Abafana ba APR FC bagaragaje agahinga gakomeye nyuma yo kuba iya nyuma mu Inkera y’Abahizi
Abafana ba APR FC bagaragaje agahinda gakomeye, nyuma yo gusoza irushanwa yateguye ryiswe Inkera y’Abahizi itatsinze umukino n’umwe, igikombe kikegukana na Police FC. Ikipe y’Ingabo yatsinzwe imikino yose yakinnye muri iri rushanwa,aho usoza yatsinzwe na Azam FC yo muri Tanzania ibitego 2-0. Bamwe
Ingabo za RDC, FDLR na Wazalendo byacengeye Goma
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa 25 kanama 2025, ingabo z’iki gihugu, umutwe w’iterabwoba byacengeye mu bice birimo Goma. Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yasobanuye ko abasirikare ba RDC n’aba barwanyi
U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 532 babaga muri RDC
Guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa 25 kanama 2025 yakiriye Abanyarwanda 532 babaga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bifuje gutaha ku bushake. Igikorwa cyo gucyura Abanyarwanda cyashingiye ku myanzuro yafatiwe mu nama y’u Rwanda, RDC n’ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi (UNHCR) yabereye
Minembwe umutwe wa m23 wafashe agace ka Lubumba bishyira Uvira mu kaga
Umutwe wa m23 uri mu Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa wigaruriye agace ka Lubumba bishyira umujyi wa Uvira mu kaga. umutwe wa m23 wigaruriye umudugudu wa Lubumba nyuma yuko abarwanyi b’uyu mutwe babashije kurenga umugezi wa Lushiji no kwirukana abarwanyi ba Wazalendo n’ingabo
Mozambique yashimye umusanzu w’u Rwanda mu bya gisirikare n’umutekano
Guverinoma ya Mozambique yashimiye u Rwanda kuba umufatanyabikorwa w’ingenzi w’icyo gihugu kandi ubufatanye bw’impande zombi bugatanga umusaruro by’umwihariko mu bya gisirikare n’iterambere ry’imibereho myiza y’abaturage. Byagarytsweho na Minisiteri w’ingabo wa Mozambique Maj.Gen.cristo’vao Artur chume,uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu u Rwanda.Ni uruzinduko kandi rurimo
Ambasaderi w’u Butaliyani ari mukaga kubera amagambo yavuzwe kuri Perezida Macron
U Bufaransa bwahamagaje Ambasaderi w’u Butaliyani muri iki guhugu, Emanuela D’Alessandro kugira ngo atange ibisobanuro ku byatangajwe na Minisitiri w’Intebe wungirije, Matteo Salvini kuri Perezida Emmanuel Macron. Macron aherutse gutangaza ko muri Ukraine hakenewe koherezwa ingabo nyinshi zo mu muryango w’ubumwe bw’u Burayi,
Israel yatangiye ikimeze nk’imperuka kubatuye Gaza
Abaturage b’abanya-palestine batuye muri Gaza barimo guhunga urusaku rw’ibisasu bikomeye nyuma y’uko ingabo za Israel zitangiye icyiciro cya mbere cy’igitero karundura cyo ku butaka cyari kimaze igihe gitegurwa. Amakuru aturuka muri Gaza,ahatuwe n’abarenga miliyoni abapilote ndetse n’amasasu y’imbunda zikomeye. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye,Anto’nio
U Rwanda rugiye kwakira inama mpuzamahaga yiga ku mashyamba
Kuva ku itariki 20 kugeza 24 Ukwakira 2025,U Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga ya Gatandatu yiga ku buhinzi bw’amashyamba. Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubukerarugendo bushungiye ku Nama (RCB),kigaragaza ko iyi nama izahuza abafatanyabikorwa mu guteza imbere ubuhinzi bw’amashyamba,gucunga neza umutungo kamere no guhangana
Intumwa ya Trump irasaba kuziba abatishimiye ibiganiro bya Amerika n’u Burusiya
Intumwa yihariye ya Trump, Keith kellogg, yavuze ko ibiganiro biherutse guhuriza Donald Trump na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, i Alaska muri Amerika ari intambwe ikomeye yagezweho igamije guhagarika intambara muri Ukraine, asaba abatabyishimiye “kuziba”. Ibiganiro by’imbonankubone bya Trump na Putin byakunze
Inganda eshatu z’amazi zahagaritswe by’agateganyo kubera imvura nyinshi
Ikigo cy’Igihungu gishinzwe Amazi,Isuku n’Isukura,WASAC Group,cyatangaje ko kubera imvura nyinshi yaguye ikanduza imigezi itandukanye mu mpera z’icyumweru gishize,inganda z’amazi eshatu zahagaritse imirimo yo kuyatanga by’agateganyo. Inganda zabaye zihagaritse imirimo by’agateganyo kubera imigezi yanduye harimo urwa Gihira mu Karere ka Rubavu, Gihengeri mu Karere