Kivu y’Amajyepfo umutwe wa m23 wigaruriye utundi duce dushya muri teritwari ya Walungu na Kabare
Umutwe wa m23 wongeye kwigarurira utundi duce dushya muri teritwari ya Walungu na Kabare mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo,utu duce twigaruriwe n’uyu mutwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 02Kanama 2025 mu mirwano yashyamiranyije abarwanyi ba m23 nabarwana kwihuriro rya guverinoma ya Kinshasa.
Uko byari byifashe ubwo umuhanzi Timaya yageraga i Kigali(Amafoto)
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Inetimi Timaya Odon wamenyekanye nka Timaya yageze mu Rwanda, aho ategerejwe mu gitaramo kizasoza iserukiramuco rya ‘Giants of Africa’. Uyu muhanzi yageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali i Kanombe mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 1 Kanama 2025. Yari
Perezida Trump yirukanye Umuyobozi amujijije ikintu gutangaje
Perezida wa Leta zunze ubumwe za America Donald Trump yirukanye umuyobozi w’urwego rushinzwe ibaruramibare rishingiye ku mirimo (BLS), Dr. Erika McEntarfer, amushinja gutangaza imibare mike y’imirimo yahanzwe. Trump yafashe iki cyemezo tariki ya 1 Kanama 2025, nyuma y’amasaha make BLS igaragaje ko imirimo
Hagaragajwe ibinini bizajya bifasha abagabo kuboneza
Ubusanzwe iyo umuntu avuze kuboneza urubyaro ku bagabo umuntu yumva uburyo bubiri gusa, gukoresha agakingirizo cyangwa kwifungisha burundu, ariko ubu hari gukorwa igerageza ku binini bya ‘YCT-259’ bizajya bifasha abagabo kuboneza urubyaro. YCT-259 ni ibinini bica intege intangangabo kuko bifunga agace gakora intanga
Protais Mitali wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda yitabye Imana
Mitali Protais wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda nko kuba yarabaye Minisitiri w’Umuco na Siporo, ndetse akanaruhagararira nka Ambasaderi muri Ethiopia, yitabiye Imana mu Bubiligi. Amakuru y’urupfu rw’uyu munyapolitiki, yamenyekanye kuri uyu wa Gatanu tariki 01 Kanama 2025 ari na bwo yitabye Imana,
RDC: abatasi babiri bakomoka mu Bufaransa bafatiwe muri Kinshasa mugufasha AFC/M23 guhirika Tshisekedi
Urwego rushinzwe iperereza muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo rwafashe abazungu babiri bafite ubwenegihugu bw’igihugu cy’Ubufaransa bakekwaho kuza muri iki gihugu gukora ibikorwa by’ubutasi . Nkuko byatangajwe n’ibinyamakuru bitandukanye byo muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bivugwa ko aba batasi bafashwe ku munsi
Rubavu:BasiGo yamuritse imodoka zikoresha amashanyaraza 100% zikagenda ibirometero 350 zisharijwe rimwe
Mu karere ka Rubavu hamuritswe imodoka za BasiGo zikoresha amashanyaraza 100% zikagenda ibirometero 350 zisharijwe rimwe gusa. BasiGo abayobozi bayo bavuga ko imodoka bamuritse ko zifite ubushobozi bwo gukora urugendo ruva mu karere ka Rubavu,Huye,Nyagatare,Rusumo na Karongi maze ikagaruka mu Mujyi wa Kigali
Masisi:Umutwe wa m23 wongeye kugaba igitero ku barwanyi ba FDLR na Wazalendo muri Ufumando
Imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi b’umutwe wa FDLR na Wazalendo muri gurupoma ya Ufamando teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu Y’Amajyaruguru. Ni imirwano yatangijwe n’abarwanyi b’umutwe wa m23 bateye umutwe wa FDLR n’uwa Wazalendo baherereye mu midugudu
Mike Karangwa ari mu gahinda ko gupfusha umwana
Umunyamakuru Mike Karangwa uri mu bakomeye mu Rwanda ari mu gahinda ko gupfusha umwana wa kabiri muri batatu yari afite, witabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa 31 Nyakanga azize uburwayi. Mu kiganiro kigufi yahaye ikinyamakuru IGIHE dukesha iyi nkuru, Karangwa yavuze
Perezida Kagame yaganiriye na perezida mushya wa Banki Nyafurika Itsura amajyambere
Ku wa 31 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame yakiriye Dr. Sidi Ould Tah, Perezida mushya wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB), baganira ku mikoranire isanzwe hagati y’u Rwanda n’iyo banki n’uburyo bwakwagurwa mu bihe biri imbere. Aya makuru yatangajwe n’Ibiro bya Perezida binyuze