umutingito uri ku gipimo cya 6.9 wibasiye Igihugu cya Phillipines

umutingito uri ku gipimo cya 6.9 wibasiye Igihugu cya Phillipines

Oct 2, 2025

umutingito uri ku gipimo cya 6.9 wibasiye Igihugu cya Phillipines wica abantu 69, ukomeretse abarenga 150, mu gihe abandi benshi bagishakishwa. Uyu mutingito wibasiye Amajyepfo ya Phillipines mu Ntara ya Cebu mu masaha y’ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki 30 Nzeri 2025. Inzego

Read More
Itsinda ry’Intumwa z’u Rwanda n’iry’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za America

Itsinda ry’Intumwa z’u Rwanda n’iry’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za America

Oct 2, 2025

Itsinda ry’Intumwa z’u Rwanda n’iry’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za America mu biganiro bya nyuma bigamije imikoranire mu by’ubukungu. Byatangajwe na Massad Boulos, Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bijyanye na Afurika, mu butumwa yatanze mu

Read More
Abanyekongo benshi batuye mu duce dutandukanye two mu murwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi barimo guhigwa bukware n’abapolisi b’iki gihugu.

Abanyekongo benshi batuye mu duce dutandukanye two mu murwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi barimo guhigwa bukware n’abapolisi b’iki gihugu.

Oct 2, 2025

Kuva ku wa Gatanu ushize, Abanyekongo benshi batuye mu duce dutandukanye two mu murwa mukuru w’ubukungu w’u Burundi barimo guhigwa bukware n’abapolisi b’iki gihugu. Igikorwa giheruka, cyabaye mu gitondo cyo kuwa Mbere ushize mu gace ka Cibitoke, cyateye ubwoba kandi gitera abaturage b’Abanyekongo

Read More
Umunyarwanda wari usanzwe ari rwiyemezamirimo yaguye muri RDC

Umunyarwanda wari usanzwe ari rwiyemezamirimo yaguye muri RDC

Oct 2, 2025

Umunyarwanda Rutayisire Vianney wari usanzwe ari rwiyemezamirimo, biravugwa yapfiriye mu maboko y’Urwego Rushinzwe Ubutasi bwa Gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DEMIAP). Mu Ugushyingo 2022 ni bwo Rutayisire yari yatawe muri yombi n’inzego z’ubutasi za RDC zimujyana i Kinshasa zimushinja gukorana n’umutwe

Read More
Ingabo zifasha fardc kurwanya afc/m23 zarahiriye kwisubiza Nzibira ku mbaraga

Ingabo zifasha fardc kurwanya afc/m23 zarahiriye kwisubiza Nzibira ku mbaraga

Oct 2, 2025

Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’abarwanyi b’imitwe yitwara gisirikare ya Wazalendo, batangije ibitero byiswe ibyo kwisubiza umujyi muto wa Nzibira wigaruriwe na AFC/M23. Iri huriro ryatangije ibi bitero ku wa Mbere tariki ya 30 Nzeri, nyuma y’icyumweru

Read More
Afc/m23 yatangiye kwikangwa mu mujyi wa Kisangani

Afc/m23 yatangiye kwikangwa mu mujyi wa Kisangani

Oct 1, 2025

Mu mujyi wa Kisangani ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Tshopo, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyatangiye gukangurira abawuturiye kwitandukanya n’icyengezamatwara ry’ihuriro rya AFC/M23/MRDP rirwanya ubutegetsi bw’iki gihugu cyabo. Umwe mubayobozi ba FARDC, witwa General Batambombi ushyinzwe gukangurira abantu gukunda

Read More
MINUBUMWE yavugutiye umuti abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi bitwikiriye imbuga nkoranyambaga

MINUBUMWE yavugutiye umuti abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi bitwikiriye imbuga nkoranyambaga

Oct 1, 2025

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Jean-Damascène Bizimana, yatangaje ko Guverinoma iri gukora uko ishoboye mu biganiro bigamije kuganira n’ibigo bifite mu nshingano imbuga nkoranyambaga kuko zinyuzwaho amagambo yo guhakana akanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, kugira ngo ababikora bahanwe. Ibi bikorwa bigiye gutangira mu gihe

Read More
U Rwanda rwatangiye kohereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika amabuye y’agaciro ya Tungsten

U Rwanda rwatangiye kohereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika amabuye y’agaciro ya Tungsten

Oct 1, 2025

U Rwanda rwatangiye kohereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika amabuye y’agaciro ya Tungsten (Wolfram). Kontineri za mbere zirimo aya mabuye y’agaciro zageze i Towanda muri Leta ya Pennsylvania, ahari uruganda rwa Global Tungsten rutunganya aya mabuye. Ambasade y’u Rwanda muri Amerika yatangaje

Read More
Abakora umwuga w’uburaya bemeza ko bungukiye muri Shampiyona y’Isi y’amagare ya 2025

Abakora umwuga w’uburaya bemeza ko bungukiye muri Shampiyona y’Isi y’amagare ya 2025

Oct 1, 2025

Bamwe mu bagore n’abakobwa bakora uburaya mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, bemeza ko bungukiye muri shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025 yabereye mu Mujyi wa Kigali. Ibi bamwe muri aba bagore bakora uburaya babitabgaje muri iki Cyumweru tariki 28 Nzeri 2025 ubwo hasozwaga

Read More
Perezida Ndayishimiye akomeje kuroha u Burundi mu makuba biciye mu ntambara irikubera muri  Congo.

Perezida Ndayishimiye akomeje kuroha u Burundi mu makuba biciye mu ntambara irikubera muri Congo.

Sep 30, 2025

Perezida Ndayishimiye akomeje kuroha u Burundi mu makuba biciye mu ntambara irikubera muri  Congo.Ndayishimiye yoherezaga ingabo z’u Burundi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  ubuyobozibwe yavuze ko ari igikorwa kigamije guca umubano n’ u Burundi Wazalendo ndetse FRDC n’indi mitwe irimo

Read More