Uko ubuhahirane hagati ya Goma na Rubavu bwifashe

Uko ubuhahirane hagati ya Goma na Rubavu bwifashe

Feb 3, 2026

Umujyi wa Goma n’uwa Rubavu mu Rwanda ifatwa nk’impanga kubera ko yegeranye. Itandukanyijwe gusa n’umupaka munini wa La Corniche n’umuto (Grande Barriere), yifashishwa cyane mu bikorwa by’ubuhahirane n’imigenderanire hagati y’Abanyarwanda, Abanye-Congo n’abanyamahanga. Meya Katembo yasobanuye ko kubera inzitizi Leta ya RDC yashyizeho zituma

Read More
Umuyobozi w’umujy wa Goma yasobanuye uko umutekano wifashe muri uyu mujyi nyuma yo gufatwa na afc/m23

Umuyobozi w’umujy wa Goma yasobanuye uko umutekano wifashe muri uyu mujyi nyuma yo gufatwa na afc/m23

Feb 3, 2026

Umuyobozi w’Umujyi wa Goma, Julien Katembo Ndaliema, yatangaje ko kuva ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangira kuwugenzura, ryawusubije ku murongo mu nzego zitandukanye zirimo umutekano ndetse n’ubucuruzi. Meya Katembo yasobanuye ko Leta ya RDC yari yarinjije abarwanyi b’umutwe

Read More
Umutwe wa Twirwaneho yahuruje ko iri kuraswa na drone za leta zigera kuri 18 muri Minembwe

Umutwe wa Twirwaneho yahuruje ko iri kuraswa na drone za leta zigera kuri 18 muri Minembwe

Feb 3, 2026

Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko mu minsi itatu, ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryohereje drones zirenga 18 n’indege z’intambara mu kirere cya Komini Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kugira ngo zice abasivili. Umuvugizi wa Twirwaneho, Col Kamasa

Read More
Intumwa za Afc/m23 i Doha yasabye ko Monusco yajya mu mujyi wa Uvira

Intumwa za Afc/m23 i Doha yasabye ko Monusco yajya mu mujyi wa Uvira

Feb 3, 2026

Mu gihe umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo umaze imyaka myinshi uhungabanywa n’intambara n’amakimbirane ya politiki, Guverinoma ya RDC n’ihuriro AFC/M23 bongeye kugaragaza ubushake bwo guhindura amateka, basinyira i Doha muri Qatar amasezerano agamije gushimangira inzira y’amahoro arambye mu

Read More
Itangazo ry’akabaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200

Itangazo ry’akabaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200

Feb 2, 2026

Itangazo ry’akabaro ka AFC/M23 ku makuru agoretse yatanzwe n’ubutegetsi bwa Congo bwuririye ku byago byishe abarenga 200 Ihuriro AFC/M23 ryavuze ko ryababajwe bikomeye n’imyitwarire y’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku makuru y’ikinyoma bwatanze ku mpanuka y’ikirombe cy’amabuye y’agaciro muri Rubaya cyagwiriye

Read More
Tshisekedi yasabiye ibihano u Rwanda kuko rwemeje ko rukorana na m23

Tshisekedi yasabiye ibihano u Rwanda kuko rwemeje ko rukorana na m23

Feb 1, 2026

Amagambo yatangajwe na perezida Tshisekedi yerekeranye nuko u Rwanda rwemeje ko rukorana na m23 , Tshisekedi avuga ko yishimiye ko Isi imenye ibyo yakunze kugaragaza ko yatewe n’u Rwanda Kandi asaba umuryango mpuzamahanga ko gufata Ibyemezo bikwiye hashingiwe kubyo u Rwanda rwiyemereye, Tshisekedi

Read More
Umusirikare ukomeye mubarinda Tshisekedi yarezwe urugomo mu nkiko z’Ububiligi

Umusirikare ukomeye mubarinda Tshisekedi yarezwe urugomo mu nkiko z’Ububiligi

Feb 1, 2026

Abanyapolitiki batatu bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batanze ikirego mu nzego zitandukanye zo mu Bubiligi, bashinja umusirikare ushinzwe umutekano wa Perezida Félix Tshisekedi kubahohotera no kubatera ubwoba. Claudel Lubaya yasobanuye ko tariki ya 23 Mutarama 2026, ubwo yari yicaranye na bagenzi

Read More
Naje gusaba afc/m23 ko twafatanya ariko sinihuje nayo/Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na perezida Tshisekedi

Naje gusaba afc/m23 ko twafatanya ariko sinihuje nayo/Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na perezida Tshisekedi

Feb 1, 2026

Umunyapolitiki Claude Ibalanky Ekolomba wakoranye bya hafi na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko ashaka gukorana n’ihuriro AFC/M23. Ibalanky yagizwe na Tshisekedi umuhuzabikorwa w’urwego rushinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Addis Abeba agamije kugarura amahoro muri RDC. Mu

Read More
Igisirikare cya Fardc na Wazalendo byisubije agace ka Point Zero na Bikyaka bari baratswe na Twirwaneho

Igisirikare cya Fardc na Wazalendo byisubije agace ka Point Zero na Bikyaka bari baratswe na Twirwaneho

Jan 30, 2026

Imirwano yabaye ku wa kabiri, ku wa gatatu no mu ijoro ryo  ku munsi ku wa kane hagati y’ingabo za leta ya Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo ,Wazalendo  bafatanyije n’igisirikare cy’u Burundi ndetse n’Abacancuro barwana n’abarwanyi ba Twirwaneho nawo ufatanyije  n’umutwe wa M23

Read More
Barafinda Sekikubo Fred yatawe muri yombi na RIB

Barafinda Sekikubo Fred yatawe muri yombi na RIB

Jan 30, 2026

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Barafinda Sekikubo Fred, Mazimpaka Patrick na Nkeramihigo Japhet, bakurikiranyweho icyaha cyo gutangaza amakuru y’ibihuha cyangwa ay’ibinyoma ashobora guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda, babinyujije ku miyoboro itandukanye ya YouTube. RIB ivuga ko aba bagabo

Read More