Oct 7, 2025

Abepisikopi ba Kiliziya Gatolika bamaganye igihano cy’urupfu RDC yakatiwe Joseph Kabila wari perezida wiki gihugu. Nyuma y’uko Joseph Kabila akatiwe n’igisirikare cya RDC igihano cy’urupfu, Abepisikopi ba Kiliziya Gatolika bamaganye uwo mwanzuro mu gihe Kabila we yamaze kwinjira ku mugaragaro muri M23 ngo

Read More
Ingabo za Uganda n’iza Somalia zafashe agace kari mu maboko ya Al-Shabaab

Ingabo za Uganda n’iza Somalia zafashe agace kari mu maboko ya Al-Shabaab

Oct 6, 2025

Ingabo za Uganda n’Iza Somalia ziri mu butumwa bw’amahoro muri Somalia zisubije agace ka Awdheegle gaherereye mu majyepfo y’iki gihugu kari karigaruriwe n’umutwe w’iterabwoba wa Al-Shabaab. Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko abasirikare bacyo ku bufatanye n’aba Somalia, bafashe Awdheegle ku wa 5 Ukwakira

Read More
Sebastien Lecornu wari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa yeguye mu nshingano ze

Sebastien Lecornu wari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa yeguye mu nshingano ze

Oct 6, 2025

Sebastien Lecornu wari Minisitiri mushya w’Intebe w’u Bufaransa yeguye mu nshingano ze nyuma y’iminsi 27 mu nshingano.Byasobanuye ko Lecornu yatanze ubwegure mu gitondo cyo kui uyu wa 6 ukwakira 2025, kandi ko umukuru W’Igihugu, Emmanuel Macron, yabwemeye. Ibiro bya Perezida w’u Bufaransa, byatangaje

Read More
Minisitiri Biruta yashimagiye ko u Rwanda rutazacika intege mu guharanira imibanire myiza na RDC

Minisitiri Biruta yashimagiye ko u Rwanda rutazacika intege mu guharanira imibanire myiza na RDC

Oct 6, 2025

Minisitiri w’Umutekano, akaba Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD), Dr. Vincent Biruta, yabwiye abayoboke baryo ko u Rwanda rutazacika intege ku ntambwe zo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’ubwo icyo gihugu cyo gikomeje kugenda biguru

Read More
Nta musirikare ukwiye kurangwa na ruswa n’ivangura /Gen Makenga Sultan

Nta musirikare ukwiye kurangwa na ruswa n’ivangura /Gen Makenga Sultan

Oct 6, 2025

Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo watangaje ko wungutse abarwanyi kabuhariwe bashya 9350 bamaze amezi bitoreza mu kigo cya gisirikare cya Tshanzu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuhango wo kubinjiza mu gisirikare wayobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo

Read More
Umutwe wa Hamas wahakanye ibyo gushyira intwaro hasi nkuko USA yari yabiwusabye

Umutwe wa Hamas wahakanye ibyo gushyira intwaro hasi nkuko USA yari yabiwusabye

Oct 6, 2025

Umutwe wa Hamas, ku Cyumweru wahakanye amakuru yanyuze mu binyamakuru avuga ko witeguye gushyira intwaro mu maboko y’inzego mpuzamahanga, mu kubahiriza gahunda y’amahoro ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, igamije guhagarika intambara. Amakuru yari yatangajwe mu gitondo cy’uwo Munsi

Read More
Ibiganiro bihuza AFC/M23 na leta ya Kinshasa bibera i Doha bigiye kongera gusubukurwa

Ibiganiro bihuza AFC/M23 na leta ya Kinshasa bibera i Doha bigiye kongera gusubukurwa

Oct 6, 2025

Intumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’iz’ihuriro rya AFC/M23 riburwanya zirasubukura ibiganiro i Doha muri Qatar, hagamijwe kunoza gahunda yo guhererekanya imfungwa. Isubukurwa ry’ibi biganiro ryavuzwe mu itangazo rihuriweho ryasohowe n’Urwego rw’Ububanyi n’Amahanga rwa Leta zunze Ubumwe bwa Amerika. Ni nyuma

Read More
UMUKOBWA WITWA IRADUKUNDA YATWAWE N’AMAZI Y’UMUGEZI WA MUHE MU MURENGE WA MUSANZE

UMUKOBWA WITWA IRADUKUNDA YATWAWE N’AMAZI Y’UMUGEZI WA MUHE MU MURENGE WA MUSANZE

Oct 5, 2025

Abaturage bo mu mudugudu wa Gikeri, akagari ka Cyabagarura, umurenge wa Musanze, baravuga ko bari mu kababaro nyuma y’uko umukobwa witwa Iradukunda urimukigero cy’imyaka 27 yatwawe n’amazi y’umugezi wa Muhe ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 4 Ukwakira 2025. Amakuru

Read More
Imiryango ikabakaba ijana y’Abarundi muri komine Cibitoki yirukanywe mu byabo iranasenyerwa

Imiryango ikabakaba ijana y’Abarundi muri komine Cibitoki yirukanywe mu byabo iranasenyerwa

Oct 5, 2025

Imiryango ikabakaba ijana y’Abarundi, muri komine Cibitoki yirukanywe mu byabo iranasenyerwa, izira ko yoba igirana ubucuti n’umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Iki gikorwa cyo gusenyera Abarundi, bivugwa ko cyatangiye gukorwa n’imbonerakure mu mpera z’ukwezi gushize

Read More
Minisitiri Nduhungirehe Olivier  yavuguruje ibyatangajwe na leta ya  Perezida Tshisekedi

Minisitiri Nduhungirehe Olivier yavuguruje ibyatangajwe na leta ya Perezida Tshisekedi

Oct 5, 2025

Itsinda z’u Rwanda n’iza RDC zahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kugira ngo zigirane ibiganiro bya nyuma ku mushinga w’amasezerano y’ubufatanye mu bukungu wateguwe muri Nzeri. Ku wa 3 Ukwakira zari gusinya amasezerano ariko ntibyabaye. Minisitiri Nduhungirehe yasobanuye ko intumwa z’u Rwanda

Read More