U Rwanda rwashyizeho ibihano bikakaye ku bantu bazafatirwa mu manyanga  mu gutwitira undi

U Rwanda rwashyizeho ibihano bikakaye ku bantu bazafatirwa mu manyanga mu gutwitira undi

Sep 29, 2025

Leta y’u Rwanda yatangaje itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi rikubiyemo ingingo zitandukanye, ryagennye n’ibihano bigera ku gifungo cy’imyaka 25 n’ihazabu n’ihazabu igera kuri miliyoni 50 Frw, mu kwirinda ko hazabamouburiganya.Iri tegeko ririmo ingingo zitari zisanzweho, nko gutwitira undi no guha uburenganzira abafite kuva ku

Read More
Uganda:Umunyamakuru ari mukaga gakomeye kuko ashinjwa  kubeshya Perezida Museveni

Uganda:Umunyamakuru ari mukaga gakomeye kuko ashinjwa kubeshya Perezida Museveni

Sep 29, 2025

Umunyamakuru David Mwesigwa wa Galaxy TV muri Uganda ari mu kaga gakomeye nyuma y’aho mu cyumweru gishize agejeje kuri Perezida Yoweri Kaguta Museveni ikibazo cy’ibitaro bititaweho mu karere ka Mukono na Kayunga. Tariki ya 23 Nzeri 2025, Perezida Museveni yahaye abanyamakuru umwanya wo

Read More
Abongereza ntibemeranya n’ibyo gushyingiranwa kw’ababyara

Abongereza ntibemeranya n’ibyo gushyingiranwa kw’ababyara

Sep 29, 2025

Abongereza banenze Ikigo cy’Ubuzima cyo mu Bwongereza (NHS), cyavuze ko ntacyo bitwaye kuba umuntu yashyingiranwa na mubyara we. NHS iherutse kugaragaza ko ibibazo bishobora kuba ku muntu ushyingiranwa na mubyara we, bisa n’ibyo umuntu yagira yarabyaye akuze cyangwa umuntu unywa itabi n’inzoga kandi atwite.

Read More
Massad Boulos, yishimiye kugirana ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Nduhungirehe Olivier

Massad Boulos, yishimiye kugirana ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Nduhungirehe Olivier

Sep 29, 2025

Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri Afurika Massad Boulos, yishimiye kugirana ibiganiro na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Nduhungirehe Olivier byibanze ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’Amahoro yasinywe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC),

Read More
Ikigo FBI gishinzwe iperereza ryo hagati mu gihugu muri Amerika cyirukanye abakozi bacyo bafashwe amashusho bapfukamye muri cya gihe cy’imyigaragambyo yo kwamagana ivanguraruhu

Ikigo FBI gishinzwe iperereza ryo hagati mu gihugu muri Amerika cyirukanye abakozi bacyo bafashwe amashusho bapfukamye muri cya gihe cy’imyigaragambyo yo kwamagana ivanguraruhu

Sep 28, 2025

Ikigo FBI gishinzwe iperereza ryo hagati mu gihugu muri Amerika cyirukanye abakozi bacyo bafashwe amashusho bapfukamye muri cya gihe cy’imyiyerekano yo kwiyamiriza ivanguraruhu yateguwe inyuma y’urupfu rwa wa mwirabure George Floyd, nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru vya Amerika bisubiramwo amasoko atavuzwe amazina. Bivugwa ko aba

Read More
Amerika yatangaje ko igiye kwambura visa, Perezida wa Colombia Gustavo Petro

Amerika yatangaje ko igiye kwambura visa, Perezida wa Colombia Gustavo Petro

Sep 28, 2025

Amerika yatangaje ko igiye kwambura visa, Perezida wa Colombia, Gustavo Petro nyuma y’imyitwarire idakwitse ndetse iteza ibyago yo gutiza umurindi abigaragambya mu Mujyi wa New York. Gustavo Petro yabonywe hanze y’Icyicaro Gikuru cya Loni i New York akoresha indangururamajwi ari kuganiriza abantu bashyigikiye

Read More
Yagiye kurega ko yafotowe mu buryo bunyuranije n’amategeko ahita afungwa

Yagiye kurega ko yafotowe mu buryo bunyuranije n’amategeko ahita afungwa

Sep 27, 2025

Kuri sitasiyo ya Polisi ya Busasamana hafungiye umukecuru bikekwa ko yaranduye imyumbati y’uwo abereye mukase, aho bivugwa ko yafashwe amafoto ayirandura, agiye kurega ahita afungwa. Byabereye mu Mudugudu wa Nyarunyinya, Akagari ka Nyanza, Umurenge wa Busasamana, mu Karere ka Nyanza. Amakuru avuga ko

Read More
Ethiopia yasinye amasezerano y’amateka na Leta y’Uburusiya agamije kubaka uruganda rutanga ingufu za nikeleyeri

Ethiopia yasinye amasezerano y’amateka na Leta y’Uburusiya agamije kubaka uruganda rutanga ingufu za nikeleyeri

Sep 27, 2025

Ethiopia yasinye amasezerano y’amateka na Leta y’Uburusiya agamije kubaka uruganda rutanga ingufu za nikeleyeri, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed ku wa 25 Nzeri 2025. Yavuze ko aya masezerano ari ingenzi mu guharanira umutekano w’ingufu z’igihe kirekire no kugera ku ntego z’iterambere

Read More
Walikare umutwe wa m23 ukomeje kongera abarwanyi mu bice byinshi

Walikare umutwe wa m23 ukomeje kongera abarwanyi mu bice byinshi

Sep 27, 2025

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kongera ingabo mu bice bitandukanye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo by’umwihariko muri teritwari ya Walikale, mu gace ka Ihula muri gurupoma ya Kisimba, mu rwego rwo kwitegura kurinda abaturage cyane ko ibitero by’Ingabo za RDC n’abo

Read More
Rwamagana :Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda bwa mbere rifunguye ibiro byaryo mu ntara

Rwamagana :Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda bwa mbere rifunguye ibiro byaryo mu ntara

Sep 26, 2025

Ishyaka riharanira Demokarasi nokurengera ibidukikije mu Rwanda (DGPR/Green Party) ryafunguye ku mugaragaro ibiro by’iri shyaka biherereye mu karere ka Rwamagana mu ntara y’iburasirazuba akaba ari igikorwa cyakozwe n’ubuyobozi bukuru bwiri shyaka burangajwe imbere na Perezida waryo Hon Dr Frank Habineza kuri uyu wa

Read More