 bishwe n’umutwe wa ADF muri Banango.
Nibura abantu 35 bishwe n’umutwe wa ADF mu gace ka Banango muri Locarite iri hafi na Lubero centre nkuko amakuru aturuka muri kano gace abyemeza,bivugwa abasivile nibura 35 bishwe kuwa 7kamena. Abayobozi bayobora sosiyete sivile zo mu gace ka Banango batangaje ko iyicwa
RDC/GOMA:Umuyobozi wa MONUSCO Bintou Keita yageze i Goma kubonana n’abayobozi ba AFC/M23.
Umuyobozi wubutumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo MONUSCO ,Bintu Keita yaraye ageze mu mujyi wa Goma ugenzurwa n’ihuriro rya AFC/M23 bikaba biteganyijwe ko azanahura n’abayobozi biri huriro rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa bakaganira. Amakuru yagiye ahagaragara nuko
RDC:ingabo za SAMIDRC ikiciro cya mbere cyatashye kinyuze mu Rwanda.
Ingabo zari mu butumwa bwa SADC muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bwiswe SAMIDRC ikiciro cya mbere cyatashye kinyuze mu Rwanda aho hatashye abasirikare barenga 700 zitaha zinyuze mu Rwanda mu karere ka Rubavu k’umupaka uzwi ku izina rya Grande Barriere(La Corniche). Mu
Umuramyi Davinshi yashyize hanze indirimbo nshya yakunzwe na benshi.
Umuramyi uzwi ku mazina y’ubuhanzi nka Davinshi uhanzwe Amaso mu karere U Rwanda ruherereyemo yashyize hanze Indirimbo yakoze ku mitima ya benshi hirya no hino mu karere k’Afurika y’iburasirazuba. Ubundi amazina ye nyakuri yiswe n’ababyeyi ni David Nshimiyimana, ni umuramyi uvuka mu karere
RDC:MRDP/Twirwaneho yamaganye ibitero by’ingabo z’Abarundi.
Ishyaka rya MRDP/Twirwaneho ryasoye itangazo ryamagana ibitero by’ingabo zirwana k’ubutegetsi bwa Kinshasa harimo ingabo z’Abarundi,umutwe wa FDLR,Wazalendo n’ingabo za Fardc. Ishyaka rya MRDP/Twirwaneho rivugako ibi bitero byibasira abasivile batuye Minembwe na Rugezi hatuye abanyamulenge benshi ,bikaba bikorwa hagamijwe kubakorera jenoside.