Umunyezamu wa Bugesera FC agiye gukomereza umupira w’amaguru i Burayi

Umunyezamu wa Bugesera FC agiye gukomereza umupira w’amaguru i Burayi

Jun 22, 2025

Umunyezamu w’ikipe ya Bugesera FC, Habineza Fils François, ari mu myiteguro yo kwerekeza mu Burayi, aho agomba kwinjira muri Midtjylland FC, imwe mu makipe akomeye mu Cyiciro cya Mbere muri Denmark. Amakuru yizewe avuga ko Habineza azagenda ku wa Gatatu tariki ya 25

Read More
USA:Ndagusaba ko watanga internet y’ubuntu muri Iran/Richard Grenell.

USA:Ndagusaba ko watanga internet y’ubuntu muri Iran/Richard Grenell.

Jun 22, 2025

Intumwa yihariye ya  Perezida Donald Trump ,Richard Grenell ,yasabye umuherwe Elon Musk ,ko yatanga internet ku buntu mu gihugu cya Iran kugira ngo inshuti ze zibashe kubonera amakuru ku gihe. Ibi yabitangaje nyuma y’ahoPerezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ,Donald Trump ,atangaje ko

Read More
Umujyanama wa Kabila avuga ko gusinya n’u Rwanda bitacyemura ibibazo bya RDC byonyine

Umujyanama wa Kabila avuga ko gusinya n’u Rwanda bitacyemura ibibazo bya RDC byonyine

Jun 22, 2025

Barnabé Kikaya Bin Karubi umujyanama mubya politike wa Joseph Kabila, yamaganye  gukemura ikibazo cya Kongo hifashishijwe gusinya amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda. Abajijwe ku hazaza ha Joseph Kabila, uri i Goma, umujyi ugenzurwa igice na AFC /

Read More
RDC: Ese koko SADC yaricyuye abarwanyi ba FDLR koko?

RDC: Ese koko SADC yaricyuye abarwanyi ba FDLR koko?

Jun 22, 2025

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ,tariki ya 22Kamena 2025 nibwo hatashye abandi basirikare ba SADC bari mu butumwa bwa SAMIDRC m’Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,abatashye bose hamwe bakaba bagera kuri 461,bagizwe na 317 b’Afurika Y’Epfo ni 144 ba Malawi

Read More
Uganda:Perezida Museveni yaba yabujije muramu wa Gen Muhoozi kongera kwiyamamariza kuba depite?

Uganda:Perezida Museveni yaba yabujije muramu wa Gen Muhoozi kongera kwiyamamariza kuba depite?

Jun 22, 2025

Kwikura mu matora kwa Musherure kubayeho nyuma y’iminsi mike yongeye gushyamirana na murumuna wa Perezida Museveni ,witwa Sodo Aine Kaguta bombi bapfa umwanya wo mu nteko Ishinga amategeko. Shartsi Musherure usanzwe ari muramu wa Gen Muhoozi Kainerugaba ,yatunguranye avuga ko atazongera kwiyamamariza kujya

Read More
Cote d’Ivoire: Perezida Alassane Ouattara yemejwe nk’umukandida  Perezida mu matora ataha

Cote d’Ivoire: Perezida Alassane Ouattara yemejwe nk’umukandida Perezida mu matora ataha

Jun 21, 2025

Ishyaka riri k’ubutegetsi mu gihugu cya Cote d’Ivoire ryemeje Perezida Alassane Ouattara nk’umukandida Perezida wiri shyaka mu matora ataha ,ngo azongere guhatanira uyu mwanya ku shuro ya kane. Alassane yemejwe nk’umukandida Perezida wiri shyaka nyuma y’iminsi ibiri,amashyaka amurwanya atangije ibikorwa birwanya kandidatire yiwe

Read More
RDC:Menya ibyo Gen Muhoozi yaganiriye na Perezida Felix Antoine Tshisekedi.

RDC:Menya ibyo Gen Muhoozi yaganiriye na Perezida Felix Antoine Tshisekedi.

Jun 21, 2025

Perezida wa Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo Nyakubahwa Felix Antoine Tshisekedi yabonanye n’umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka ,Gen Maj Muhoozi Kainerugaba uri i Kinshasa m’uruzinduko rw’akazi aho yagiye mu bikorwa bya gisirikare byo kuvugurura amasezerano y’imikoranire ihuriweho hagati y’igisirikare cya Uganda

Read More
Rwanda/Burundi: Umubano wa Kigali na Gitega waba ugiye kuzahuka?

Rwanda/Burundi: Umubano wa Kigali na Gitega waba ugiye kuzahuka?

Jun 21, 2025

Umubano w’igihugu cy’U Rwanda n’igihugu cy’U Burundi umaze igihe urimo agatotsi kubera ibibera m’uburasirazuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo aho u Rwanda rushinja Uburundi gukongeza umuriro mu makimbirane Ari hagati y’ibihugu byombi , Uburundi nabwo bugashinja u Rwanda gucumbikira abagize uruhare mugushaka

Read More
Ingabo za leta na Twirwaneho bazindukiye mu mirwano

Ingabo za leta na Twirwaneho bazindukiye mu mirwano

Jun 21, 2025

Nyuma y’ibitero byo kuri uyu wa gatanu ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye mu Minembwe no mu burasizuba bwayo, muri iki gitondo zongeye kugaba ikindi gitero kurubu imirwano ikomeye ikaba ihanganishije ihuriro ry’ingabo za leta n’abarwanyi ba Twirwaneho. Amakuru agaragaza ko iki gitero iri

Read More
Joel Brown yagaragaje ubuhanga budasanzwe, bituma Bruce Melodie na Diamond Platnumz bahindura indirimbo “Pom Pom” burundu

Joel Brown yagaragaje ubuhanga budasanzwe, bituma Bruce Melodie na Diamond Platnumz bahindura indirimbo “Pom Pom” burundu

Jun 20, 2025

Umuhanzi w’Umunyanijeriya akaba n’umutegura indirimbo (producer), Joel Brown, yakoze igikorwa cyatangaje benshi mu ndirimbo nshya yitwa Pom Pom, ku buryo Bruce Melodie na Diamond Platnumz bahisemo gusubiramo ibice byabo bari bararirimbye mbere, kugira ngo bihuze n’imbaraga n’ubuhanga uyu muhanzi yashyizemo. Iyi ndirimbo yatangiye

Read More