Uganda:Minisitiri w’intebe yakuriye inzira ku murima abavuga ko nyuma y’amatora hazaba impinduka
Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Robinah Nabbanja, yahaye urwamenyo, Abanya-Uganda biteze impinduka nyuma y’amatora ateganyijwe mu mwaka utaha. Amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda ateganyijwe muri Mutarama 2026. Bamwe mu butavuga rumwe na Perezida Yoweri Museveni, bifuza ko habaho impinduka, hakaza undi usimbura uyu umaze
Aimable Karasira yakatiwe igihano cy’igifungo kingana n’imyaka itanu
Aimable Karasira wigeze kuba umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, umaze imyaka ine afunze anaburana ku byaha bitandatu yaregwaga, yahamijwe kimwe cyo gukurura amacakubiri, ahanishwa gufungwa imyaka itanu. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Nzeri 2025 n’Urukiko rw’Urugereko Rwihariye rububuranisha Ibyaha
Afc/m23 yahishuye icyabateye gufata agace ka Nzibira
Igisirikare cya RDC aricyo cya FARDC giherutse kwamburwa agace ka Nzibira kifashishwaga mukugaba ibitero kwihuriro rya AFC/M23 rirwanaya ubutegetsi bwa Kinshasa mukiganiro Umugaba Mukuru wungirije w’ingabo z’umutwe wa AFC/M23, Général de Brigade Bernard Maheshe Byamungu, yasobanuye ko uyu mutwe wahisemo kwigarurira umujyi muto
Jacquemain Shabani Lukoo Bihango, yemeje ku mugaragaro ko RDC yamaze kwakira abacanshuro bo mu mutwe w’abanyamerika wa Blackwater.
Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani Lukoo Bihango, yemeje ku mugaragaro ko iki gihugu cyamaze kwakira abacanshuro bo mu mutwe w’abanyamerika wa Blackwater. Uyu mugabo yabitangarije mu butumwa busa n’ubujimije yanditse ku rubuga rwe rwa X. Ubutumwa ‘Black
Abahanzi 8 bahuriye mu ndirimbo yo guha icyubahiro umubyeyi wa Massamba Intore witabye Imana
Abahanzi umunani barimo Yvan Muziki, Jules Sentore, Nziza Francis, Michelle, Mpano Layan, Marina, Massamba Intore na Lionel Sentore bahuje amajwi mu ndirimbo yihariye yo kunamira Mukarugagi Ancilla, umubyeyi wa Massamba Intore, witabye Imana ku wa 18 Nzeri 2025. Ni indirimbo yuzuye amarangamutima
Rutshuru imidugudu ine yabereyemo imirwano hagati ya Wazalendo na m23
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 29 Nzeri 2025, imirwano mishya yadutse, hagati y’inyeshyamba za AFC / M23 n’inyeshyamba za Wazalendo zo mu mutwe wa CMC-FDP mu midugudu ya Lurere, Makomalehe, Kitunva, na Kashavu, muri Gurupoma ya Bukombo muri Teritwari ya Rutshuru, ho
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ko gukoresha abacancuro binyuranya n’amahame mpuzamahanga
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rudakwiye kongera gusabwa guha inzira abacanshuro bakoreshwa n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihe batsindwa n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23. Tariki ya 29 Mutarama 2025, M23 yohereje abacanshuro
UVIRA HONGEYE KURASIRWA ABATURAGE
Umugore n’umugabo basanzwe biciwe mu rugo rwabo muri Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.Umugabo uri mu kigero cy’imyaka iri hejuru ya 60, n’umudamu we uri muri 43 bo mu bwoko bw’Abavira, baraye bishwe barashwe n’abarwanyi bo mu ihuriro ryimitwe ya Wazalendo, basanzwe baterwa inkunga n’ubutegetsi
Indege za Fardc zatangiye kurasa ibiraro bihuza ibice bigenzurwa na m23 nibigenzurwa na leta ya Rdc
Ingabo za RDC zarashe ikiraro kiri muri teritwari ya Walikare mu gace ka Mpeti zigaragaza ko zigamije gufunga inzira M23 ishobora kunyuramo yagura ibirindiro cyane ko ngo imaze iminsi yongera abarwanyi mu bice byegeranye na Mpeti. Umuvugizi w’ihuriro AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko
Perezida Félix Tshisekedi, yafashe icyemezo gikarishye cyo kurunda ingabo mu mihanda y’umurwa mukuru Kinshasa mu guhangana n’umubyigano w’imodoka
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku itegeko rya Perezida Félix Tshisekedi, yafashe icyemezo gikarishye cyo kurunda ingabo mu mihanda y’umurwa mukuru Kinshasa mu guhangana n’umubyigano w’imodoka. Kuva mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 29 Nzeri 2025, umujyi wa