Dr Bizimana Jean Damascène, yasabye urubyiruko kurwanya abagoreka amateka y’u Rwanda ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo bakabanyomoza
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, Dr Bizimana Jean Damascène, yasabye urubyiruko kurwanya abagoreka amateka y’u Rwanda ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo bakabanyomoza. Yabigarutseho ubwo yaganirizaga urubyiruko rurenga 300 mu biganiro “Rubyiruko Menya Amateka” byaruhurije mu karere ka Rusizi, kuri uyu wa kabiri tariki
Rubavu:ishyari n’uburiganya bwo gushaka gutwara business ya Bahati Lilianne byatumye afungirwa hotel n’uwamukodesheje inzu
Ishyari no gushaka gutwara business yuwo yakodeshaga hotel ni bimwe mubyatumye Kubwimana Alphonse afungira byigitaraganya LILYJOH Group Ltd ihagarariwe na Bahati Lilianne yari yarakodesheje hotel ye. Akoresha amayeri yashutse umugabo wa Bahati Lilianne amusinyisha amasezerano avuguruza aya mbere yari yasinyanye n’umugore we kandi
Ubuyobozi bukuru bw’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) bwateraniye mu Mujyi wa Goma mu nama idasanzwe igamije kungurana ibitekerezo
Ubuyobozi bukuru bw’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) bwateraniye mu Mujyi wa Goma mu nama idasanzwe igamije kungurana ibitekerezo ku buryo bushya bwo kuyobora Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu butumwa yashyize kuri X ku wa 22 Nzeri 2025, Umuvugizi wa Politiki wa
Uwahoze ari perezida yarezwe ibyaha byibasiye inyokomuntu muri icc
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwareze Rodrigo Duterte, wahoze ari Perezida wa Philippines, w’imyaka 80, ibyaha byibasiye inyokomuntu. Duterte ashinjwa impfu z’abantu benshi mu ntambara ye yo kurwanya ibiyobyabwenge, aho abarenga ibihumbi bishwe nta manza baciriwe. Umushinjacyaha wungirije wa ICC, Mame Mandiaye Niang, yavuze
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi Nkingi, yeguye kuri uwo mwanya
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi Nkingi, yeguye kuri uwo mwanya. Kamerhe ku wa 22 Nzeri 2025, mu ibaruwa yishyiriyeho umukono, yavuze ko yeguye kuri uyu mwanya ku mpamvu ze bwite. ariko siwe gusa weguye
Perezida Donald Trump narangiza ikibazo cy’umutekano mukeya mu gihugu nyobora nzamutorera kubona Prix Nobel/Perezida Tshisekedi
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yavuze ko Donald Trump, narangiza ikibazo cy’umutekano muke kimaze imyaka irenga 30 mu Burasirazuba bw’igihugu cye, azaba mu ba mbere bazashyigikira ko ahabwa igihembo cy’abaharaniye amahoro kizwi nka ‘Prix Nobel’. Ni ingingo Tshisekedi
Hamenyekanye impamvu yajyanye Perezida Tshisekedi muri Afurika Y’Epfo igitaraganya
Hamenyekanye amakuru yajyanye Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Thisekedi, m’ uruzinduko i Pretoria muri Africa y’Epfo, amakuru avuga ko yaruhuriyemo na Joseph Kabila yasimbuye ku buyobozi baganira ku busabe bwa perezida wa Africa y’Epfo, Cyril Ramaphosa nawe akaba yari yabisabwe
Fizi umusirikare mu gisirikare cya Fardc yishwe na bagenzi be bapfa umushahara we
Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yarashwe na bagenzi be ahita ahasiga ubuzima mu misozi ya teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko yarimo asaba umushara we. Uyu musirikare akaba yarishwe na bagenzi be mu ijoro ryaraye rikeye rishya
Mwenga:imitwe 15 na Wazalendo byasabye perezida Tshisekedi gusimbuza umuyobozi wabo
Imitwe 10 ya Wazalendo yo muri Mwenga na Shabunda yasabye Perezida Tshisekedi n’Umugaba Mukuru wa FARDC gusimbuza vuba Tshihutu Vela uyobora Regima ya 3306. Mu rwandiko rwasinywe n’iyo mitwe, bashinja uwo muyobozi ibyaha bitandukanye birimo kwiba intwaro . Tshihutu kandi ashinjwa gufatanya
Uko bibyutse byifashe muri RDC mu ntambara ya M23 na FARDC
Amakuru Avugwa kuri Point Zero mu ntera ngufi uvuye muri centre ya Minembwe Kuri iki cyumweru AFC/M23/MRDP yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo FARDC yageneye ubutumwa bushaririye abasirikare bayo bafatiwe ku rugamba baheruka kwinjizwa muri AFC/M23 AFC/M23 yateguje FARDC ibikomeye nyuma y’ibitero by’indege