U Buhinde: Abanyarwanda bizihije Umunsi w’Intwari
Ni umuhango wabaye tariki 8 Gashyantare 2026, itariki yatoranyijwe nyuma y’ibiganiro Ambasade yagiranye n’abanyeshuri b’Abanyarwanda ku munsi wari gushobokera benshi kugira ngo babashe kwitabira iyo gahunda kuko abenshi mu Banyarwanda bari muri ibyo bihugu bajyanywe no kwiga. Ni umunsi wizihijwe hakoreshejwe iyakure ku
Senateri Moise Nyarugabo akomeje gutabariza Abanyamulenge b’i Minembwe
Nyarugabo wabaye Minisitiri w’Ubukungu na Senateri, yatangaje ko kuva mu rukerera rwa tariki ya 8 Gashyantare 2026, drones nyinshi za Leta ya RDC n’u Burundi zarashe ku midugudu myinshi y’Abanyamulenge muri Komini Minembwe bari basinziriye, bamwe barapfa, abandi barakomereka. Yagize ati “Izi drones
Dore uku igisirikare cy’u Burundi cyatangiye guha imyitozo umutwe wa FDLR/Bahati Musanga
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Bahati Musanga Erasto, yahishuye ko mu 2014, u Burundi bwohereje abasirikare gutoza abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR na Nyatura. Mu kiganiro n’umunyamakuru Teddy Mazina wa CTGL, Guverineri
Menya umukuru w’abacancuro ba black water Eric Prince uwo ariwe waraye afashwe na m23
Eric Prince ubundi amazina ye ni Dean Prince ni umucuruzi w’umunyamerika, washinze kompanyi yigenga inshinzwe umutekano (private military company) yitwa Blackwater yayishinze mu mwaka 1997 imwe mu zamenyekanye cyane ku Isi kubera ibikorwa byayo mu bihugu birimo Iraq na Afghanistan , kandi akaba
Komisiyo y’umuryango w’Ubumwe bw ‘Afurika na USA byamaganye igitero kiterabwoba cyabaye muri NIGER na Nigeria
Komisiyo y’Ubumwe bw’Afurika na Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika byamaganye igitero kiterabwoba cyabaye mu gihugu cya Nijeriya tariki ya 3 Gashyantare 2026 ndetse n’igitero cyabaye muri NIger ku kibuga cy’indege. Tariki ya 28 na 29 Mutarama 2026 mu mujyi wa Niamey naho habaye igitero
Abatasi ba FBI ya USA bamaze kugera muri RDC mugukora iperereza ku byaha bikomeye
Abakozi ba FBI bageze i Kinshasa mu iperereza rikomeje kuri uru rubanza. Urubanza ruzakomeza muri #Werurwe muri Leta ya Utah muri Amerika. Abanyamerika bane barimo Marcel Malanga (22), Tyler Thompson (22), Benjamin Zalman-Polun (37) na Joseph Peter Moesser (67) bashinjwa ibyaha bikomeye birimo
Menya ubushobozi bwa drone m23 yarashishije ikibuga cy’indege cya cyitwa cya Bangboka
Menya ubushobozi bwa drone m23 yarashishije ikibuga cy’indege cya cyitwa cya Bangboka mu mujyi wa Kisangani mu ntara ya Tshopo. Ni drone zaguzwe muri Turquia zakoreshejwe mu ntambara ya Ukraine,Syria na Pakistan. Izi drone zizwi nka Yiha III zifite ubushobozi bwo kuba mu
Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya yapfuye
Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya imyaka 42 kugeza mu 2011, Saif al-Islam Gaddafi, yiciwe muri iki gihugu cy’Abarabu. Al Jazeera yatangaje ko Saif al-Islam Gaddafi, yishwe ku wa 3 Gashyantare 2026. Yaguye mu Mujyi wa Zintan uherereye mu burengerazuba bwa Libya, aho
Nitwe twarashe ikibuga cya Kisangani kandi n’ahandi hose mukoresha muturasa turaza kuhagera /afc m23
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko watangije ibikorwa byo gusenya santere y’indege zitagira abapilote(drones) iri I Kisangani . Uyu mutwe uvuga ko ibi bikorwa wabitangije tariki 31 Mutarama 2026 na tariki ya 01 Gashyantare 2026 aho wagabye ibitero bya drone kuri iyi Santere ihereye
Ingamba zo guca ibiyobyabwenge mu mujyi wa Goma
Bimwe mu bimaze igihe kinini bibangamiye umutekano wo ku mipaka y’u Rwanda na RDC ni ibiyobyabwenge byinjizwa cyane cyane i Rubavu birimo urumogi, hakoreshejwe inzira z’ubusamo. Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwagaragaje ko aho urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge rukomereye ari uko ibitemewe mu Rwanda,