Goma: FDLR na Wazalendo bongeye kugaba igitero kuri M23 mubirindiro bitandukanye munkengero za Goma
Igisirikare cya FARDC gifatanyije n’umutwe wa Wazalendo ,ndetse na FDLR bongeye kugaba igitero gikomeye mu nkengero z’umujyi wa Goma . Ni igitero cyumvikanyemo urufaya rw’amasasu yimbunda zubwoko bwose kuva 19h 20 muri territoire ya NYIRAGONGO mu bice bya Mugunga ndetse n’ibindi byinshi nk’uko
Rutshuru:imirwano ikaze yongeye guhanganisha umutwe wa m23 n’umutwe wa Wazalendo muri Nyamilima
Rutshuru imirwano ikaze yongeye guhanganisha umutwe wa m23 n’umutwe wa Wazalendo muri Nyamilima ni imirwano yubuye guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 21Nyakanga 2025 guhera mu masaha ya saa kumi n’ebyiri . Iyi mirwano yubuye mu bice bya Sisa
RDC:Agahenge ko guhagarika imirwano hagati ya AFC/M23 na Leta ya RDC ntikubahirijwe Uvira imirwano yubuye
Agahenge ko guhagarika imirwano hagati ya AFC/M23 na Leta ya RDC ntikubahirijwe Uvira imirwano yubuye,iyi mirwano yongeye kubura nyuma y’amasaha makeya I Doha hasinywe amahame ngenderwaho agamije amasezerano y’ubwumvikane hagati ya guverinoma ya Kinshasa n’umutwe urwanya ubu butegetsi uri mu ihuriro rya AFC/M23
Saudi Arabia:Igikomangoma cyari kimaze imyaka 20 muri koma cyitabye Imana
Igikomangoma cyitwa Al-Waleed bin Khaled Al Saud, uzwi cyane ku izina rya “Igikomangoma kiryamye” cyo muri Arabia Saudite, yapfuye nyuma yo kumara imyaka 20 ari muri koma. Yavutse muri Mata 1990, akaba yari imfura ya Prince Khaled bin Talal ndetse akaba ari mwishywa
Menya akamaro kihariye ko kurya ibisheke ku buzima bwacu
Igisheke ni kimwe mu bihingwa bigira isukari byamamaye ku isi, igisheke ni cyiza cyane mu buzima bwa muntu kuko gishobora gukorwamo ibyo kurya, igikoma, umutobe. Igisheke gifitiye umubiri w’umuntu akamaro bitewe n’uko kiganjemo vitamine, imyunyu ngugu ndetse n’intungamubiri zitandukanye. Igisheke kigizwe n’amazi n’isukari
Impanuka ikomeye y’ubwato yahitanye abantu barenga 30 mu kiyaga cya Ha Long, Vietnam
Nibura abantu 37 bitabye Imana abandi benshi baracyashakishwa nyuma y’impanuka y’ubwato yabereye mu kiyaga cya Ha Long giherereye mu Majyaruguru ya Vietnam, ahazwi cyane nk’ahantu h’ubukerarugendo bukomeye muri iki gihugu. Iyi mpanuka yabaye ubwo ubwato bwari butwaye ba mukerarugendo barimo abaturutse mu Murwa
Abataramiye bwa mbere i Nyagatare basusurukije abahatuye mu gitaramo cya MTN Iwacu Muzika Festival 2025(Amafoto)
Ku wa Gatandatu tariki 19 Nyakanga 2025, igitaramo cya MTN Iwacu Muzika Festival cyabereye mu Karere ka Nyagatare cyahaye abahanzi batandukanye amahirwe yo kuririmbira imbere y’abafana babo baho ku nshuro ya mbere. Muri aba bahanzi harimo Juno Kizigenza, Kivumbi King, Ariel Wayz na
Mossad Boulos yashimye Leta ya RDC na AFC/M23 kubera umukono bashyize ku mahame ndenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro arambye
Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yashimye impande zombi zashyize umukono ku mahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro hagati ya Leta ya DRC na AFC/M23, avuga ko bigaragaza intambwe ikomeye kandi iganisha ku mahoro arambye mu gukemura
U Rwanda rwishimiye isinywa ry’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23
U Rwanda rwishimiye isinywa ry’amahame ngenderwaho aganisha ku masezerano y’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23, yasinyiwe i Doha muri Qatar. U Rwanda ruvuga ko aya masezerano ari intambwe ikomeye iganisha ku kurangiza amakimbirane mu mahoro mu Burasirazuba bwa DRC, gukemura intandaro y’amakimbirane no
Qatar:Intumwa za Leta ya RDC na AFC/M23 basinyanye amahame ngenderwaho agamije amasezerano y’amahoro arambye
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasinyanye n’Ihuriro rya AFC/M23 amahame ngenderwaho agamije kubashyitsa ku masezerano y’amahoro arambye ,aya mahame agizwe n’ingingo zirindwi z’ingenzi.Arizo: 1.Amahame rusange: Impande zombi zemeye gukemura amakimbirane mu mahoro, hagamijwe kurinda umutekano w’Abanye-Congo. Leta ya RDC na AFC/M23 byemeranyije