RDC/AFC,M23:Niba bashaka ko dusubira mu biganiro biduhuza nabo i Doha nibubahirize ibyo tubasaba
Mu kiganiro ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa ryagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Kane ,tariki ya 3Nyakanga 2025 watangaje ko ufite ubushake bwo gusubira mu biganiro bibahuza n’ubutegetsi bwa Kinshasa gusa ugira ibyo usaba ubwo butegetsi bukwiye kubahiriza kugira ngo iri huriroribe ryakitabira ibi
Nukorera ibi bintu umukunzi wawe azahora akwirahira
Dore ibintu ushobora gukorera umukunzi wawe kugira ngo ubagarire urukundo rwanyu kandi unamushimishe bityo utavaho witesha amahirwe yo gukunda no gukundwa mu buzima bwawe. 1. Mu gihe uri kumwe n’uwo ukunda, jya ugerageza kumubwira mu ijwi ryoroheje ndetse akenshi nujya kumubwira akantu gasekeje
Akazi katoroshye ingabo zakoze mu buvuzi mu mezi atatu(Amafoto)
Minisitiri w’Ubuzima w’u Rwanda, Dr. Sabin Nsanzimana, yagaragaje ishimwe rikomeye ku gikorwa cy’ubuvuzi bwakorewe abaturage barenga ibihumbi 40, gifatanyijwemo n’inzobere mu buvuzi zaturutse mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) hamwe n’inzego z’umutekano z’u Rwanda. Yabitangaje ku wa Kane, tariki ya 3
AFC/M23 yavuze ku hazaza hayo nyuma y’amasezerano ya DRC n’u Rwanda
Ihuriro rya politiki n’igisirikare Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) riteganya kugira icyo ritangaza ku cyerekezo ryahisemo nyuma y’ihungabana ryagaragaye mu biganiro by’amahoro byaberaga i Doha muri Qatar, aho ryari rimaze igihe riganira n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi biteganyijwe gutangazwa mu
Abahanzi Element EleéeH na Kevin Kade bageze USA bakirwa neza nk’ibyana by’ingagi(Amafoto)
Abahanzi nyarwanda EleéeH na Kevin Kade bamaze kugera mu Mujyi wa Dallas, Texas, aho bagiye kwitabira ibirori bya Rwanda Convention USA 2025. Ibi birori biteganyijwe kuba kuva ku itariki ya 4 kugeza kuya 6 Nyakanga 2025, bikazabera muri Irving Convention Centre, mu Ntara
Menya aho izina rya Radio Muhabura ryaturutse
Izina Muhabura risobanura guhabura umuntu wayobye ,inkotanyi igihe zavaga mu gihugu cya Uganda zashinze Radio ziyita Muhabura bagamije guhabura abahabye kubera ubutegetsi bwa Maj Habyalimana Juvenal ,iyi Radio rero yitiriwe igitekerezo cyo kugarura mu murongo abanyarwanda bayobye. Iyi Radio ikaba yaragize uruhare runini
Uganda:Gen Muhoozi yatanze itegeko ryo kwirukana abahanuzi b’ibinyoma
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka Gen Maj Muhoozi Kainerugaba yatanze itegeko kuri polisi yiki gihugu ko ikwiye gufata abahanuzi bose b’ibinyoma birirwa bazenguruka mu mujyi wa Kampala. Muhoozi yavuze ko bano biyita abavuga butumwa birirwa bazenguruka umujyi ko icyo baba bakora
RDC: Ubwoba ni bwose mu mujyi wa Uvila
Ubwoba ni bwose mu mujyi wa Uvila ,ni nyuma yuko M23 yamaze kugeza abasirikare benshi hano muri Kivu y’amajyepfo, abo basirikare bakaba bajyanywe mu duce dukikije teritwari ya Uvila nkuko byagaragaye k’umugoroba wo kuri uyu wa kabiri. Kuri tariki ya 1 nyakanga 2025
Burundi: Abasirikare bavuye k’urugamba na M23 bashimwe na Perezida Ndayishimiye
Perezida Evariste Ndayishimiye w’uburundi, kuri uyu wa kabiri yahembye abasirikare batatu bari bo u burundi bwari bwarohereje kurwana muri repubulika iharanira demokarasi ya congo Aba basirikare bari mu babarirwa mubihumbi u burundi bwari bwarohereje kurwana kuruhande rwa Leta ya RDC , mu ntambara
RDC:MRDP Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bushya,ni bantu ki?
Ishyaka rir mu ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi ariryo rya AFC/M23 ,MRDP Twirwaneho ryashyizeho abayobozi bashya biri shyaka . Freddy Kaniki Rukema usanzwe ari visi peresida w’ihuriro AFC rirwanya ubutegetsi bwa repubulika iharanira demokarasi ya congo ushinzwe ubukungu n’imari , yagizwe perezida w’umutwe