Madagascar Perezida Andry Rajoelina aracyari k’ubutegetsi
Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yatangaje ko hari “igerageza ryo gufata ubutegetsi mu buryo bunyuranyije n’amategeko” riri kuba mu gihugu, nyuma y’uko bamwe mu basirikare bifatanyije n’abigaragambya mu murwa mukuru Antananarivo. Mu itangazo ryasohowe na Perezidansi kuri iki Cyumweru tariki 12 Ukwakira 2025,
Impamvu umutwe wa FDLR utazaranduka burundu muri RDC
Abashakashatsi batandukanye bagaragaza ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR wamaze gushinga imizi muri bimwe mu bihugu bigize akarere k’ibiyaga bigari, nka Jason Stearns umushakashatsi ku bijyanye n’intambara muri RD Congo, avuga ko ibyegeranyo by’umuryango wa Loni byerekana ko ubu aba barwanyi ba FDLR bagera
Kavimvira amatsinda abiri ya Wazalendo yasubiranyemo ararasana bikomeye
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11/10/2025, ni bwo i Uvira habaye imirwano ikomeye hagati yariya matsinda abiri yo muri Wazalendo. Isubiranamo ryabo nk’uko aya makuru abivuga n’uko ryahereye mu nkengero za centre ya Kavimvira, biza gukomereza ku misozi yunamiye
Rutsiro:abarwanashyaka b’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije batangiye guhugurwa
None tariki ya 11 Ukwakira 2025 abarwanashyaka b’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda bo mu karere ka Rutsiro bateraniye mu nama n’amahugurwa aho byatangijwe na komiseri mukuru wiri shyaka akaba n’umusenateri mu nteko shingamategeko umutwe wa sena. Abitabiriye iyi nama barahabwa
Inteko Ishinga Amategeko ya Peru yatoye ishyigikira icyemezo cyo kweguza Perezida
Inteko Ishinga Amategeko ya Peru yatoye ishyigikira icyemezo cyo kweguza Perezida Dina Boluarte, kubera ubwicanyi n’ibyaha bikomeje guhitana ubuzima bw’abantu muri icyo gihugu. Perezida Dina, utarigeze yerekwa urukundo n’abo ayobora kuko akunzwe hagati ya 2-4%, yegujwe mu ijoro ryakeye ryo ku wa 09
Perezida Sénégal Bassirou Diomaye Faye ategerejwe mu Rwanda aho azahagirira uruzinduko rw’akazi
Perezida Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, ategerejwe mu Rwanda aho azahagirira uruzinduko rw’akazi. Urugendo rwe mu Rwanda biteganyijwe ko ruzaba ku wa 17 Ukwakira 2025, aho byatangajwe ko ruzaba ku butumire bwa Perezida Kagame. Iby’urwo ruzinduko byemejwe mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri muri Sénégal, ku
Mai Mai Shikito na FARDC byaraye birasaniye muri santere ya Kamituga
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo rishyigikiwe na Leta byaraye birasaniye muri santere ya Kamituga iherereye muri teritwari ya Mwenga, intara ya Kivu y’Amajyepfo. Urusaku rw’amasasu menshi y’imbunda nto n’inini rwumvikanye mu masaa tanu y’ijoro muri iyi santere
Aba-Rayons baguriwe amatike yo kureba umukino w’Amavubi na Bénin
Mu rwego rwo gushyigikira ikipe y’Igihugu, Amavubi, Rayon Sports na APR FC zisanzwe ari abakeba, zaguriye amatike abafana bazo n’ab’Amavubi bifuza kuzaza kuyashyigikira ejo kuri Stade Amahoro. Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Ukwakira 2025 kuri Stade Amahoro Saa Kumi n’Ebyiri z’Umugoroba,
Abarwanyi ba Wazalendo bishe umusirikare wa Fardc mri Kamituga
Mu mujyi wa Kamituga uherereye muri teritwari ya Mwenga wabaye isibaniro ry’imirwano hagati ya Wazalendo na Fardc ,aho abarwanyi b’umutwe wa Wazalendo barasanye bikomeye na Fardc uyu mutwe ukaba waje no kwica urashe umusirikare wa Fardc witywa kapiteni Kangela Kaleba Moise wari komanda
Général Bunyoni yinjijwe ibitaro bikuru bya Gitega arinzwe cyane n’igisirikare cy’u Burundi
Radio RPA ikorera mu gihugu cy’u Burundi kuri murandasi kuko yahagaritswe mu mwaka wa 2015 yatangaje ko Bunyoni yajyanywe mu bitaro uno munsi saa tanu n’igice. Iyi Radio ivuga ko yagiye aherekejwe n’imodoka umunani, zirimwo iz’abakozi b’iperereza, abashinzwe umutekano n’abacunga ibiro by’umukuru