America yagaragarije DRC ibyo igomba kuzibukira(kureka)
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zabujije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR kurwanya Leta y’u Rwanda,zibwibutsa ko uwo mutwe wafatiwe ibihano. Ni ubutumwa bwatanzwe n’Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika, Tammy Bruce, ku wa 23 Nyakanga
Burundi: Minisitiri w’intebe yahinduye imirimo
Minisitiri w’Intebe w’u Burundi,Gervais Ndirakobuca usanzwe kuri uyu mwanya kuva muri Nzeri 2022 yatsinze amatora ya Sena yabaye ku wa 23 Nyakanga 2025. Ndirakobuca yagizwe umukandida w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi, ahagararira intara ya Bujumbura nyuma yo gusezererwa muri Polisi tariki ya 9
AS Kigali yiteguye gutwara ibikombe no guhangana nandi makipe akomeye
Ikipe ya AS Kigali, Kuri uyu wa Kane tariki 24 Nyakanga 2025, nibwo yatangiye imyitozo, itangirana abakinnyi 16 barimo abakinnyi bashya bagera kuri 4 barimo Elie Kategaya, Dushimirimana Olivier na Kabanda Serge bakoranye n’abandi ndetse na Mugiraneza Froduard wari ku ruhande. Ni imyitozo
Kigali: Utubari tudakora neza twabaye nk’umurwayi ubagwa nta kinya
Ubugenzuzi bwakorewe mu tubari 601 mu turere twose tw’Umujyi wa Kigali, ku wa Gatandatu tariki ya 19 no ku Cyumweru tariki ya 20 Nyakanga 2025, mu rwego rwo gusuzuma iyubahirizwa ry’amabwiriza agenga ubu bucuruzi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police
DRC:Umuyobozi wari waraburiwe Irengero yabonetse mu buryo butunguranye
Elias Kaombi, uyobora agace ka Busi gaherereye muri Lokarite ya Banaulengo, mu Gurupoma ya Luberike (Teritwari ya Walikale), mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagarutse mu rugo nyuma y’ibyumweru bibiri yari amaze ari mu maboko y’inyeshyamba bikekwa ko ari iz’umutwe wa
Dore ibintu wakora bigatuma utigunga mu gihe ufite ibibazo cyangwa agahinda
Kwigunga mu buzima cyangwa kwiheba,bishobora kuba kuri wese, ariko igihe kiragera bigashira. Bishobora kuba uburwayi mu gihe uhora wumva ubabaye cg wigunze buri gihe, wagerageza no kubyikuramo bikakunanira. Iyi ndwara iravurwa, gusa mbere yo kureba muganga hari ibyo nawe ushobora gukora bikaba byagufasha
Umugore yafatiwe mu cyuho afite ibiyobyabwenge muri Mageragere
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali, ku bufatanye n’abaturage, yafashe umugore witwa Mukamana Thamar w’imyaka 33, nyuma yo kumusangana ibiro bibiri by’urumogi hamwe n’udupfunyika 184 twarwo, mu gikorwa cyabaye ku wa Kabiri, tariki ya 22 Nyakanga 2025, ahagana saa tanu z’amanywa.
Marina yongeye kuvugisha benshi kubera amashusho agaragaza imiterere y’amabuno n’amabere ye(Amafoto)
Umuhanzikazi Marina yasakaje amashusho kuri konti ye asanzwe akoresha ku mbuga nkoranyambaga, atungura benshi kubera uburyo yagaragazaga imiterere y’umubiri we, ibintu byakururiye benshi kuyatambutsa no kuyavugaho. Amashusho yafashwe na Marina ubwe mu cyumba cye, amugaragaza yambaye imyenda yoroheje. Hari aho agaragara akurura umushumi
Rayon Sports yatangaje ibiciro byo kwinjira ku munsi wa Rayon Day utegerejwe
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 22 Nyakanga 2025, ikipe ya Rayon Sports yatangaje ku mugaragaro ibiciro by’itike yo kwinjira mu birori bya Rayon Day, biteganyijwe ku wa Gatandatu tariki 19 Nyakanga 2025, bizabera muri Sitade Amahoro. Ikipe ya Rayon Sports, nyuma yo
Amerika yaburiye abaturage bayo ku ngendo bakorera mu turere twa Rusizi na Rubavu
Leta Zunze Ubumwe Za Amerika zasabye abaturage bazo kwirinda gukorera ingendo mu turere tw’u Rwanda duhana imbibi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,kubera ko hari ibyago by’uko imirwano ishobora kwaduka hafi yatwo. Mu itangazo riburira ryasowe kuwa 16Nyakanga 2025 ryiswe Travel Advisor Leta