Agahenge lete ya Tshisekedi yasinyanye na AFC/m23 gakomejwe kwirengagizwa
Guverinoma ya Congo nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’ihagarikwa ry’imirwano n’ihuriro rya AFC/M23,yagabye igitero cya Drone mu gice kimwe gicukurwamo amabuye y’agaciro muri Kivu y’Amajyepfo. Iki gitero kije nyuma yaho kuri uyu wa kabiri tariki ya 14 Ukwakira 2025 mu biganiro by’i
Umuyobozi wa Green party Dr Frank Habineza yatorewe kuba umusenateri
Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Green Party, Dr. Frank Habineza na Perezida wa PSP, Nkubana Alphonse, batowe nk’abasenateri bashya mu nama rusange idasanzwe ya NFPO yabereye i Kigali.Nibemezwa n’urukiko rw’ikirenga, bazasimbura abasenateri Alexis Mugisha na Clotilde Mukakarangwa, manda yabo izarangira ku
Rubavu:green party yahuguye abarwanashyaka bayo muri kano karere
Mu kiganiro komiseri mukuru muri GreenParty Hon. Alexis Mugisha yagejeje ku barwanya shyaka ba Green party mu karere ka Rubavu yabibukije amavu n’amavuko y’ishyaka ndetse abasobanurora impamvu nyamukuru yatumye iri shyaka rihitamo kuba iritavuga rumwe n’ubutegetsi.Avuga ko ibi Byose bikorwa hatangwa ibitekerezo byunganira
Perezida wa sena y’u Rwanda Dr.Francois Xavier Kalinda yagiranye ibiganiro n’umunyamabanga wa IPU
Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr. François Xavier Kalinda, ari kumwe n’abagize Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro ry’Inteko Zishinga Amategeko ku Isi (Inter-Parliamentary Union – IPU), Martin Chungong. Martin Chungong ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, aho yageze
Perezida wa Madagascar yavuze ko yahungiye ahantu hizewe
Perezida uri mu bibazo wa Madagascar Andry Rajoelina yavuze ko ubu yihishe “ahantu hatekanye” nyuma y’igerageza ryo kumwica, nyuma y’ibyumweru bishize haba imyigaragambyo y’abasaba ko yegura. Mu ijambo yavuze imbona nkubone yagejeje ku baturage arinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook, Rajoelina, w’imyaka 51,
Nta mpamvu yo kulindira ko apfa kuko turi mu biganiro/Dr Balinda Oscar uvugra afc/m23
Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23 avuga ko barimo kuganira na leta ya Perezida Tshisekedi ku ntambara bahanganyemo ngo bagere “ku gahenge karambye” kandi ko ibiganiro bigeze kure i Doha muri Qatar. Dr Oscar Balinda yari abajijwe ku biherutse gutangazwa na Perezida Félix Tshisekedi ari
Perezida wa FERWAFA yateguje igisubizo cyo gutsindwa kw’Amavubi
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Shema Fabrice yateguje igisubizo cyo gutsindwa ku ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, avuga ko bagiye gushyira imbaraga nyinshi cyane mu bakiri bato.Amavubi arimo arabarizwa muri Afurika y’Epfo aho yagiye gukina n’iyi kipe y’igihugu mu mukino usoza
Vestine na Dorcas berekeje mu gihugu cya Canada nyuma yo gutaramira muri Camp Kigali
Itsinda ry’abahanzikazi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine na Kamikazi Dorcas ryerekeje muri Canada ku nshuro ya mbere, aho bagiye gukorera uruhererekane rw’ibitaramo byitiriwe indirimbo yabo “Yebo”, iri mu zikunzwe cyane muri iki gihe. Aba bahanzikazi bahagurutse ku kibuga cy’indege mpuzamahanga
Afc/m23 yabwiye Tshisekedi ko ntaho azahungira ibiganiro bya Doha ngo kuko niho honyine hazakemura ibibazo bafitanye
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ryibukije icyo gihugu ko ibiganiro by’amahoro bibera i Doha kidashobora kubihunga kuko ari bwo buryo bwo guhagarika intambara iri mu Burasirazuba bwa Congo. Ibiganiro byateguwe na Leta ya Qatar kuva mu
Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora
Umukandida w’Ishyaka rya Chama Cha Mapinduzi (CCM) mu matora ya Perezida muri Tanzania, Samia Suruhu Hassan, yasabye Abanya-Tanzania kudaterwa ubwoba n’ababashuka, agaragagaza ko yiteguye guhangana n’abababuza gutora. Samia yavuze ko kizabuza abaturage uburenganzira bwabo mu matora ateganyijwe ku wa 29 Ukwakira 2025, kuko