RDC:FARDC na UPDF ntiturwanya Wazalendo turwanya abatwigometseho/Gen Somo Kakule
Guverineri wa gisirikare w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru igihe yari mu mujyi wa Butembo kuwa 5 Nyakanga 2025 yatangaje ko ingabo zabo zifatanyije niza Uganda batarwanya umutwe wa Wazalendo ahubwo barwanya imitwe yitwaje intwaro yigometse ku gisirikare cya FARDC ikabangamira ibikorwa byacyo byo kurwanya
Uvira:Umusirikare wa FARDC yishe umuyobozi mu biro bya guverineri Jean Jacques Purusi
Umusirikare mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yishe arashe umuyobozi ushinzwe itangazamakuru mu biro bya guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo Jaen Jacques Purusi. Uyu musirikare wa FARDC ufite ipeti rya kapiteni amaze kurasa uyu muyobozi ,abaturage bamwirutseho baramufata nabo bamwica bamutsitse.
Perezida Kagame yavuze ku bafasha interahamwe n’abibasira u Rwanda
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rutazatezuka ku rugendo rwo kwirinda no gusigasira umutekano warwo, nubwo amahanga akomeje kurushinja impamvu zidafite ishingiro, zirimo gushaka amabuye y’agaciro ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi yabitangarije mu birori byo kwizihiza imyaka 31 ishize
Riderman yatangiye guha amahirwe murumuna we
Umuraperi Riderman ari gukoresha urubuga rwa MTN Iwacu Muzika Festival mu kumurikira Abanyarwanda murumuna we witwa Muhire Landry Bonfils, wiyise Bobly Equalizer mu muziki. Uyu musore mushya mu ruhando rwa muzika ateganyijwe kuzenguruka igihugu cyose afatanyije na mukuru we ku rubyiniro. Nyuma y’igitaramo
Elon musk yagaragaje icyatumye ashinga ishyaka rya politike
Umuherwe w’Umunyamerika Elon Musk yatangije ishyaka rishya rya politiki yise America Party, avuga ko rigamije gusubiza ubwisanzure abaturage, no guhangana n’ibibazo byugarije Amerika birimo ruswa no gusesagura umutungo wa Leta. Iri shyaka ryatangajwe ku mugaragaro ku wa Gatandatu tariki ya 5 Nyakanga 2025,
Nyamasheke: Abakuze bigishijwe gusoma no kwandika basaba bagenzi babo kudacikanwa n’amahirwe
Bamwe mu batuye Akarere ka Nyamasheke barangije amasomo yo gusoma, kwandika no kubara, bashimira ubumenyi bungutse, bavuga ko byabagiriye akamaro mu buzima bwa buri munsi. Basaba bagenzi babo batagize amahirwe yo kwiga bakiri bato kudaterwa ipfunwe no kwiyandikisha mu masomo y’abakuze. Benshi muri
RDC:Ubutegetsi bwa Tshisekedi bwitabaje abacanshuro b’AbanyaColombia mu guhangana na m23
Abacanshuro baturutse mu gihugu cya Colombia nibo bitababajwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo mu guhanagana n’ingabo z’ihuriro rya AFC/M23 kugira ngo babashe kwigarurira imijyi ibiri iri huriro ryabanyaze. Aba bacanshuro hamwe n’ingabo za FARDC ku munsi wejo ,tariki ya 4 Nyakanga
Iyo zibeshya zigakomeza kurasa zari kubona urupfu/Perezida Kagame Paul
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Perezida Paul Kagame yatangaje ko ingabo z’umuryango w’ubukungu w’Afurika y’Amajyepfo SADC zari zaje mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo zari zifite gahunda yo kurasa u Rwanda,gusa ashimangira ko iyo zibeshya zigakomeza kurasa zari guhura n’urupfu. Perezida Paul
Twafashe icyemezo ko ingabo z’u Rwanda zizaba umusingi wo guhindura igihugu/ brig Gen Rwivanga
Mu kiganiro n’itangazamakuru umuvugizi w’iIngabo z’u Rwandayakoze asobanura ibyerekeranye n’urugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika Jenoside yakorerwaga Abatutsi 1994 yasobanuye uburyo bafashe ibyemezo bikomeye n’uburyo bemeje ko ingabo z’u Rwanda arizo zizagira uruhare rukomeye mu guhindura isura y’igihugu. Yanagaragaje uburyo kwibohora nyabyo kwabonetse
RDC:Kiliziya yitiriwe Mutagatifu Faransisiko wa Assise yafunzwe i Lubumbashi
Tariki ya 2 Nyakanga 2025,Myr Fulgence Muteba ,Arikiyepiskopi wa Lubumbashi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ,yafunze kiliziya ya paruwasi yitiriwe Mutagatifu Faransisiko wa Assise,iherereye ahitwa Luano,nyuma y’ibikorwa byo kuyihumanya byakozwe n’abagizi ba nabi mu ijoro ryo kuwa 1Nyakanga 2025. Nk’uko bitengazwa na