Umupaka wa Gatumba uhuza igihugu cya RDC n’igihugu cy’u Burundi wafunguwe

Umupaka wa Gatumba uhuza igihugu cya RDC n’igihugu cy’u Burundi wafunguwe

Feb 23, 2026

Umupaka uhuza igihugu cya Repuburika ya Demokarasi ya Congo n’igihugu cy’u Burundi  witwa Kavimvira uri hagati y’Umujyi wa Uvira na Bujumbura wafunguwe kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Gashyantare 2026 . Uyu mupaka wa Gatumba Kavimvira wafunzwe tariki ya 07/12/2025 igihe igisirikare

Read More
RDC:Umutwe wa m23 mu kaga ko kunyagwa ikirombe cya Rubaya n’utundi duce twinshi

RDC:Umutwe wa m23 mu kaga ko kunyagwa ikirombe cya Rubaya n’utundi duce twinshi

Feb 23, 2026

Ingabo zihuriro rirwana k’ubutegetsi bwa Kinshasa zikomeje kotsa igitutu ingabo zihuriro rya Afc/m23 mu bice byinshi bitandukanye haba mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo ndetse na Kivu y’Amajyaruguru. Imirwano ikaze yatangiye mu mpera z’icyumweru gishize aho umutwe wa Wazalendo uterwa inkunga n’igisirikare cya Fardc

Read More
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushaka ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zajya zitoza ingabo zabwo, zikaziha ibikoresho bya gisirikare kandi bikifatanya mu rwego rw’ubutasi

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushaka ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zajya zitoza ingabo zabwo, zikaziha ibikoresho bya gisirikare kandi bikifatanya mu rwego rw’ubutasi

Feb 20, 2026

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushaka ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zajya zitoza ingabo zabwo, zikaziha ibikoresho bya gisirikare kandi bikifatanya mu rwego rw’ubutasi.   Leta ya RDC yifuza ibi nk’inguranye y’amabuye y’agaciro yemereye abashoramari b’Abanyamerika kugira ngo bayacukure, banayatunganye

Read More
Minisiteri y’lkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT) yahakanye amakuru y’uko ‘TikTok’ yashyizeho uburyo bwo kwinjiza amafaranga ku bashyira amakuru kuri TikTok bari mu Rwanda bizwi nka ’monétisation

Minisiteri y’lkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT) yahakanye amakuru y’uko ‘TikTok’ yashyizeho uburyo bwo kwinjiza amafaranga ku bashyira amakuru kuri TikTok bari mu Rwanda bizwi nka ’monétisation

Feb 20, 2026

Minisiteri y’lkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT) yahakanye amakuru y’uko ‘TikTok’ yashyizeho uburyo bwo kwinjiza amafaranga ku bashyira amakuru kuri TikTok bari mu Rwanda, bizwi nka ’monétisation’.   Abakoresha imbuga nkoranyambaga bari bamaze iminsi bagaragaza ibyishimo by’uko urubuga rwa TikTok rwaba rwamaze gufungura

Read More
Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Amb. Mukantabana Mathilde yagaragaje ko urupfu rwa Rev Jesse Jackson ari igihombo gikomeye

Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Amb. Mukantabana Mathilde yagaragaje ko urupfu rwa Rev Jesse Jackson ari igihombo gikomeye

Feb 18, 2026

Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Amb. Mukantabana Mathilde, yagaragaje ko urupfu rwa Rev. Jesse Jackson ari igihombo gikomeye kuko yaharaniye uburenganzira bw’ikiremwamuntu, by’umwihariko akaba yari inshuti nziza y’u Rwanda. Urupfu rwa Rev. Jesse Jackson rwamenyekanye ku wa 17 Gashyantare

Read More
Imirwano ikaze izindukiye mu gace ka Point Zero hagati ya Twirwaneho na Fardc

Imirwano ikaze izindukiye mu gace ka Point Zero hagati ya Twirwaneho na Fardc

Feb 18, 2026

Amakuru  aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu bice bya Minembwe, Fizi na Mwenga, aravuga ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18/02/2026, hazindukiye imirwano ikaze mu nkengero za centre ya Point Zero, ahari guhangana umutwe wa MRDP-Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya

Read More
Ambasade y’Ubufaransa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeje ko ingabo zabo ziri muri iki gihugu

Ambasade y’Ubufaransa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeje ko ingabo zabo ziri muri iki gihugu

Feb 17, 2026

Mu cyumweru gishize abasirikare b’igihugu cy’Ubufaransa bagaragaye mu ntara ya Tshopo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku kibuga cy’indege cya Kisangani aho batozaga igisirikare cya Fardc. Perezida  Tshisekedi amaze igihe yiruka amahanga asaba inkunga ya gisirikare aho baza kumufasha guhangana n’ihuriro rya

Read More
Perezida Joseph Kabila yarokotse ubwicanyi muri Ethiopie

Perezida Joseph Kabila yarokotse ubwicanyi muri Ethiopie

Feb 17, 2026

Uwahoze ari perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Kabila Joseph yarokotse ubwicanyi bwari bwateguwe n’uwamusimbuye perezida Felix Tshisekedi akaba yaburokokeye mu gihugu cya Ethiopie aho yari yagiye guhura na bagenzi be bo mu Ihuriro aherutse gushinga ryitwa Souvons le RDC. Amakuru dukesha

Read More
Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa perezida Tshisekedi ryamushinje kubangamira agahenge

Ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa perezida Tshisekedi ryamushinje kubangamira agahenge

Feb 17, 2026

huriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi ryamushnje kubangamira agahenge yohereza indege za drone kurasa mu bice bigenzurwa niri huriro. Umuvugizi wa Afc/m23 bwana Lawrence Kanyuka mu itangazo yasoye kuwa 16 Gashyantare 2026 yashinje ingabo zirwana k’uruhande rw’ubutegetsi bwa Kinshasa ko

Read More
FARDC yahakanye ko Twirwaneho ko atariyo iri kugenzura point zero

FARDC yahakanye ko Twirwaneho ko atariyo iri kugenzura point zero

Feb 16, 2026

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 15 Gashyantare 2026, Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) cyemeje ko ibirindiro bya Point Zero no mu turere tuyikikije, muri Teritwari ya Fizi, Intara ya Kivu y’Amajyepfo, bikiri mu maboko yabo. FARDC yahakanye amakuru yari akomeje

Read More