Gatsibo yapfuye, hakekwa inkoni yakubiswe
Inzego z’umutekano mu karere ka Gatsibo mu Murenge wa Gitoki, Zatangiye iperereza ku rupfu rw’umugabo w’imyaka 32 bikekwa ko yishwe n’abacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe muri aka karere. Uyu mugabo yapfuye ku cyumweru tariki 17 Kanama 2025.Yari atuye mu Mudugudu wa Gishore
Umutoza wa Azam FC yasobanuye uko yigeze kugorwa na APRFC
Umutoza w’ikipe ya Azam FC Florent Ibenge Ikwange yatangaje ko ubwo yatozaga RS Berkane bagowe cyane no gutsinda ikipe ya APER FC nubwo byarangiye begukanye irushanwa rya confederation cup bakinaga. Mu mwaka wa 2021,ikipe ya APR FC yari isigaje iminota 14 ngo yerekeze
Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa RDC
Umutwe w’iterabwoba wa ADF wishe abaturage bagera kuri 59 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba baturage biciwe mu duce dutandukanye two muri Segiteri ya Bapere muri teritwari ya Lubero ndetse no mu mujyi wa
Umwuka mubi watutumbye hagati ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ubutegetsi bwa RD, Gen Evariste Kakule Somo, n’abadepite bo ku rwego rw’intara
Umwuka mubi watutumbye hagati ya Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Evariste Kakule Somo, n’abadepite bo ku rwego rw’intara, bapfa umushahara. Aba badepite tariki ya 15 Kanama 2025 banditse ibaruwa, bagaragaza ko abakozi bo muri iyi
AFC/M23 na Leta ya RDC bigiye kohereza intumwa muri Qatar
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 riburwanya,bigiye kohereza intumwa muri Qatar kugira ngo zisuzume uko amahame yashyizweho umukono tariki ya 19 Nyakanga 2025 ari kubahirizwa. Umuyobozi wungirije wa AFC/M23, Bertrand bisimwa, yatangaje ko mu ngingo zizasuzumirwa muri Qatar zirimo ihagarikwa
Intambara ibera muri Gaza imaze guhitana abarenga ibihumbi 62
Intambara igiye ibiri ica ibintu mu gace ka Gaza imaze guhitana Abanya-Palestine barenga ibihumbi 62 mu gihe abarenga ibihumbi 120 bakomeretse. Nibura hrjuru ya 80% by’abapfuye muri iyi ntambara ni abasivire mu gihe hejuru ya 50% ari abakiri bato,bari munsi y’imyaka 24,bakiganzamo abana n’abagore.
Kirehe:umugore n’urubyiruko ni inkingi za mwamba mu guteza igihugu imbere/hon Icyizanye Masozera
Abarwanashyaka b’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR Green Party) bo mu karere ka Kirehe, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16 Kanama 2025 bakoranye inama ndetse n’amahugurwa yatangijwe na Hon Icyizanye Masozera akaba n’umucungamutungo mukuru wiri shyaka, aho bamwe mu
Shema Fabrice wiyamamariza kuyobora FERWAFA ntashishikajwe na mafaranga yayo
Shema Fabrice wiyamamariza kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yavuze ko atarangajwe n’umushahara wa Perezida w’iri shyirahamwe atari wo ashyize imbere. Shema aheruka kwemezwa nk’umukandida rukumbi ku mwanya wo kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), mu matora ateganyijwe kuwa 30 Kanama
Abasirikare 35 b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore bgo baryamare
Iperereza rya gisirikare ryakozwe hagati ya Nyakanga 2022 kugeza mu mpera za 2024, ryagararaje dosiye 35 z’abasirikare b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore kugira ngo bakore imibonano mpuzabitsina. Ibyavuye mu iperereza byagaragaje ko nubwo hari itegeko ryashyizweho rigamije guca burundu ihohoterwa rishyingiye ku gitsina
Walikare umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Macumbi na Ngenge mu mirwano ikomeye
Walikare umutwe wa m23 wigaruriye uduce twa Macumbi na Ngenge mu mirwano ikomeye uyu mutwe wari uhanganyemo n’abarwanyi ba Wazalendo. Mu mirwano yatangiye kuwa kabiri tariki ya 12 Kanama 2025 ikagera kuwa kane yari ihanganishije abarwanyi ba m23 n’abarwanyi bashyigikiwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa