Abasirikare n’Abasivile 22 bakurikiranywe n’ubutabera bwa gisirikare
Igisirikare cy’u Rwanda, Rwanda Defence Force (RDF) cyatangaje ko Abasirikare n’Abasivile bakurikiranywe n’Ubushinjacyaha bwa Gisirikari kubera ibyaha bikomeye bijyanye no gukoresha umutungo wa Leta mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Kigali, 5 Kanama 2025,Ubuyobozi bwa RDF bwatangaje ko Ubushinjacyaha bwa gisirikari buri gukurikirana abasirikare babiri
Minisitiri w’intebe w’u Burundi yahinduriwe imirimo
Leta y’u Burundi yatangaje ko Gervais Ndirakobuca wari Minisitiri w’Intebe wayo kuva muri Nzeri 2022, kuri uyu wa 5 Kanama 2025 yatorewe kuba Perezida mushya wa Sena y’iki gihugu. Ndirakobuca uri mu basenateri babiri baherutse gutorerwa guhagararira ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu
Goma:Guverineri wungirije mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ku ruhande rwa AFC/m23 yashimagije Gen Sultan Makenga
Guverineri Wungirije w’Intara ya Kivu ya Ruguru washyizweho na AFC/M23, yashimye Umugaba Mukuru w’Abarwanyi ba M23, Maj Gen Sultani Makenga ku bw’ibikorwa by’indashyikirwa bye byagaruriye icyizere bamwe mu Banyekongo bari barajujubijwe n’ubutegetsi bw’Igihugu cyabo. Manzi Willy washyizweho na AFC/M23 nka Guverineri Wungirije wa
Abimukira 250 bagiye kwakirwa mu Rwanda baturutse muri Leta Zunze Ubumwe Za Amerika
Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Rwanda bemeranyije ku masezerano ashobora gutuma u Rwanda rwakira amagana y’abimukira. nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo. Yagize ati: “U Rwanda rwemeye kwakira abimukira bagera kuri 250 ku bufatanye na Leta Zunze Ubumwe za
MC Tino atewe ishema no guhurira kurubyiniro na The Ben bakaririmbana indirimbo yabo yitwa Plenty mugitaramo cya Giants of Africa
MC Tino uzwi nk’umunyamakuru,umuhanzi ndetse n’umushyushyarugamba w’inararibonye mu myidagaduro mu Rwanda, yatangaje ko yatewe ishema no guhurira kurubyiniro na The Ben, bakaririmbana bwa mbere indirimbo yabo yitwa Plenty yitiriwe Album ya The Ben. Ni indirimbo bombi bokoranye, ariko batarahura ngo bayiririmbane ku
Umuhanzikazi wo muri Uganda avuga impamvu adakunda kwambara umwenda w’imbere(Amafoto)
Umuririmbyikazi w’Umunya-Uganda, Gloria Bugie, wamenyekanye cyane mu ndirimbo Panama, yatangaje ko yahisemo kutambara umwenda w’imbere bitewe n’uko awufata nk’utamworohereza mu buzima bwe bwa buri munsi. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Zahara Totto kuri StarTimes Makula TV, Bugie yavuze ko kwambara uwo mwenda bimubangamira haba
Igisirikare cy’u Rwanda mubagize uruhare muguhererekanya ku imfungwa za m23 n’iza FNDB
Igisirikare cy’u Burundi n’umutwe wa m23 mu kwezi gushize byahanye imfungwa z’intambara zibarirwa muri makumyabiri(20) kuri buri ruhande,mu gikorwa bivugwa ko cyagizwemo uruhare n’igisirikare cy’u Rwanda. Amakuru dukesha BBC Gahuza avuga ko guhana izi mfungwa byabereye ku mupaka wa Gasenyi-Nemba uhuza igihugu cy’u
Ambasaderi wa RDC mu Burundi n’abandi bakozi bakekwaho imikoranire n’imitwe yitwaje intwaro
Ambasaderi w’Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Burundi, Willy Mulumba, ari mu bantu bari gukorwaho iperereza bashinjwa gukorana n’amatsinda yitwaje intwaro arimo M23, MRDP-Twirwaneho n’ihuriro AFC. Ku wa 27 Nyakanga 2025, inzego z’umutekano mu Burundi zataye muri yombi Laurent Ruboneka Musabwa,
Protais Zigiranyirazo yapfuye
Protais Zigiranyirazo wari perefe wa perefegitura ya Ruhengeri ku butegetsi bwa Juvenal Habyirimana ndetse akaza gukurikiranwaho uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994, yapfuye. Amakuru y’urupfu rw’uyu mugabo yatangajwe n’umuhungu we, antoine mukiza zigiranyirazo mu gitondo cy kuri uyu wa mbere tariki 4
Ibyo twiteze muri gahunda yo guteza imbere urubyiruko izatwara arenga miliyari 49 Frw
Minisitiri y’urubyiruko n’ubuhanzi(Miniyouth) yashyizeho gahunga y’imyaka itanu igamije guteza imbere urubyiruko izatwara arenga miliyari 49 Frw , azashorwa mu mishinga itandukanya yo guteza imbere urubyiruko. Ni gahunda yashyizweho mu 2024 igamije kugabanya ubukene n’ubushomeri mu rubyiruko, guteza imbere imibereho myiza, guhanga imirimo