AFC/M23 yahaye gasopo Radio Okapi ya Monusco kubwo kubangamira uburenganzira bwabo bwo gusubiza
Radio Okapi y’ubutumwa bw’umuryango w’Abibumbye bukorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo imaze iminsi ishinja ubutegetsi bw’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa ubwicanyi ,aho iyi Radio itangaza ko mu bice bigenzurwa niri huriro nta mutekano urangwamo bikaba byateye iri huriro kubyamagana. Umuvugizi w’Ihuriro, Alliance
Umusore w’imyaka 25 yavutaguye uruhinja mpaka arwishe atanga impamvu zisekeje
Umusore w’imyaka 25 wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yiyemereye ko yakubise umwana w’umwaka umwe kugeza apfuye ,avuga ko yarimo gukina nawe nyuma yo kunywa urumogi . Umugabo w’imyaka 25 y’amavuko wo mu mujyi wa Tellahassee muri Leta ya Florida muri Leta Zunze
Ishyaka rya MRDP Twirwneho ryamaganye itorezwa rya FDLR mu gihugu cy’u Burundi no guhabwa intwaro ngo bajye kwica Abanyamulenge
Ishyaka rya MRDP Twirwaneho watanze impuruza y’uko abarwanyi bo mu mutwe wa FDLR bari gutorezwa mu gihugu cy’u Burundi bagahabwa n’intwaro z’intambara n’ibindi bikoresho n’igihugu cya RDC ndetse n’u Burundi bagahita boherezwa mu bice by’imisozi miremire bya Minembwe na Fizi kwica Abanyamulenge. MRDP
Canada: Ununyapolitiki wavuze ko imibare y’abatutsi bishwe ikabirizwa ntajya imbizi n’Abanyarwanda baba muri icyo gihugu (Inkuru irambuye)
Abanyarwanda batuye muri Canada, bamaganye Umunyapolitiki, Yves Engler, uri guhatanira umwanya wo kuyobora ishyaka rya NDP (New Democratic Party), wigeze gupfobya Jenoside avuga ko imibare y’Abatutsi bishwe mu 1994 ikabirizwa. Mu 2017, Engler abinyujije ku rubuga rwe yavuze ko ibyo u Rwanda ruvuga
U Burundi bwungutse Nyampinga mushya wa 2025 nyuma y’igihe irushanwa ryari rimaze rihagaze(Amafoto)
Kaneza Kellia Lagloire yegukanye ikamba rya Miss Burundi mu 2025, nyuma y’imyaka ibiri iri rushanwa ryari rimaze ritaba; mu birori byitabiriwe n’Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye. Byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Nyakanga 2025, mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi.
Bizimana Djihad yafashije ikipe ye gutera indi ntambwe
Umunyarwanda Bizimana Djihad ukinira Al Ahly Tripoli yo muri Libya, ari mu bayifashije gutsinda umukino wa mbere mu ya kamarampaka izagena ikipe yegukana Shampiyona. Mu ijoro ryo ku wa Gatanu, tariki ya 25 Nyakanga 2025, ni bwo Al Ahly Tripoli yakinnye na Al
Nshuti Innocent agiye gupagarisa mu bihugu by’Abarabu
Rutahizamu Nshuti Innocent yerekeje mu ikipe ya ES Zarzis yo muri Tunisia avuye mu ikipe ya Sebail yo mu gihugu cya Azerbaijan. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Nyakanga 2025 ni bwo amakuru yacicikanye ko rutahizamu Nshuti Innocent uvuka mu
Dore icyihishe inyuma y’isubikwa ritunguranye ry’igitarano cyagombaga kubera I Kampala
Igitaramo cy’iserukiramuco ryari ryitezweho guhuza abahanzi b’ibyamamare bo muri Uganda n’u Rwanda ryiswe “Uganda-Rwanda Music Festival” cyasubitswe ku munota wa nyuma mu buryo butunguranye, habura amasaha make ngo ribere i Kampala. Iki gitaramo cyari giteganyijwe kubera kuri Lugogo Cricket Oval kuri uyu wa
Ishene ya Burikantu waruherutse gutabwa muri yombi yacitse
Umunyarwenya Mwitende Abdoulkarim wamamaye nka Burikantu ku mbuga nkoranyambaga yamaze kurekurwa nyuma y’iminsi mike ishize atawe muri yombi akekwaho guhohotera abakobwa yafungiranye mu nzu. Inkuru z’itabwa muri yombi rya Burikantu zasakaye tariki 20 Nyakanga 2025 bitangajwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB). RIB yari yatangaje ko
Ibishya byaranze guverinoma nshya yashyizweho
Minisiteri y’Ibidukikije yahawe Minisitiri mushya, Dr. Bernadette Arakwiye, akaba asimbuye Dr. Uwamariya Valentine, mu gihe Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yahawe Dominique Habimana muri Guverinoma nshya yashyizweho kuri uyu mugoroba. Dominique Habimana asimbuye Dr Patrice Mugenzi wari muri MINALOC kuva tariki 18 Ukwakira 2024. Ku