Umutwe wa Hamas watangaje ko wemeye kurekura imfungwa zose z’Abanya-Israel zaba iziriho cyangwa izapfuye
Umutwe wa Hamas watangaje ko wemeye kurekura imfungwa zose z’Abanya-Israel zaba iziriho cyangwa izapfuye. Ni icyemezo Hamas yatangaje mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 3 Ukwakira 2025, nyuma y’amasaha make Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ayibwiye ko igomba kugera ku
Perezida Tshisekedi yigometse kuri leta Zunze Ubumwe za Amerika
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 3 Ukwakira 2025 bwigometse kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bwanga kugirana n’u Rwanda amasezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu. Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC tariki ya 1 Ukwakira zatangiye ibiganiro bya nyuma ku mushinga w’ubufatanye
Afc/m23 yigaruriye imidugudu 8 mishya muri teritwari ya Masisi
Ihuriro rya AFC/M23 ryigaryriye imidugudu umunani muri teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,ni imidugudu yigarruriwe nyuma y’imirwano ikaze yahuje Wazalendo na m23. Imidugudu yigaruriye na m23 ni Mafuo,Biholo,Shoa,Bwambaliro,Busoro,Kinyeere,Buroro na Ngesha. ihuriro rya AFC/M23 rimaze iminsi rihanganye n’ibitero bya leta ya Kinshasa
Perezida Kagame yashimye abasirikare binjiye mu Ngabo z’u Rwanda, abagaragariza ko ahazaza h’igihugu hari mu biganza byabo
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yasabye abofisiye bashya gukomeza kurangwa n’umutima wo kurinda igihugu, ndetse abagaragariza ko ahazaza h’u Rwanda hari mu biganza byabo.Yabigarutseho kuri uyu wa 3 Ukwakira 2025, ubwo yatangaga ipeti rya Sous-Lieutenant ku basirikare 1029 bashya
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga yandagaje Ingabo za Congo, FARDC ndetse n’iza MONUSCO
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga yandagaje Ingabo za Congo, FARDC ndetse n’iza MONUSCO ku bijyanye n’imikoranire yazo n’Umutwe wa FDLR washinzwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse unagifite imigambi yo kongera kuyikora, agaragaza uburyo Abanyekongo bo mu bwoko
Ibikubiye mu kiganiro minisiteri w’intebe Dr Justin Nsengiyumva yagejeje ku nteko shingamategeko y’u Rwanda
Ubwo yagezaga ikiganiro ku bagize Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi uyu munsi, Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yagaragaje ko Guverinoma yiyemeje gukomeza guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, nk’inzira y’ingenzi yo kugera ku kwihaza ku biribwa no guteza imbere ubukungu muri rusange. Yashimangiye ko guteza imbere
Umutwe wa AFC/M23 wafashe icyemezo cy’uko nta munyamahanga utunze viza yatanzwe na Leta ya Rdc uzongera kwemererwa kwinjira mu duce ugenzura
Umutwe wa AFC/M23 wafashe icyemezo cy’uko nta munyamahanga utunze viza yatanzwe na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uzongera kwemererwa kwinjira mu duce ugenzura. Ni icyemezo ubuyobozi bw’uyu mutwe bwafashe, nyuma y’uko Kinshasa na yo yafashe icy’uko nta muntu uturutse mu duce
Perezida Tshisekedi yatangiye gushimira Ababiligi atitaye ku macakubiri babasigiye
Ku wa 01 Ukwakira 2025, muri salle ya banquet y’Ambasade ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Bruxelles mu Bubiligi, Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo yahaye ishimwe rikomeye Patrick Boenders, umupolisi w’Umubiligi ugiye mu kiruhuko cy’iza bukuru, azwi cyane ku izina rya “Monsieur
Abayobozi b’igisirikare cy’u Rwanda(RDF) n’icya Uganda (UPDF) bakorera ku mupaka bahuriye Kabale
Inama ya gatandatu y’abayobozi b’ingabo zikorera hafi y’umupaka w’u Rwanda na Uganda ihuza ’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Uganda (UPDF) kuri uyu wa Kabiri yafunguwe ku mugaragaro mu Mujyi wa Kabale, muri Uganda; kugirango baganire kandi bakemure ibibazo by’umutekano byambukiranya imipaka. Iyi
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye ihagaritse ibikorwa bimwe na bimwe
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye ihagaritse ibikorwa bimwe na bimwe, nyuma yo kutumvikana kw’abagize Sena ku mushinga w’ingengo y’imari nshya. Kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Ukwakira 2025 nibwo Guverinoma ya Amerika yafashe umwanzuro wo kwinjira muri ibi bihe bidasanzwe,