Goma:Abanyekongo bazaganira Perezida Tshisekedi atagihari kuko ameze nka Yona/Corneille Naanga
Abanyekongo bazaganira Perezida Tshisekedi atagihari kuko ameze nka Yona aya ni amagambo yatangajwe n’umuhuzabikorwa w’Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa RDC (AFC/M23) Corneille Naanga Yobelua mu kiganiro iri huriro ryagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa mbere tariki ya 01 Nzeri 2025 mu mujyi wa Goma. Mu
U Rwanda ibicuruzwa rutumiza mu mahanga bitwara akayabo ka mafaranga menshi
U Rwanda ruri mu bihugu byashyize imbere itarembere ry’inganda hagamijwe kugabanya ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga, hakiyongera ibyoherezwayo gusa mu bicuruzwa bikurwa hanze y’igihugu harimo n’umuceri uhingwa imbere mu gihugu. Mu 2024 u Rwanda rwatumije mu mahanga ibintu bitandukanye bifite agaciro ka miliyari 6,5$
Igisirikare cya Finlande kigiye gukura ikirango cy’Aba-Nazi ku birango byacyo
Igisirikare cya Finlande kirwanira mu kirere kiri gutegura uburyo cyakura ikimenyetso kizwi nka ‘Swastika’ ku mpuzankano, amabendera no ku bindi birango byacyo nk’uburyo bwo kwitandukanya n’Aba-Nazi. Ni ikimenyetso mu myaka yo hambere cyubahwaga kigafatwa nk’icy’ubukire n’imibereho myiza ,amahoro n’amahirwe n’ibindi. Cyakoreshwaga mu myizerere
Baltasar Ebang uzwiho gusambana n’abagore 400 yakatiwe gufungwa imyaka umunani
Baltasar Ebang Engong ukomoka muri Guine’e e’quatoriale, yahamijwe ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta no kugira uruhare mu byaha bya ruswa, ahanishwa gufungwa imyaka umunani n’ihazabu ya miliyoni 125,4 CFA [akabakaba miliyoni 320 Frw]. Balthasar wari umuyobozi w’ikigo cya Guine’e e’quatoriale gishinzwe gukora
Amerika yashiriyeho imisoro ibicuruzwa biva mu Buhinde yatangiye gushyirwa mu bikorwa
Minisitiri w’U Buhinde, Narendra Modi, yasabye abaturange gushyira imbaraga mu kugura ibicuruzwa byakorewe imbere mu gihugu nyuma y’yuko imisoro iheruka gushyirwa ku bicuruzwa biva muri icyo gihugu bijya muri Amerika ingana na 50% itangiye gushyirwa mu bikorwa. Leta Zunze Ubumwe za Amerika zari
Umusifuzi yakomerekejwe muri Shampiyona ya Tunisie
Mu mukino wa shampiyona mu gihugu cya Tunisie, umusifuzi wo ku ruhande witwa Marwana Saad,yakomerekejwe n’abafana nyuma yo kutishimira ibyemezo yagiragamo uruhare. Ku wa Gatatu, Tariki ya 27 kanama 2025, umukino wahuzaga CA Bizertin na Club African zikinz shampiyona ya tunisie, wahagaze ugeze
Uvira umutekano ukomeje kuba ikibazo nyuma yuko yugarijwe n’umutwe wa m23
Uvira imirwano ikaze yashyamiranyije abarwanyi b’umutwe wa m23 n’abarwanyi ba Wazalendo,ni imirwano yabaye kuri uyu wa mbere muri chefferie ya Burhinyi ,teritwari ya Uvira. Amakuru dukesha isoko zacu ziri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo avuga ko abarwanyi b’umutwe wa m23 bashatse gufata umujyi
Perezida Kagame yahakanye kubivugwa kuri RDF bitari byiza
Perezida Paul Kagame yavuze ko Ingabo z’u Rwanda RDF zishinjwa ibikorwa by’ubwicanyi mu Burasirazuba bwa DRC, iyo ziza kuba ziriyo nk’uko bivugwa mu bitangazamakuru mpuzamahanga, zitari kubikora nk’uko zemeye guherekeza abacanshuro b’Abanyaburayi bagafashwa gusubira iwabo. Perezida Kagame akaba n’umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda,
Botswana iri mu bihe bidasanzwe kubera ibura ry’imiti n’ibikoresho byo kwa muganga
Perezida wa Botswana,Duma Boko, yatangaje ko igihugu kiri mu bihe bidasanzwe kubera ibura ry’imiti n’ibikoresho byo kwa muganga, bikiyongeraho ubukungu bw’igihugu bitishafe neza. Minisitiri w’Ubuzima muri Botswana, Dr. Stephen Modise yari aherutse gutangaza ko igihugu kiri mu bihe bigoye kubera ibura ry’imiti ya
Bwa mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba ikomeye
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba yo ku rwego rwa Afurika.Ni imikino ya 1/2 ya ‘Professional Fighter League’izabera muri Bk Arena, ku wa 18 Ukwakira 2025. Ishyirahamwe ry’imukino Njyarugamba ku isi (Global Association of Mixed Martial Arts-GAMMA),ryatangaje ko u