U Rwanda rugiye kugura indege y’imizigo

U Rwanda rugiye kugura indege y’imizigo

Aug 15, 2025

Guverinoma y’u Rwanda iri gushaka uburyo yabona indi ndege  itwara imizigo vuba, nyuma yo kubona ko hari abahinzi beza umusaruro mwinshi ariko ukabura uko ugezwe ku masoko. Mu myaka ine iri imbere kugeza mu 2028/2029 u Rwanda rwihaye intego yo kuzaba rwinjiza miliyari

Read More
Minisitiri Nduhungirehe Olivier yasabiye Perezida Donald Trump igihembo cyitiriwe Amahoro ku Isi

Minisitiri Nduhungirehe Olivier yasabiye Perezida Donald Trump igihembo cyitiriwe Amahoro ku Isi

Aug 14, 2025

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe ari mu bayobozi batandukanye ku Isi basabira Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel (Nobel Peace Prize).   Minisitiri Nduhungirehe, aherutse kuvuga ko Donald Trump, akwiriye

Read More
Goma :Abanyamulenge bibutse ku nshuro ya 21 bagenzi babo biciwe mu Burundi bazira ko ari Abatutsi

Goma :Abanyamulenge bibutse ku nshuro ya 21 bagenzi babo biciwe mu Burundi bazira ko ari Abatutsi

Aug 14, 2025

Kwibuka Jenoside yakorewe Abanyamulenge mu Gatumba mu gihugu cy’u Burundi ,Abanyamulenge baba hirya no hino ku Isi bibutse bagenzi babo bazize ubwicanyi bwabaye mu ijoro rya tariki ya 13 rishyira tariki ya 14 z’ukwezi kwa munani umwaka wa 2004,Abanyamulenge batuye mu mujyi wa

Read More
Rulindo:RIB yakaguriye abaturange gukumira ibyaha bitaraba

Rulindo:RIB yakaguriye abaturange gukumira ibyaha bitaraba

Aug 13, 2025

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha(RIB) mu bukangurambaga bwo gukangurira abaturageye y’agaciro ndetse runagaragaza ibihano bihabwa ababikoze gukumira ibyaha bitaraba,rwibanze ku byaha bigaragara mu bucukuzi bw’amabu. ku wa kabiri,tariki 12 kanama 20205, Urwego rw’Igihungu rw’ubugenzacyaha(RIB)rwaganirije abaturage bo mu Karere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru kungingo yo

Read More
Rutsiro Ubucukuzi bw’umucanga bwinjije imisoro n’amahoro arenga miliyoni 450Frw

Rutsiro Ubucukuzi bw’umucanga bwinjije imisoro n’amahoro arenga miliyoni 450Frw

Aug 12, 2025

Ubucukuzi bw’umucanga waturutse mu migezi yo mu Karere ka Rutsiro, bwinjirije aka Karere imisoro n’amahoro agera kuri miliyoni 450,979,241 Frw,mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/2025. Akarere ka Rutsiro gatangaza ko ubu bucukuzi bwahangiye imirimo baturange basaga 9,650 binyuze muri sosiyete 36 zifite impushya

Read More
RDC:Umutwe wa m23 wamaganye ibikorwa bya Leta ya RDC bibangamiye agahenge

RDC:Umutwe wa m23 wamaganye ibikorwa bya Leta ya RDC bibangamiye agahenge

Aug 12, 2025

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko leta ya Kinshasa irimo gutegura intambara yeruye “nubwo bwose yasinye ku mahame yo kurangiza intambara”. Mu itangazo, umutwe wa M23 uvuga ko wabonye “ibikorwa byo kwegeranya ingabo n’ibikoresho” mu bice bitandukanye mu ntara za Kivu y’Epfo na Kivu

Read More
Umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Mulamba na Kaniola muri teritwari ya Walungu

Umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Mulamba na Kaniola muri teritwari ya Walungu

Aug 11, 2025

Imirwano ikomemeye yiriwe hagati y’abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ,muri Teritwari ya Walungu na Shabunda aho iyi mirwano yasize umutwe wa m23 wigaruriye uduce tubiri muri izi teritwari zaombi.   Amakuru yatangajwe na Sosiyete Sivile

Read More
Rwamagana:Abagabo babiri barashwe ubwo barwanyanga Abapolisi

Rwamagana:Abagabo babiri barashwe ubwo barwanyanga Abapolisi

Aug 11, 2025

Abagabo babiri bo mu Karere ka Rwamagana, mu Murenge wa Muyumbu mu Kagari ka Nyarukombe bari bafunzwe bakurikiranyweho ubwicanyi n’ubujura barashwe ubwo barwanyaga Abapolisi bagiye kwerekana aho bahishe ibyo bibye. Aba bagabo bari baratawe muri yombi mu bantu bacyekwagaho ko bakoze ubwicanyi n’ubujuru

Read More
Abanyamahanga bitabiriye ikoraniro ry’Abahamya ba Yehova bishimiye cyane uburyo bakiriwe mu Rwanda

Abanyamahanga bitabiriye ikoraniro ry’Abahamya ba Yehova bishimiye cyane uburyo bakiriwe mu Rwanda

Aug 11, 2025

Abahamya ba Yehova bitabiriye ikoraniro mpuzamahanga ryabereye i Kigali bagaragaje ko bahagiriye ibihe byiza, ubwiza bwiyongera mu bundi ubwo basuraga ibyiza nyaburanga bitatse u Rwanda harimo Pariki ya Akagera, Pariki y’Ibirunga n’ahandi. Iri koraniro mpuzamahanga ryabereye muri Stade Amahoro i Remera guhera ku

Read More
Davido yahaye impano y’isaha umugore we ingana na Miliyoni 433 Frw

Davido yahaye impano y’isaha umugore we ingana na Miliyoni 433 Frw

Aug 11, 2025

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeat,David Adeleke uzwi ku izina rya Davido, yahaye umugore we Chioma Rowland impano y’isaha yo mu bwoko bwa Richard Mille irimo amabuye ya diyama, ifite agaciro ka $300,000[433,529,700] mu muhango w’ubukwe bwabo bwo gusezerana imbere y’Imana wabereye mu

Read More