Goma/Afc m23:Abayobozi bashya b’intara ya Kivu Y’Amajyepfo barahiriye inshingano zabo.
Mu Mafoto umuhango wirahira ry’Abayobozi bashya b’intara ya Kivu y’Amajyepfo. Mu mujyi wa Goma, Busu Bwa Ngwi Nshombo Patrick Guverineri mushya w’intara ya Kivu y’Amajyepfo na Mukiza Nzabinesha Gadi Visi-Guverineri Ushinzwe ubukungu n’iterambere barahiriye izo nshingano imbere y’abayobozi ba AFC/M23 barimo Corneille Nangaa
RDC:Lt Gen Jean Claude Yav umusirikare muri FARDC yatawe muri yombi.
Amakuru ava mu gisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko urwego rw’iperereza rwa DEMIAP ko rwamaze guta muri yombi umusirikare mukuru muri FARDC witwa Lt Gen Jean Claude Yav akaba yafatiwe iwe i Kinshasa. Uyu Lt Gen Jean Claude Yav yari
Iran vs USA:Perezida Donald Trump yarakariye Iran ashobora kuyirasaho.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika k’urukuta rwe rwa Truth Social yasabye abaturage bose kuva mu mujyi wa Tehran ,umurwa mukuru wa Iran ,aho bivugwa ko USA ishobora kuba igiye kuhagaba ibitero simusiga. Trump yagize ati:”Iran yagombaga kwemera amasezerano nabasabye.Ni agahomamunwa
Burundi:Polisi yatangiye guhohotera impunzi z’Abanyekongo.
Mu nkambi y’impunzi iri m’Uburasirazuba bw’igihugu cy’u Burundi yitwa Musenyi ,iherereye muri komine Giharo mu ntara ya Rutana ahari impunzi z’Abanyekongo zatangiye guhohoterwa n’igipolisi cy’Uburundi. Nk’uko bitangazwaz nizi mpunzi biravugwa ko impunzi igerageje gusoka inkambi icibwa amafaranga cyane iyo ufatiwe mu isoko rya
Iran:Ali Shadmani wari umugaba Mukuru w’Ingabo za Iran yishwe na Israel.
Uwari yagizwe umugaba w’Ingabo Mukuru w’igisirikare cya Iran yishwe na Israel, ibi ni ibyatangajwe n’igisirikare cya Israel ko cyarashe Ali Shadmani uherutse guhabwa inshingano zo kuba umugaba Mukuru w’Ingabo za Iran. Uyu mugaba nta minsi itatu yaramaze ahawe izi nshingano nyuma y’uko uwari
RDC:Hamenyekanye Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abasirikare bakuru b’Abarundi na Fardc .
Hamenyekanye Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abasirikare bakuru b’Abarundi na Fardc ndetse n’intumwa za Ambasade ya Afurika Y’Epfo n’iyi gihugu cy’Ububiligi. Kuri uyu wa mbere tariki ya 16/06/2025 nibwo I Bujumbura muri Quartier ya Musaga ,hateraniye inama y’abayobozi bakuru b’ingabo zu Burundi zagiye
RDC/Burundi:Igisirikare cy’Uburundi cyatumije abasirikare bakuru babo bari muri Uvila.
Igisirikare cy’Uburundi cyatumije abasirikare bakuru biki gisirikare bari k’urugamba mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo,ahatumijwe abasirikare bakuru ndetse n’abasirikare bakuru bashinzwe ubutasi muri izo ngabo zagiye kurwana muri iki gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Amakuru dukesha ikinyamakuru cya Telegrame
RDC:Kinshasa imvura y’Amahindu yahitanye abantu benshi abandi baburirwa irengero.
Mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo i Kinshasa imvura y’Amahindu yahitanye abantu benshi abandi baburirwa irengero.Nkuko byatangajwe na minisiteri y’umutekano n’ibikorwa by’umuco bigaragara ko iyi mvura yagize ingaruka kuma komine 8 y’umujyi wa Kinshasa. Mu itangazo ryiyi minisiteri rivuga ko
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda yavuze ko amasezerano y’amahoro na Congo ataragera ku rwego rwo gusinywa
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Jean Patrick Nduhungirehe, yatangaje ko amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akiri mu nzira y’ibiganiro, bityo hataragera ku gihe cyo kuyashyira umukono. Ibi yabitangaje mu gihe hari amakuru yavugaga ko
Donald Trump yahakaniye Israel umugambi wo kugerageza kwivugana Ayatollah wa Iran
Bivugwa ko Donald Trump, wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, atigeze yemeranya n’umugambi wa Israel wo kugerageza kwivugana Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mu gihe yari agifite ububasha bwo kuyobora. Amakuru aturuka ku bayobozi batatu bo muri Amerika