Abasirikare n’Abasivile 22 bakurikiranywe n’ubutabera bwa gisirikare

Abasirikare n’Abasivile 22 bakurikiranywe n’ubutabera bwa gisirikare

Aug 5, 2025

Igisirikare cy’u Rwanda, Rwanda Defence Force (RDF) cyatangaje ko Abasirikare n’Abasivile bakurikiranywe n’Ubushinjacyaha bwa Gisirikari kubera ibyaha bikomeye bijyanye no gukoresha umutungo wa Leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Kigali, 5 Kanama 2025,Ubuyobozi bwa RDF bwatangaje ko Ubushinjacyaha bwa gisirikari buri gukurikirana abasirikare babiri

Read More
Minisitiri w’intebe w’u Burundi yahinduriwe imirimo

Minisitiri w’intebe w’u Burundi yahinduriwe imirimo

Aug 5, 2025

Leta y’u Burundi yatangaje ko Gervais Ndirakobuca wari Minisitiri w’Intebe wayo kuva muri Nzeri 2022, kuri uyu wa 5 Kanama 2025 yatorewe kuba Perezida mushya wa Sena y’iki gihugu. Ndirakobuca uri mu basenateri babiri baherutse gutorerwa guhagararira ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu

Read More
Goma:Guverineri wungirije mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ku ruhande rwa AFC/m23 yashimagije Gen Sultan Makenga

Goma:Guverineri wungirije mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ku ruhande rwa AFC/m23 yashimagije Gen Sultan Makenga

Aug 5, 2025

Guverineri Wungirije w’Intara ya Kivu ya Ruguru washyizweho na AFC/M23, yashimye Umugaba Mukuru w’Abarwanyi ba M23, Maj Gen Sultani Makenga ku bw’ibikorwa by’indashyikirwa bye byagaruriye icyizere bamwe mu Banyekongo bari barajujubijwe n’ubutegetsi bw’Igihugu cyabo. Manzi Willy washyizweho na AFC/M23 nka Guverineri Wungirije wa

Read More
Abimukira 250 bagiye kwakirwa mu Rwanda baturutse muri Leta Zunze Ubumwe Za Amerika

Abimukira 250 bagiye kwakirwa mu Rwanda baturutse muri Leta Zunze Ubumwe Za Amerika

Aug 5, 2025

Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Rwanda bemeranyije ku masezerano ashobora gutuma u Rwanda rwakira amagana y’abimukira. nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo. Yagize ati: “U Rwanda rwemeye kwakira abimukira bagera kuri 250 ku bufatanye na Leta Zunze Ubumwe za

Read More
MC Tino atewe ishema no guhurira kurubyiniro na The Ben bakaririmbana indirimbo yabo yitwa Plenty mugitaramo cya Giants of Africa

MC Tino atewe ishema no guhurira kurubyiniro na The Ben bakaririmbana indirimbo yabo yitwa Plenty mugitaramo cya Giants of Africa

Aug 5, 2025

MC Tino uzwi nk’umunyamakuru,umuhanzi ndetse n’umushyushyarugamba w’inararibonye mu myidagaduro mu Rwanda, yatangaje ko yatewe ishema no guhurira kurubyiniro na The Ben, bakaririmbana bwa mbere indirimbo yabo yitwa Plenty yitiriwe Album ya The Ben.   Ni indirimbo bombi bokoranye, ariko batarahura ngo bayiririmbane ku

Read More
Umuhanzikazi wo muri Uganda avuga impamvu adakunda kwambara umwenda w’imbere(Amafoto)

Umuhanzikazi wo muri Uganda avuga impamvu adakunda kwambara umwenda w’imbere(Amafoto)

Aug 5, 2025

Umuririmbyikazi w’Umunya-Uganda, Gloria Bugie, wamenyekanye cyane mu ndirimbo Panama, yatangaje ko yahisemo kutambara umwenda w’imbere bitewe n’uko awufata nk’utamworohereza mu buzima bwe bwa buri munsi. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Zahara Totto kuri StarTimes Makula TV, Bugie yavuze ko kwambara uwo mwenda bimubangamira haba

Read More
Igisirikare cy’u Rwanda mubagize uruhare muguhererekanya ku imfungwa za m23 n’iza FNDB

Igisirikare cy’u Rwanda mubagize uruhare muguhererekanya ku imfungwa za m23 n’iza FNDB

Aug 5, 2025

Igisirikare cy’u Burundi n’umutwe wa m23 mu kwezi gushize byahanye imfungwa z’intambara zibarirwa muri makumyabiri(20) kuri buri ruhande,mu gikorwa bivugwa ko cyagizwemo uruhare n’igisirikare cy’u Rwanda. Amakuru dukesha BBC Gahuza avuga ko guhana izi mfungwa byabereye ku mupaka wa Gasenyi-Nemba uhuza igihugu  cy’u

Read More
Ambasaderi wa RDC mu Burundi n’abandi bakozi bakekwaho imikoranire n’imitwe yitwaje intwaro

Ambasaderi wa RDC mu Burundi n’abandi bakozi bakekwaho imikoranire n’imitwe yitwaje intwaro

Aug 4, 2025

Ambasaderi w’Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Burundi, Willy Mulumba, ari mu bantu bari gukorwaho iperereza bashinjwa gukorana n’amatsinda yitwaje intwaro arimo M23, MRDP-Twirwaneho n’ihuriro AFC. Ku wa 27 Nyakanga 2025, inzego z’umutekano mu Burundi zataye muri yombi Laurent Ruboneka Musabwa,

Read More
Protais Zigiranyirazo yapfuye

Protais Zigiranyirazo yapfuye

Aug 4, 2025

Protais Zigiranyirazo wari perefe wa perefegitura ya Ruhengeri ku butegetsi bwa Juvenal Habyirimana ndetse akaza gukurikiranwaho uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994, yapfuye. Amakuru y’urupfu rw’uyu mugabo yatangajwe n’umuhungu we, antoine mukiza zigiranyirazo mu gitondo cy kuri uyu wa mbere tariki 4

Read More
Ibyo twiteze muri gahunda yo guteza imbere urubyiruko izatwara arenga miliyari 49 Frw

Ibyo twiteze muri gahunda yo guteza imbere urubyiruko izatwara arenga miliyari 49 Frw

Aug 4, 2025

Minisitiri y’urubyiruko n’ubuhanzi(Miniyouth) yashyizeho gahunga y’imyaka itanu igamije guteza imbere urubyiruko izatwara arenga miliyari 49 Frw , azashorwa mu mishinga itandukanya yo guteza imbere urubyiruko.   Ni gahunda yashyizweho mu 2024 igamije kugabanya ubukene n’ubushomeri mu rubyiruko, guteza imbere imibereho myiza, guhanga imirimo

Read More