Rusizi Umugore wabyaye avuye kwamamaza umukuru w’igihungu yahawe inzu
Uwamariya Noella wo mu karere ka Rusizi, wabyaye avuye kwamamaza, Chairman w’Umuryango FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, wari umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihungu mu matora yatsinze mu 2024, yubakiwe inzu. Ku wa 10 kanama 2025, nibwo Uwamariya Noella yahawe iyi nzu yubakiwe n’abanyamuryango ba FPR-I
Abanyamulenge bagiye kurega umutwe wa FDLR m’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC
Me Maingain yatangaje ko we na bagenzi be bafite ibimenyetso bigaragaza ubugizi bwa nabi bwa FDLR kandi ko bazabishyikiriza ICC Abanyamategeko bunganira Abanyamulenge, Abatutsi n’Abahema bakorewe ibyaha muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bateganya gushyikiriza urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) ibimenyetso bigaragaza ubugizi bwa
Imirwano ikaze yongeye kubura hagati ya Wazalendo na m23 muri Walungu
Imirwano ikaze yongeye kubura muri teritwari ya Walungu hagati y’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo n’abarwanyi b’umutwe wa m23 ikaba yatangiye mu bice m23 yariherutse kunyaga umutwe wa Wazalendo. Ni imirwano yatangiye kuri iki Cyumweru mu masaha ya nyuma ya saa sita aho bivugwa ko
DonaId Trump yahagaritse intambara mu gihugu cya Congo
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashimangiye ko yahagaritse intambara yo mu Burasirazubabwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kandi ngo abaturage barabyishimiye cyane. Donald Trump yabivuze ku wa 8 Kanama 2025, nyuma yo gufasha Perezida IIham Aliyev wa Azerbaijan na
Rayon Sports yashize hanze imyambaro mishya igiye kujya yambara
Rayon Sports FC yashize hanze imyambaro mishya izifashisha mu mikino yakiriye mu mwaka wa 2025/2026, yakozwe n’ikigo Nyarwanda gikora Imideli, Kwesa Collection. Mwijoro ryo ku wa gatanu, tariki ya 8 Kanama 2025, ni bwo Gikundiro yagaragaje imyambaro izakoreshwa ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo.
Intwaro zoherezwaga muri Isreal u Budage bwazihagaritse.
Leta y’u Budage kurubu yafashe icyemezo cyo kutazongera kohereza intwaro muri Isreal, nyuma y’uko icyo gihugu gifashe icyemezo cyo kugenzura umujyi wa Gaza, inkambi ziwukikije ndetse n’umutekano w’agace ka Gaza kose, mu rwego rwo kwambura intwaro umutwe wa Hamas ndetse no gucyura imbohe
Rubavu abaturange babiri na Gitifu batawe muri yombi bakekwaho kugurisha inka za Girinka
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari ka kanyundo mu Murenge wa mudende ho mu karere ka Rubavu yatawe mu yombi arikumwe n’abaturange babiri, bakekwaho kugurisha inka ebyiri za Girinka bari barahawe. Kuruyu wa Mbere tariki 4 kanma 2025, nibwo Gitifu w’Akagari yatawe muri yombi, nyuma y’umunsi
Nyanza Abantu batatu bari mu maboko y’ubugenzacyaha bakurikiranwaho urupfu rw’umusore wari waraburiwe irengero
Abantu batatu bo mu Krere ka Nyanza ,Umurenge wa Rwabicuma bari mu maboko y’ubungenzacyaha (RIB), bakurikiranwaho urupfu rw’ umusore w’imyaka 19, wari umaze icyumweru yaraburiwe irengero nyuma yuko umurambo we bahusanze mu mufuka. Ibi byatangajwe ku wa 6 kanama 2025 na Polisi y’u
AFC/M23 Ishyigikiye Impinduka mu Miyoborere ya RDC binyuze muri ‘Fédéralisme’
Ihuriro rya politiki n’umutwe wa gisirikare AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryasohoye icyifuzo risaba ko imiyoborere y’iki gihugu yahinduka ikajya ishingira ku ihame rya federalisme, rishingiye ku gutanga ububasha bwisumbuye ku nzego z’ibanze, nk’uko bikorwa mu bihugu nka
Ghana iri mu gahinda k’abayobozi bayo bakuru bahitanywe n’impanuka ya kajugujugu
Igihugu cya Ghana kiri mu gihe cy’amarira n’agahinda nyuma y’uko indege ya kajugujugu ikoze impanuka igahitana abantu umunani, barimo abayobozi bakuru ba Leta. Iyi ndege yari yavuye i Accra, Umurwa Mukuru, igana mu mujyi wa Obuasi, ariko ntibyigeze bigenda uko byari byitezwe kuko