Umunyarwenya Soloba bivugwa ko yafatiwe muri Uganda, amashusho yagaragaye akomeje kuzamura impaka(Amafoto)
Ku mugoroba wo ku wa 18 Nyakanga 2025, hakomeje gukwirakwizwa amashusho n’amafoto ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umukinnyi wa filime nyarwanda Swedi Habimana, uzwi cyane ku izina rya Soloba, ari mu maboko y’inzego z’umutekano za Uganda. Amashusho yagaragaye amwerekana yambaye amapingu, akurwamo inkweto n’umukobwa
Hagaragajwe Umunyarwanda umwe rukumbi uzasifura CHAN 2024
Umusifuzi umwe w’Umunyarwanda,Mutuyimana Dieudonné niwe wenyine uzasifura imikino y’Igikombe cya Afurika cy’Abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024). Guhera tariki ya 02 kugeza tariki ya 30 Kanama 2025 muri Kenya,Tanzania na Uganda nibwo hazakinirwa imikino ya CHAN 2024 . Mu basifuzi bazasifura iri
BNR igiye guhugura urubyiruko ku ikoreshwa rya telefoni mu bijyanye na serivisi z’imari
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) iratangaza ko igiye gutangiza gahunda yo guhugura urubyiruko ku buryo bwimbitse bwo gukoresha ikoranabuhanga mu bijyanye na serivisi z’imari, by’umwihariko binyuze kuri telefoni ngendanwa, hagamijwe kongera ubushobozi bwo kwiteza imbere. Ibi byatangajwe na Guverineri wa BNR, Soraya Hakuziyaremye,
Urukiko rwemeje icyemezo gishya ku ifungwa rya Ingabire Victoire
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwatangaje ko Ingabire Victoire Umuhoza, umunyapolitiki akaba n’umuyobozi w’ishyaka DALFA-Umurinzi ritemewe mu Rwanda, agomba gukurikiranwa afunzwe by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30. Ni icyemezo cyasomwe ku wa Gatanu, tariki 18 Nyakanga 2025, nyuma y’uko habaye urubanza ku ifungwa ry’agateganyo ry’uyu
Abarwanashyaka ba DGPR Green Party mu ntara y’Amajyaruguru bahuriye muri kongere y’intara
Abarwanashyaka ba DGPR Green Party bateraniye mu karere ka Musanze kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 Nyakanga 2025, aho bitabiye Congress y’ishyaka mu ntara y’Amajyaruguru iyi Kongere y’intara ikaba yatangijwe na Perezida w’uyu mutwe wa Politike Nyakubahwa Dr.Frank Habineza ari kumwe na
RRA yashyizeho igihembo gishya ku baturage basaba inyemezabwishyu ya EBM kenshi
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangije gahunda nshya igamije gushishikariza abaturage gukomeza gusaba inyemezabwishyu ya EBM (Electronic Billing Machine). Iyi gahunda izajya inatanga ibihembo byiyongera ku 10% byari bisanzwe bihawe abayitabira. Umuyobozi wa RRA, Ronald Niwenshuti, yatangaje ko iyi gahunda nshya igamije
Ariana Grande yageneye ubutumwa abakunzi b’umuziki we
Umuririmbyi w’umunyamerika Ariana Grande yagaragaje ko n’ubwo ari kwinjira mu mishinga mishya yo gukina filime, atigeze atekereza kureka umuziki. Ibi yabigarutseho nyuma yo gutangaza ko agiye kugaragara muri filime nshya yiswe The Places You’ll Go!, ishingiye ku gitabo cy’umwanditsi Dr. Seuss. Ni nyuma
Ubutabera:RIB yafunze Habiyambere Maurice kubera kutagaragaza inkomoko y’umutungo atunze
RIB yafunze Habiyambere Maurice, umuyobozi ushinzwe ibikorwa (Operations Manager) mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB). Uyu akurikiranyweho ibyaha byo kwigwizaho umutungo n’iyezandonke. Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha bwatangaje ko afunzwe nyuma y’iperereza ryakozwe ku imenyekanisha
Burna Boy yiseguye ku bakunzi be kubera amagambo yavuze
Umuhanzi Burna Boy yiseguye ku bakunzi b’umuziki kubera magambo yavuze mu 2023, agaragaza ko injyana ya ‘Afrobeats’ nta reme ifite ndetse n’abahanzi bayikora nta masomo y’ubuzima bwa buri munsi abantu babamo bafite. Burna Boy yavuze ibi mu kiganiro yatanze kuri ‘Apple Music’ mu
Gatabazi Jean Marie Vianney yongeye kigirirwa icyizere na Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yayoboye Inama y’Abaminisitiri yemeje impinduka zitandukanye mu nzego za Leta, zirimo n’izijyanye no kongera imbaraga mu bigo bikomeye. Muri izo mpinduka, Gatabazi Jean Marie Vianney yahawe inshingano nshya nk’umwe mu bagize Inama y’Ubutegetsi ya Komisiyo y’Igihugu