Kivu y’Amajyepfo umutwe wa m23 wigaruriye utundi duce dushya muri teritwari ya Walungu na Kabare

Kivu y’Amajyepfo umutwe wa m23 wigaruriye utundi duce dushya muri teritwari ya Walungu na Kabare

Aug 3, 2025

Umutwe wa m23 wongeye kwigarurira utundi duce dushya muri teritwari ya Walungu na Kabare mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo,utu duce twigaruriwe n’uyu mutwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 02Kanama 2025 mu mirwano yashyamiranyije abarwanyi ba m23 nabarwana kwihuriro rya guverinoma ya Kinshasa.

Read More
Uko byari byifashe ubwo umuhanzi Timaya yageraga i Kigali(Amafoto)

Uko byari byifashe ubwo umuhanzi Timaya yageraga i Kigali(Amafoto)

Aug 3, 2025

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Inetimi Timaya Odon wamenyekanye nka Timaya yageze mu Rwanda, aho ategerejwe mu gitaramo kizasoza iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’. Uyu muhanzi yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 1 Kanama 2025. Yari

Read More
Perezida Trump yirukanye Umuyobozi amujijije ikintu gutangaje

Perezida Trump yirukanye Umuyobozi amujijije ikintu gutangaje

Aug 3, 2025

Perezida wa Leta zunze ubumwe za America Donald Trump yirukanye umuyobozi w’urwego rushinzwe ibaruramibare rishingiye ku mirimo (BLS), Dr. Erika McEntarfer, amushinja gutangaza imibare mike y’imirimo yahanzwe. Trump yafashe iki cyemezo tariki ya 1 Kanama 2025, nyuma y’amasaha make BLS igaragaje ko imirimo

Read More
Hagaragajwe ibinini bizajya bifasha abagabo kuboneza

Hagaragajwe ibinini bizajya bifasha abagabo kuboneza

Aug 3, 2025

Ubusanzwe iyo umuntu avuze kuboneza urubyaro ku bagabo umuntu yumva uburyo bubiri gusa, gukoresha agakingirizo cyangwa kwifungisha burundu, ariko ubu hari gukorwa igerageza ku binini bya ‘YCT-259’ bizajya bifasha abagabo kuboneza urubyaro. YCT-259 ni ibinini bica intege intangangabo kuko bifunga agace gakora intanga

Read More
Protais Mitali wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda yitabye Imana

Protais Mitali wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda yitabye Imana

Aug 2, 2025

Mitali Protais wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda nko kuba yarabaye Minisitiri w’Umuco na Siporo, ndetse akanaruhagararira nka Ambasaderi muri Ethiopia, yitabiye Imana mu Bubiligi. Amakuru y’urupfu rw’uyu munyapolitiki, yamenyekanye kuri uyu wa Gatanu tariki 01 Kanama 2025 ari na bwo yitabye Imana,

Read More
RDC: abatasi babiri bakomoka mu Bufaransa bafatiwe muri Kinshasa mugufasha AFC/M23 guhirika Tshisekedi

RDC: abatasi babiri bakomoka mu Bufaransa bafatiwe muri Kinshasa mugufasha AFC/M23 guhirika Tshisekedi

Aug 2, 2025

Urwego rushinzwe iperereza muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo rwafashe abazungu babiri bafite ubwenegihugu bw’igihugu cy’Ubufaransa bakekwaho kuza muri iki gihugu gukora ibikorwa by’ubutasi . Nkuko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bivugwa ko aba batasi bafashwe ku munsi

Read More
Rubavu:BasiGo yamuritse imodoka zikoresha amashanyaraza 100% zikagenda ibirometero 350 zisharijwe rimwe

Rubavu:BasiGo yamuritse imodoka zikoresha amashanyaraza 100% zikagenda ibirometero 350 zisharijwe rimwe

Aug 1, 2025

Mu karere ka Rubavu hamuritswe imodoka za BasiGo zikoresha amashanyaraza 100% zikagenda ibirometero 350 zisharijwe rimwe gusa. BasiGo abayobozi bayo bavuga ko  imodoka bamuritse  ko zifite ubushobozi bwo gukora urugendo ruva mu karere ka Rubavu,Huye,Nyagatare,Rusumo  na Karongi maze ikagaruka mu Mujyi wa Kigali

Read More
Masisi:Umutwe wa m23 wongeye kugaba igitero ku barwanyi ba FDLR na Wazalendo muri Ufumando

Masisi:Umutwe wa m23 wongeye kugaba igitero ku barwanyi ba FDLR na Wazalendo muri Ufumando

Aug 1, 2025

Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi b’umutwe wa FDLR na Wazalendo muri gurupoma ya Ufamando teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu Y’Amajyaruguru. Ni imirwano yatangijwe n’abarwanyi b’umutwe wa m23 bateye umutwe wa FDLR n’uwa Wazalendo baherereye mu midugudu

Read More
Mike Karangwa ari mu gahinda ko gupfusha umwana

Mike Karangwa ari mu gahinda ko gupfusha umwana

Aug 1, 2025

Umunyamakuru Mike Karangwa uri mu bakomeye mu Rwanda ari mu gahinda ko gupfusha umwana wa kabiri muri batatu yari afite, witabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa 31 Nyakanga azize uburwayi. Mu kiganiro kigufi yahaye ikinyamakuru IGIHE dukesha iyi nkuru, Karangwa yavuze

Read More
Perezida Kagame yaganiriye na perezida mushya wa Banki Nyafurika Itsura amajyambere

Perezida Kagame yaganiriye na perezida mushya wa Banki Nyafurika Itsura amajyambere

Aug 1, 2025

Ku wa 31 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame yakiriye Dr. Sidi Ould Tah, Perezida mushya wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB), baganira ku mikoranire isanzwe hagati y’u Rwanda n’iyo banki n’uburyo bwakwagurwa mu bihe biri imbere. Aya makuru yatangajwe n’Ibiro bya Perezida binyuze

Read More