Imodoka y’Umunyamakuru Bianca Yari Yaribwe Yabonetse mu Karere ka Kamonyi
Nyuma y’igihe gito bivuzwe ko Bianca, umunyamakuru ukorera SK FM na ISIBO TV, yibwe imodoka yo mu bwoko bwa Hyundai, amakuru mashya yamenyekanye ni uko iyo modoka yagaragaye mu gace ka Bishenyi, gaherereye mu Karere ka Kamonyi. Mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru IGIHE
Musanze yigaranzuye andi makipe mu mikino ya nyuma ya “Umurenge Kagame Cup 2025”
Akarere ka Musanze kabaye indiri y’ibyishimo nyuma y’uko amakipe yahagarariye aka karere yegukanye ibikombe mu mikino ya nyuma ya “Umurenge Kagame Cup 2025,” irushanwa ryitiriwe Perezida wa Repubulika, rikaba ryarasojwe kuri iki Cyumweru. Mu mukino wa Basketball, Musanze yitwaye neza mu byiciro byombi.
RDC:Tumenye inkomoko y’umutwe wa M23 n’abawugize.
Umutwe wa m23 bisobanura itariki 23 z’ukwezi kwa Gatatu ,ibi byavuye m’ururimi rw’igifaransa 23 Mars, ni umutwe wavutse ukomotse ku masezerano yasinywe hagati y’ubutegetsi bwa Perezida Joseph Kabila Kabange n’abahoze mu barwanyi b’umutwe wa CNDP(Congres National Pour la Defense du Peuple) mu mwaka
Iran/Israel:Menya inkomoko yo gushyamirana kwa Iran na Israel
Igihugu cya Iran na Israel bimaze igihe kinini ari abanzi. Kuko Iran itemera Israel nk’igihugu ahubwo igashyigikira imitwe yose yitwaje intwaro yose irwanya Israel. Iran ishyigikira imitwe yitwaje intwaro irwanya Israel nka Hamas yo muri Gaza mugihugu cya Palestine, igashyigikira Hezbollah yo muri
Iran:Igitero cyagabwe na Israel muri Iran cyahitanye abayobozi b’ingabo biki gihugu.
Ntibisanzwe ko igihugu gipfusha umugaba w’ikirenga w’ingabo n’umugaba w’ingabo mu gitero kimwe ariko byaje kuba mu gihugu cya Iran ubwo igisirikare cya Israel cyagabaga igitero karundura muri iki gihugu. Iran yiyemereye ko abayobozi bakuru b’igisirikare bishwe n’igiterko cya Israel barimo Gen. Hossein Salami
Russia :Menya Perezida Vladimirovic Putin uwo ariwe.
Vladimir Vladimirovich Putin ni umugabo w’imyaka 73 ugira isabukuru ku ya 7 Ukwakira buri mwaka kandi iyi sabukuru kuyizihiza biba ari ibirori bikomeye cyane mu gihugu cy’Uburusiya. Putin ni Prezida w’igihugu cya mbere kinini ku isi aho kiri ku buso bwa Km² 17,098,242.
Umuririmbyi Natty Dread yitabye Imana mu Budage
Umuhanzi w’umurage ukomeye muri muzika ya Reggae, Natty Dread, yapfuye mu ijoro ryo ku wa 13 Kamena 2025 aguye mu Budage, aho yari amaze igihe yivuza. Iyi nkuru yamenyekanye binyuze ku muntu wari usanzwe amufasha kandi banabanaga mu Mujyi wa Kigali, wahamirije IGIHE
RDC/Burundi:Ingabo z’Uburundi zatangiye guhungisha ibikoresho byabo byari mu mujyi wa Uvila.
Ingabo z’Uburundi zatangiye guhungisha ibikoresho byabo byari mu mujyi wa Uvila,ni nyuma yuko umuvugizi wa gisirikare cy’umutwe wa m23 yandikitse k’urukuta rwe, rwa twitter ko ibiri gukorwa n’ingabo za guverinoma ya Kinshasa zifatanyije na Mai Mai n’ingabo z’Uburundi batagumya kubyihanganira ko bagiye kubihagarika.
RDC:Ubutumwa bwa Bintou Keita mu nama n’abayobozi ba AFC/m23 I Goma.
Ubutumwa bwatanzwe n’intumwa idasanzwe y’umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’abibumbye Bintou Keita ubwo yahuraga n’abayobozi ba AFC m23 mu mujyi wa Goma. Bintou Keita yagize ati”Naje mu mujyi wa Goma kumva no kungurana ibitekerezo n’ihuriro rya AFC m23,uru rugendo rwaje mu gihe ibintu bitameze neza
Chriss Eazy mu gahinda ko kubura umubyeyi we
Umuhanzi w’Umunyarwanda Chriss Eazy ari mu bihe by’akababaro nyuma y’urupfu rwa nyina umubyara, umwe mu bantu bari bafitanye umubano wa hafi cyane mu buzima bwe. Mu gitondo cyo ku wa 13 Kamena 2025, Chriss Eazy yifashishije urubuga rwa Instagram asangiza abamukurikira amashusho agaragaza