Rubavu:Yilunga Ltd ku bufatanye n’intara y’Iburengya bateguye iserukiramuco rya Kivu Beach Expo&Festivel 2025

Rubavu:Yilunga Ltd ku bufatanye n’intara y’Iburengya bateguye iserukiramuco rya Kivu Beach Expo&Festivel 2025

Jun 28, 2025

Yilunga Ltd ku bufatanye n’intara y’Iburengya bateguye iserukiramuco ryiswe Kivu Beach Expo&Festivel 2025 iri serukiramuco rikazazenguruka uturere dutanu twiyi ntara dukora ku kiyaga cya Kivu,aritwo Rubavu,Rutsiro,Karongi,Nyamasheke na Rusizi. Mu kiganiro n’itangazamakuru ,umuyobozi wa Yilunga Ltd bwana Iyaremye Yves yasobanuye intego yo gutegura iri

Read More
RDC:Nzaba uwa mbere kugutorera guhabwa Prix Nobel intambara nihagarara Tshisekedi abwira Trump

RDC:Nzaba uwa mbere kugutorera guhabwa Prix Nobel intambara nihagarara Tshisekedi abwira Trump

Jun 27, 2025

Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yasezeranije Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika ,kuzaba uwa mbere mukumutora mu gihe amasezerano agiye gusinywa hagati yiki gihugu n’igihugu cy’u Rwanda . Yagize ati:”Nzaba uwa mbere mugutorera Donald Trump ko ahabwa igihembo kitiriwe

Read More
Gitifu w’Akagari ka Kizura yafashwe n’inzego z’ubugenzacyaha akurikiranyweho gufungira abaturage mu biro

Gitifu w’Akagari ka Kizura yafashwe n’inzego z’ubugenzacyaha akurikiranyweho gufungira abaturage mu biro

Jun 27, 2025

Banyangiriki Alphonse, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kizura mu Karere ka Rusizi, yatawe muri yombi akekwaho gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu buryo bunyuranyije n’amategeko, aho bivugwa ko yajyaga afungira abaturage mu biro by’akagari. Amakuru y’itabwa muri yombi rya Banyangiriki yatangiye kumenyekana ku wa 26

Read More
Itsinda rya RDC ryageze Washington amasezerano n’u Rwanda arashyirwaho umukono

Itsinda rya RDC ryageze Washington amasezerano n’u Rwanda arashyirwaho umukono

Jun 27, 2025

Mu rwego rwo gushyira umukono ku masezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda, ateganijwe kuri uyu wa gatanu, tariki ya 27 Kamena 2025, i Washington, muri Amerika, itsinda rya mbere ry’Abanyekongo ryamaze kugera ku butaka bwa leta zunz’ubumwe z’amerika.

Read More
Manchester City yasezereye amatsinda ku buryo butunguranye, inyagira Juventus 5-2(Amafoto)

Manchester City yasezereye amatsinda ku buryo butunguranye, inyagira Juventus 5-2(Amafoto)

Jun 27, 2025

Imikino ya nyuma y’amatsinda y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe iri kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yaraye ishyizweho iherezo, aho Manchester City yo mu Bwongereza yasize ikomo ku mikino yayo itsinda Juventus yo mu Butaliyani ibitego 5-2. Uyu mukino wabereye mu ijoro ryo ku

Read More
Burundi:Inzirakarenga zaba zigiye gutangira kurekurwa ziva mu magereza no munzu z’iperereza?

Burundi:Inzirakarenga zaba zigiye gutangira kurekurwa ziva mu magereza no munzu z’iperereza?

Jun 27, 2025

Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu gihugu cy’u Burundi (CNDH) yatangiye gusura amagereza atandukanye muri kino gihugu nyuma yuko abantu beshi bagaragaje ko hari abantu bafunzwe barengana. Aba komiseri batandatu bagize iyi komisiyo baraye bagiye muri gereza nkuru ya Mpimba aho  baganirije bamwe

Read More
Lubero: Imirwano ikaze yashyamiranyije umutwe wa Wazalendo n’igisirikare cya UPDF ifatanyije na FARDC

Lubero: Imirwano ikaze yashyamiranyije umutwe wa Wazalendo n’igisirikare cya UPDF ifatanyije na FARDC

Jun 27, 2025

Muri teritwari ya Lubero mu ntara ya Kivu y’amajyaruguru imirwano ikaze hagati ya Wazalendo n’Ingabo za Repubulika iharanira demokarasi ya Congo(FARDC) zifatanije n’Ingabo za Uganda(UPDF) byatumye imirimo y’ubucuruzi ihagarara. Ibi byabereye muri teritwari ya Lubero ,chefferie ya Baswagha, gurupoma ya Muhola, loocalite ya

Read More
RDC/Rwanda:Urukiko Nyafurika rurengera uburenganzira bwa muntu nubwa baturage rwanze ikifuzo cy’u Rwanda

RDC/Rwanda:Urukiko Nyafurika rurengera uburenganzira bwa muntu nubwa baturage rwanze ikifuzo cy’u Rwanda

Jun 26, 2025

Urukiko Nyafurika rwita ku burenganzira bwa muntu n’abaturage (ACHPR), rwaregewe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo aho yashinjaga u Rwanda ko imyaka ibarirwa muri za mirongo ko iki gihugu gitera kigakora ubwicanyi, no gusahura umutungo kamere wacyo ,uru rukiko rwatangaje ko rufite ubushobozi

Read More
Rubavu:Tugaya abashoye imitungo yabo mu kwica abatutsi/Guverineri Ntibitura Jean Bosco

Rubavu:Tugaya abashoye imitungo yabo mu kwica abatutsi/Guverineri Ntibitura Jean Bosco

Jun 26, 2025

Urugaga rw’Abikorera mu ntara y’Iburengerazuba bibutse abikorera bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,abayobozi batandukanye bitabiriye iki gikorwa banenze imyitwarire mibi  yaranze bamwe mu  bikorera ba mbere ya jenoside yakorewe abatutsi aho bashoye imitungo yabo mu kwica Abatutsi. Ni igikorwa cyabereye mu karere

Read More
Rwanda: Aimable Karasira Uzarama yireguye ku cyaha cyo kutagaragaza inkomoko y’umutungo

Rwanda: Aimable Karasira Uzarama yireguye ku cyaha cyo kutagaragaza inkomoko y’umutungo

Jun 26, 2025

Aimable Karasira Uzarama yireguye ku cyaha cyo kutagaragaza inkomoko y’umutungo m’urubanza aregwamo n’ubushinjacyaha ibyaha 6,ni urubanza rubera m’urukiko rukuru ,urugereko rwa Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda’ Ibyaha akurikiranyweho harimo no guhakana no guha inshingiro jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka 1994,Karasira wari

Read More