U Rwanda rugiye kugura indege y’imizigo
Guverinoma y’u Rwanda iri gushaka uburyo yabona indi ndege itwara imizigo vuba, nyuma yo kubona ko hari abahinzi beza umusaruro mwinshi ariko ukabura uko ugezwe ku masoko. Mu myaka ine iri imbere kugeza mu 2028/2029 u Rwanda rwihaye intego yo kuzaba rwinjiza miliyari
Minisitiri Nduhungirehe Olivier yasabiye Perezida Donald Trump igihembo cyitiriwe Amahoro ku Isi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe ari mu bayobozi batandukanye ku Isi basabira Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel (Nobel Peace Prize). Minisitiri Nduhungirehe, aherutse kuvuga ko Donald Trump, akwiriye
Goma :Abanyamulenge bibutse ku nshuro ya 21 bagenzi babo biciwe mu Burundi bazira ko ari Abatutsi
Kwibuka Jenoside yakorewe Abanyamulenge mu Gatumba mu gihugu cy’u Burundi ,Abanyamulenge baba hirya no hino ku Isi bibutse bagenzi babo bazize ubwicanyi bwabaye mu ijoro rya tariki ya 13 rishyira tariki ya 14 z’ukwezi kwa munani umwaka wa 2004,Abanyamulenge batuye mu mujyi wa
Rulindo:RIB yakaguriye abaturange gukumira ibyaha bitaraba
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha(RIB) mu bukangurambaga bwo gukangurira abaturageye y’agaciro ndetse runagaragaza ibihano bihabwa ababikoze gukumira ibyaha bitaraba,rwibanze ku byaha bigaragara mu bucukuzi bw’amabu. ku wa kabiri,tariki 12 kanama 20205, Urwego rw’Igihungu rw’ubugenzacyaha(RIB)rwaganirije abaturage bo mu Karere ka Rulindo mu Ntara y’Amajyaruguru kungingo yo
Rutsiro Ubucukuzi bw’umucanga bwinjije imisoro n’amahoro arenga miliyoni 450Frw
Ubucukuzi bw’umucanga waturutse mu migezi yo mu Karere ka Rutsiro, bwinjirije aka Karere imisoro n’amahoro agera kuri miliyoni 450,979,241 Frw,mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/2025. Akarere ka Rutsiro gatangaza ko ubu bucukuzi bwahangiye imirimo baturange basaga 9,650 binyuze muri sosiyete 36 zifite impushya
RDC:Umutwe wa m23 wamaganye ibikorwa bya Leta ya RDC bibangamiye agahenge
Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko leta ya Kinshasa irimo gutegura intambara yeruye “nubwo bwose yasinye ku mahame yo kurangiza intambara”. Mu itangazo, umutwe wa M23 uvuga ko wabonye “ibikorwa byo kwegeranya ingabo n’ibikoresho” mu bice bitandukanye mu ntara za Kivu y’Epfo na Kivu
Umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Mulamba na Kaniola muri teritwari ya Walungu
Imirwano ikomemeye yiriwe hagati y’abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ,muri Teritwari ya Walungu na Shabunda aho iyi mirwano yasize umutwe wa m23 wigaruriye uduce tubiri muri izi teritwari zaombi. Amakuru yatangajwe na Sosiyete Sivile
Rwamagana:Abagabo babiri barashwe ubwo barwanyanga Abapolisi
Abagabo babiri bo mu Karere ka Rwamagana, mu Murenge wa Muyumbu mu Kagari ka Nyarukombe bari bafunzwe bakurikiranyweho ubwicanyi n’ubujura barashwe ubwo barwanyaga Abapolisi bagiye kwerekana aho bahishe ibyo bibye. Aba bagabo bari baratawe muri yombi mu bantu bacyekwagaho ko bakoze ubwicanyi n’ubujuru
Abanyamahanga bitabiriye ikoraniro ry’Abahamya ba Yehova bishimiye cyane uburyo bakiriwe mu Rwanda
Abahamya ba Yehova bitabiriye ikoraniro mpuzamahanga ryabereye i Kigali bagaragaje ko bahagiriye ibihe byiza, ubwiza bwiyongera mu bundi ubwo basuraga ibyiza nyaburanga bitatse u Rwanda harimo Pariki ya Akagera, Pariki y’Ibirunga n’ahandi. Iri koraniro mpuzamahanga ryabereye muri Stade Amahoro i Remera guhera ku
Davido yahaye impano y’isaha umugore we ingana na Miliyoni 433 Frw
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeat,David Adeleke uzwi ku izina rya Davido, yahaye umugore we Chioma Rowland impano y’isaha yo mu bwoko bwa Richard Mille irimo amabuye ya diyama, ifite agaciro ka $300,000[433,529,700] mu muhango w’ubukwe bwabo bwo gusezerana imbere y’Imana wabereye mu