Amatora y’Ubuyobozi bw’Abanyamulenge i Nakivale yabaye mu mutuzo; byinshi kuri yo
Amatora y’Ubuyobozi bw’Abanyamulenge i Nakivale yabaye mu mutuzo; byinshi kuri yo Impunzi z’Abanyamulenge zicumbikiwe na Uganda mu ikambi y’i mpunzi ya Nakivale iherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bw’iki gihugu, zatoye ubuyobozi bwazo mu matora yaranzwemo n’ituze. Aya matora yabaye kuri uyu wa kane
Ubuholande bwatangye gahunda yo kohereza abimukira muri Uganda
Leta y’u Buholandi igeze kure gahunda yo kohereza abimukira muri Uganda, nyuma y’uko impande zombi zikomeje ibiganiro mu rwego rwo kugera ku masezerano yemeranyijweho. Amakuru avuga ko u Buholandi bumaze igihe mu biganiro na Uganda. Abimukira bazoherezwa muri Uganda ni abazaba bimwe ibyangombwa
Menya FDLR umutwe ugizwe n’abagize uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda
Bivugwa ko FDLR igizwe ahanini n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, bahora bifuza kugaruka mu Rwanda gusoza umushinga basize batarangije neza, wo gutsemba icyitwa Umututsi ari nayo mpamvu igomba gusenwa burundu. Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku
Umuyobozi w’Umujyi wa Londres Sadiq Khan yasubije Perezida Donald Trump
Umuyobozi w’Umujyi wa Londres, Sadiq Khan, yasubije Perezida Donald Trump, nyuma y’uko amwise umuyobozi mubi, avuga ko uyu mugabo uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika agira ivangura. Mu butumwa Perezida Trump aherutse gutangira mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye (UN), yagaragaje ko afite impungenge ko
RDF igiye kuganira na FNDB bayisubize umusirikare wayo wafatiwe mu Burundi
Igisirikare cy’u Rwanda,cyemeje amakuru yifatwa ry’umusirikare wacyo n’igipolisi cy’igihugu cy’u Burundi. RDF yavuze ko igiye gukoresha inzira ya dipolomasi mu gukorana na guverinoma y’u Burundi, kugira ngo umusirikare wayo usanzwe ari umushoferi, Sgt Sadiki Emmanuel, watawe muri yombi n’igipolisi cy’u Burundi nyuma y’uko
Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka
Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka Abasirikare babiri bo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, barimo ufite ipeti rya Captain na mugenzi we ufite irya Sergeant bacyiyonkoyeho biyunga ku ihuriro rya Alliance Fleuve
Abarwanyi ba FDLR baduteraga ubwoba ko nidutaha tuzicwa n’inkotanyi
Kuri uyu wa gatatu ku mupaka minini uhuza u Rwanda na DRC ahazwe nka La Corniche mu Karere ka Rubavu hakiriwe abanyarwanda 328 baturuka mu miryango 105 batahutse bava muri congo “Iyo wageragezaga gushaka gutaha mu Rwanda bakubwiraga ko uhageze bagukorera ibya mfura
Imirwano ikaze yadutse i Nyabikere hagati ya Wazalendo na m23
Imirwano ikaze yadutse kuri uyu wa kabiri tariki 23 Nzeri i Nyabikere, mu chefferie ya Bashali, mu karere ka Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru aturuka mu baturage abivuga, iyi mirwano yatangiye ahagana saa mbiri za mu gitondo, ihuza abarwanyi ba
Nangaa yatangaje intego bafite kuri perezida Tshisekedi n’umugambi we wo gushukisha Perezida Trump zahabu za Rdc
Nangaa yakwennye Tshisekedi uvuga ko afite zahabu, anatanga igisubizo ku bavuga ko u Rwanda rutera inkunga AFC/M23, ndetse avuga n’intego nyamukuru yabo Corneille Nangaa umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, yongeye gushimangira ko intego y’iri huriro abereye umuyobozi ko ari ugukuraho
Perezida Paul Kagame yageze i Cairo mu Misiri, mu ruzinduko rw’akazi
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, ku wa Kabiri tariki 23 Nzeri 2025, yageze i Cairo mu Misiri, mu ruzinduko rw’akazi. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byanditse kuri X ko yakiriwe na Perezida Abdel Fattah Al-Sisi wa Misiri mu Ngoro ya Ittihadiya. Biti “Aho abakuru