Umunyamakuru wasabye umugore amafaranga ngo azafunguze umugabo we yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru ukekwaho kwiyita umwunganizi mu mategeko agasaba umugore ufite umugabo ufunzwe amafaranga ngo azamwunganire mu mategeko. Uyu munyamakuru yatse amafaranga umugore w’umugabo ufunzwe akekwaho icyaha, amwizeza ko azamwunganira mu mategeko, uwo mugore arayamuha. Nyuma umunyamakuru yaje
MINEDUC yatangaje ingamba nshya ku barimu batazi Icyongereza
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abarimu n’abayobozi b’ibigo by’amashuri y’inshuke, abanza n’ayisumbuye bari guhugurwa ku rurimi rw’Icyongereza kugira ngo barusheho kurwigisha neza, ndetse n’abazatsindwa isuzuma ryabigenewe batazahita bakurwa mu mirimo ahubwo bazakomeza guhugurwa kugeza bageze ku rwego rusabwa. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Uburezi,
Uvira: Umu-Colonel wa FARDC yishwe n’inkoni muri gereza azize indaya
Mu mujyi wa Uvira mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, haravugwa akavuyo gakomeye nyuma y’urupfu rwa Colonel Bukiseli Lokito, umwe mu basirikare bakuru ba FARDC. Yitabye Imana nyuma yo gukubitwa bikomeye ubwo yari yajyanywe muri gereza ya gisirikare ya Bataillon PM
Umugabo yiyise dogiteri abaga abarwayi babiri bagwa ku iseta
Umugabo witwa Francis Taulula w’imyaka 27 yakatiwe gufungwa imyaka ibiri, nyuma y’uko bigaragaye ko yabeshye ko ari umuganga, akabaga abarwayi batatu bikabaviramo urupfu. Ubwo yagezwaga imbere y’Urukiko rwa Buganda, Francis Taulula ubusanzwe ukomoka mu gace ka Pallisa mu Burasirazuba bwa Uganda, yemeye ko
Ibyavuye mu nteko ishinga amategeko ku masezerano y’amahoro hagati y’uRwanda na DRC
Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bamaze gutora itegeko ryemeza burundu amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasinyiwe i Washington, Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mezi make ashize, binyuze mu buhuza bw’icyo gihugu. Mu gusobanura iby’ayo masezerano,
Perezida Kagame yakiriye ambasaderi mushya w’Ubushinwa mu Rwanda
Ambasaderi mushya w’Ubushinwa,Gao Wenqi yaraye agejeje kuri Perezida Kagame inyandiko zimwemerera guhagararira inyungu z’igihugu cye i Kigali. Ambasaderi w’u Rwanda i Beijing ni James Kimonyo. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 29, Nyakanga, 2025 nibwo Perezida Paul Kagame yakiriye izo mpapuro
Umugabo w’imyaka 41 yateje impagarara mu ndege yarivuye i Londres yerekeza mu Mujyi wa Glasgow muri Scotland
Umugabo w’imyaka 41 yateje impagarara mu ndege yarivuye i Londres yerekeza mu Mujyi wa Glasgow muri Scotland, nyuma yo kwigamba avuga ko afite igisasu ndetse atukana avuga amagambo mabi yifuriza urupfu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Ibi byabaye ku
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahaye nyirantarengwa Perezida VladimirPutin
Perezida Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za Amerika yahaye nyirantarengwa y’iminsi 10 kugeza kuri 12, mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, akaba yahagaritse intambara kuri Ukraine. Ni imwe mu ngingo Perezida Donald Trump yagarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru nyuma yo kuganira na Keir
RDC:Perezida Thisekedi akomeje gufunga abasirikare bakuru abashinja ubugambanyi no gushaka kumuhirika k’ubutegetsi
Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye urukiko Rukuru rwa Kinshasa gukatira Francois Beya Kasonga wabaye umujyanama wihariye wa Perezida Felix Tshisekedi Tchilombo mu by’umutekano igifungo cy’umwaka umwe kirimo amezi atandatu asubitse . Francois Beya,Venda Nowa Biama Guy,Col Cikapa Tite Mokili,Komiseri
AFC/M23 yamaganye ubwicanyi bwakorewe abasivile muri Ituli batangaza n’icyo bagiye gukora ngo buhagarare
AFC/M23 yatangaje gahunda yiyemeje nyuma yuko abantu 47 bicanywe ubugome ndengakamere Mu ntara ya Ituri aho aba basivire bari bazindukiye mu masengesho bakagabwaho igitero n’umutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Museveni muri Uganda. Iri huriro AFC/M23 ryamaganye ubwicanyi bwakozwe n’umutwe w’iterabwoba wa