Gatabazi Jean Marie Vianney yahawe inshingano nshya
Gatabazi Jean Marie Vianney wigeze kuba minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, yongeye guhabwa imirimo muri Guverinoma, nyuma y’igihe kitari gito ahagaritswe kuri uyu mwanya yari amazeho igihe. Binyuze mu itangazo ry’imyanzuro y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa 16 Nyakanga 2025, Gatabazi Jean Marie Vianney yagizwe umwe
Gen.Muhoozi yagaragaje ko UPDF ishobora kwinjira mu ntamabara ya Uvira
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen.Muhoozi Kainerugaba yaciye amarenga ko ingabo za UPDF zishobora kujya mu ntambara ya Uvira igihe yaba igabweho n’ibitero. Mu butumwa yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ,tariki ya 16Nyakanga 2025 uyu
Minembwe:Ishyaka rya MRDP Twirwaneho riramagana ibitero kuba Nyamulenge bikorwa na FARDC
Minembwe Ishyaka rya MRDP Twirwaneho riramagana ibitero kuba Nyamulenge bikorwa na FARDC mu bice by’imisozi miremire ya Uvira ,aho iri shyaka rivuga ko ibi bitro bigamje gusemba abo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Iri tangazo rigumya rivuga ko ingabo z’Abarundi zifatanyije n’igisirikare cya Repubulika Iharanira
Burundi:Hakozwe amavugurura mu bayobozi b’igihugu
Sena y’u Burundi yemeje abayobozi bashya bagiye kuyobora intara eshanu zashinzwe nyuma y’ihuzwa ry’iyari isanzwe ari 18. Iri vugururwa ryemejwe ku itariki ya 3 Nyakanga 2025 binyuze mu iteka rya Perezida wa Repubulika, rikurikirwa no gutangazwa kwa ba Guverineri bashya ku wa 4
MINICOM ikeneye miliyoni $130 kugira ngo ibyanya by’inganda bikore neza mu Rwanda
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), Antoine Marie Kajangwe, yatangaje ko kugira ngo ibyanya by’inganda byose biri mu gihugu bikorwe neza, hakenewe nibura miliyoni 130 z’amadolari y’Amerika, angana na miliyari 187.9 Frw. Ibi yabigarutseho ubwo yitabaga Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’Imari n’Umutungo
Ukuri ku kuba Burna Boy afite ifaranga rye bwite rya Crypto Currency
Umuhanzi Burna Boy uri mu bamaze gukora amateka atandukanye mu muziki, yihakanye ifaranga ry’ikoranabuhanga rizwi nka meme ryitiriwe izina rye, ryari rimaze iminsi rizenguruka ku rubuga rwa X. Uwo muhanzi w’injyana ya Afro Beats, yasobanuye ko adakora ubucuruzi ubwo ari bwo bwose bwa
Amagambo ya Miss Iradukunda Liliane ku isabukuru y’umukunzi we
Iradukunda Liliane wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2018 yongeye kwerekana ko ari mu rukundo rudasanzwe n’umukunzi we Imfura Kenny, wizihije isabukuru y’amavuko kuri tariki 15 Nyakanga. Uyu mukobwa wamenyekanye cyane mu Rwanda no hanze yaranzwe no gusangiza abamukurikira amafoto atandukanye ari kumwe n’uwo
Ibice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amajyepfo n’iya Majyaruguru byiriwemo imirwano hagati ya Wazalendo na m23
Ibice bitandukanye by’intara ya Kivu y’Amajyepfo n’iya Majyaruguru byiriwemo imirwano hagati ya Wazalendo na m23,muri teritwari ya Walikare na teritwari ya Masisi imirwano yiriwe ishyamiranyije abarwanyi biyi mitwe yombi. Muri teritwari ya Walikare mu bice bya Rusamambo na Bukumbirwa abarwanyi ba Wazalendo yo
AS Kigali na Kigali bagiranye ibiganiro bigamije gutuma ikipe yitabira Shampiyona
Ku wa Gatanu, tariki ya 11 Nyakanga 2025, ikipe ya AS Kigali yakoranye inama n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali hagamijwe gushaka ibisubizo byafasha iyi kipe kwitabira Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere y’umwaka utaha w’imikino. Ibi biganiro bije nyuma y’uko AS Kigali iherutse koherereza Umujyi wa
Rayon Sports yagaragaje ko yiteguye gususura andi makipe
Ntarindwa Aimable, umukinnyi wo hagati ushinzwe kugarira, yashyize umukono ku masezerano y’imyaka ibiri akinira Rayon Sports, nyuma y’igihe yari amaze akorana imyitozo n’iyi kipe atarasinyira ku mugaragaro. Amakuru agera ku bitangazamakuru avuga ko uyu mukinnyi yasinyiye iyi kipe yo mu Mujyi wa Kigali