Diamond Platnumz yagaragaje ibimenyetso byo kwihakana bamwe mu bana be
Umuhanzi Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare nyawo w’abana yabyaye, kandi ko ashidikanya niba abo bivugwa ko yabyaranye n’abagore batandukanye bose ari abe koko. Uyu muhanzi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru. Yavuze ko nubwo yita ku bana batandukanye bivugwa ko ari be,
Iran yishwe ukekwa kuba umutasi wa Israel
Ibitangazamakuru bya Leta ya Iran byatangaje ko Rouzbeh Vadi washinjwaga kuba maneko ya Isiraheli yishwe nyuma yo gushinjwa n’Urukiko guha Isiraheli amakuru yerekeye umuhanga mu bya nikeleyeri wishwe mu gitero cya Isiraheli cyo muri Kamena. Rouzbeh Vadi yishwe kuri uyu wa Gatatu nyuma
Uvira:imirwano yongeye kubura hagati y’igisirokare cy’u Burundi na FNL ndetse na Twirwaneho
Uvira imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’igisirikare cy’igihugu cy’u Burundi n’abarwanyi b’umutwe wa FNL urwanya ubutegetsi bwiki gihugu ukorera mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwiki gihugu. Ni imirwano yatangiye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6Kamena 2025 mu bice bya Kiliba
SIDA yibasiriye igisirikare cy’u Burusiya cyiri mu ntambara muri Ukraine
Minisitiri y’Ingabo mu Burusiya avuga ko umubare w’abasirikare banduye indwara ya SIDA watumbagiye kuva muri Gashyantare 2022 ubwo batangiraga intambara muri Ukraine. Amakuru y’ubwiyongere bw’ubwandu bw’indwara ya SIDA mu basirikare b’u Burusiya yahishuwe n’urubuga Carnegie Politika nyuma yo gusesengura raporo ya Minisiteri y’Ingabo
Leta ya RDC ntivuga rumwe na AFC/m23 kwiyicwa ry’umunyamakuru Fiston Wilondja wiciwe i Bukavu
Fiston Wilondja Mazambi wari umunyamakuru yiciwe i Bukavu, mu gace kagenzurwa na AFC/M23. Ikinyamakuru kitwa Le Potentiel cyatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Tariki 05/8/2025 ari bwo abantu basanze umurambo we uryamye hasi,yavuye amaraso menshi kandi aziritse ikiziriko mu ijoso.
Ubutabera:Ingabire Victoire yisobanuye avuga ko ibyaha aregwa harimo ibyashaje,ese icyaha gisaza ryari?
Amategeko avuga ko icyaha ari igikorwa kibujijwe n’itegeko cyangwa kwanga gukora igitegetswe ku buryo bihungabanya umutekano mu bantu kandi hari itegeko ribiteganyiriza igihano. Hari ihame rivuga ko kandi Nta gihano gishobora gutangwa hatari itegeko, nta kurikiranacyaha ndetse no kurangiza igifungo cyatanzwe mu gihe
Uwahoze ari umukozi wa As kigali ayisaba kumwishyura bitabaye ibyo akayijyana mu Nkiko
Nsabimana Jean de Dieu wahoze ari umukozi wa As kigali mu gice cyo kuvura abakinnyi , yasabye ubuyobozi bwiyi kipe kumwishyura imishahara ye ingana na mezi 13 ingana n’arenga miliyoni 6 Frw, bitakunda akaba yakwitabaza inkiko zikamurenganura. Mu mwaka w’imikino wa 2024/2025 urangiye,
Amerika igiye kujya isaba abanyamahanga ingwate kuri visa zabo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zigiye gutagira gusaba abanyamahanga ingwate ya 15.000 dollar kuri visa bitewe n’abarenza igihe bemerewe kumarayo. Ku wa 5 nyakanga nibwo iyi gahunda yashyizweho umukono na Perezida Donald Trump mu buryo bwo gukumira abanyamahanga bajyayo bakarenza igihe bimerewe ndetse
Abagize Guverinoma nshya y’u Burundi
Guverinoma nshya iyobowe na Minisitiri W’intebe ,Nestor Ntahontuye yongewemo abandi baminisitiri bashya benshi. ku wa 5 Nyakanga 2025 Perezida Evariste Ndayishimiye nibwo yabashyizeho. Perezida Evariste Ndayishimye yashyizeho abagize Guverinoma nshya , bamwe bagaruka mu buyobozi abandi barahindurwa, bwa mbere umugore yagizwe Minisitiri W’Ingabo
U Rwanda rufite impungenge ku masezerano y’Amahoro rwagiranye na RDC
Mumasezerano y’amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC agashyirwaho umukono ,rufite impungengeko ashobora kudashyirwa mubikorwa nk’uko byemeranyijwe n’impande zombi. Ibi byagarutsweho na Minisiti w’uhanye n’amahanga n’ubutwererane, Amb. Olivier nduhungirehe ubwo yagize Ati”Impamvu eshatu z’ingenzi u Rwanda rushingiraho rugira impungenge ku ishyirwa mu bikorwa ry’ayo