U Rwanda,RDC na Amerika byemeranyije ku mahame agenga ubufatanye mu bukungu
Muri Kanama, u Rwanda, RDC na Amerika byemeranyije ku mahame agenga ubufatanye mu bukungu. Nubwo umushinga w’amasezerano y’ubufatanye mu bukungu wateguwe, amasezerano y’amahoro uwayo ntarubahirizwa uko bikwiye.Uyu mushinga w’impapuro 17 ushingiye ku mahame agenga ubufatanye mu by’ubukungu u Rwanda na RDC byashyizeho umukono
Uvira:umujenerari wa Fardc yapfuye amarabira biteza akaduruvayo mu mujyi
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyatangaje ko umuyobozi w’akarere ka gisirikare ka 33, Brig Gen. Mwaku Mbuluku Daniel yapfuye. Umuvugizi w’iki gisirikare, Gen Maj Sylvain Ekenge Bomusa, yasobanuye ko uyu musirikare yagize ikibazo cy’ubuzima, apfa kuri uyu wa 12 Nzeri 2025
Nyagatare:kugirango mugere ku nzozi zanyu mukwiye kwirinda ibiyobyabwenge/Green Party
Kuri uyu wa gatanu, tariki ya 12 Nzeri 2025, Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR) ryakomeje kwegera abarwanashyaka baryo bo mu Ntara y’Iburasirazuba mu nama rusange yaryo yabereye mu Karere ka Nyagatare. Kuri ubu, iri shyaka riri gukorera ibikorwa byaryo
Wari uzi ko umuntu umwe muri bane arinda asaza atarashaka?
Ubushakashatsi bushya bugaragaza ko umwe mu bantu bane bakiri bato muri iki gihe azagera ku myaka 50 atarashatse cyangwa ngo abone uwo babana. Ibi byagaragajwe na Pew Research Center, ikigo cy’ubushakashatsi giherereye i Washington D.C., gikora ku mibereho n’imibare y’Abanyamerika. IMPINDUKA
Amafaranga Mutamba yari yaranyereje yasubijwe mu Kigega cya Leta
Rawbank yamenyesheje Umushinjacyaha Mukuru mu rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko yamaze kohereza kuri konte ya Leta miliyoni 19 z’Amadolari zari zaranyerejwe na Constant Mutamba Tungunga wabaye Minisitiri w’Ubutabera. Aya makuru agaragara mu ibaruwa abanyamategeko b’iyi banki bandikiye uyu
Masisi:umutwe wa m23 wigaruriye uduce dushya umunani muri Masisi
Abarwanyi b’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bigaruriye imidugudu itandukanye yo muri Osso Banyungu muri teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. AFC/M23 yafashe imidugudu umunani mu mirwano yo ku Cyumweru, tariki 7 Nzeri 2025, nyuma yo
Uvira hazindukiye imyigaragambyo ikaze yo kwamagana brig gen Gasita Olivier
Kuva taliki ya 1 Nzeri 2025, General Olivier Gasita Mukunda yagizwe Commandant wungirije wa gisirikare unshinzwe ibikorwa bya gisirikare n’ubutasi mu gace ka 33 yoherezwa gukorera mu gace ka Uvira (Kivu y’Epfo). Icyo gihe, abayobozi b’imitwe ya Wazalendo (abasanzwe bafasha FARDC) bamwangiye ko
Goma:Abanyekongo bazaganira Perezida Tshisekedi atagihari kuko ameze nka Yona/Corneille Naanga
Abanyekongo bazaganira Perezida Tshisekedi atagihari kuko ameze nka Yona aya ni amagambo yatangajwe n’umuhuzabikorwa w’Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa RDC (AFC/M23) Corneille Naanga Yobelua mu kiganiro iri huriro ryagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa mbere tariki ya 01 Nzeri 2025 mu mujyi wa Goma. Mu
U Rwanda ibicuruzwa rutumiza mu mahanga bitwara akayabo ka mafaranga menshi
U Rwanda ruri mu bihugu byashyize imbere itarembere ry’inganda hagamijwe kugabanya ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga, hakiyongera ibyoherezwayo gusa mu bicuruzwa bikurwa hanze y’igihugu harimo n’umuceri uhingwa imbere mu gihugu. Mu 2024 u Rwanda rwatumije mu mahanga ibintu bitandukanye bifite agaciro ka miliyari 6,5$