Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahanuye abanyeshuri 9000 ba UR basoje amasomo

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahanuye abanyeshuri 9000 ba UR basoje amasomo

Oct 17, 2025

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye abasoje Kaminuza y’u Rwanda (UR) mu byiciro bitandukanye gukomera ku ndangagaciro z’umuco Nyarwanda mu byo bakora byose kugira ngo bazabashe kugera ku nzozi zabo. Ni impanuro yahaye abagera ku 9526 basoje amasomo yabo muri Kaminuza y’u Rwanda

Read More
Kinshasa amabandi yitwaje intwaro yateye banki afata bugwate abakozi bayo n’abakiliya

Kinshasa amabandi yitwaje intwaro yateye banki afata bugwate abakozi bayo n’abakiliya

Oct 17, 2025

Amabandi yitwaje intwaro yagabye igitero cy’ubujura kuri Banki iri mu gace kamwe i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bituma habaho gukozanyaho hagati y’aya mabandi na polisi. Iki gitero cyabaye hagati saa tatu n’igice na saa yine zo kuri uyu wa Kane

Read More
Madagascar col Michael Randrianirina agiye kurahirira kuyobora iki gihugu nka Perezida

Madagascar col Michael Randrianirina agiye kurahirira kuyobora iki gihugu nka Perezida

Oct 17, 2025

Col Michael Randrianirina uherutse kujya ku butegetsi kubera imyigaragambyo y’abaturage yatumye Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina ahunga, yatangaje ko azarahirira kuyobora igihugu ejo ku wa 17 Ukwakira 2025. Yavuze ko azarahira atitaye ku byatangajwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, (AU) yasabye ko hagumaho

Read More
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe  yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda,Aurélie Royet-Gounin

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda,Aurélie Royet-Gounin

Oct 17, 2025

Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe ,ku wa 15 Ukwakira 2025, yakiriye Ambasaderi w’u Bufaransa mu Rwanda,Aurélie Royet-Gounin , bagirana ibiganiro. Ibiganiro byabo byibanze mu gukomeza gushyira imbaraga ku mubano hagati y’u Rwanda n’u Bufaransa.

Read More
Bobi Wine yiyemeje kuzajya aha abana igikoma n’amagi ku mashuli natsinda Museveni

Bobi Wine yiyemeje kuzajya aha abana igikoma n’amagi ku mashuli natsinda Museveni

Oct 16, 2025

Robert Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ uzahatana na Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu matora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda, yatangaje ko natorwa azashyiraho gahunda yo gutanga igikoma n’amagi by’ubuntu ku banyeshuri biga mu mashuri abanza, muri iki gihugu. Iyi migabo n’imigambi Bobi Wine yayigarutseho ubwo yari

Read More
Amateka ya Col Michael Randrianirina wahiritse ubutegetsi muri Madagascar

Amateka ya Col Michael Randrianirina wahiritse ubutegetsi muri Madagascar

Oct 16, 2025

Kuva tariki ya 11 Ukwakira 2025, muri Madagascar hari umusirikare uri kuvugwa cyane nyuma yo gutungura bagenzi be bakorera mu yindi mitwe y’ingabo, agatangaza ko we n’abo ayoboye bagiye gushyigikira abaturage bari mu myigaragambyo. Uyu musirikare, Colonel Micheal Randrianirina, yatangaje ko abasirikare be

Read More
Gutanga ‘procurations’ muri serivisi z’ubutaka byahagaritswe

Gutanga ‘procurations’ muri serivisi z’ubutaka byahagaritswe

Oct 16, 2025

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka (NLA) cyahagaritse by’agateganyo kwakira impapuro mpeshabubasha zizwi nka ’procurations’, mu gukumira ko hari abantu bakoresha uburiganya bagahimba inyandiko bagamije guhererekanya ubutaka butari ubwabo. Itangazo ry’iki kigo rivuga ko muri iki gihe umuntu wese ukeneye serivisi y’ihererekanya ry’uburenganzira ku butaka

Read More
Perezida Kagame yihanganishije Kenya yapfushije Raila Odinga

Perezida Kagame yihanganishije Kenya yapfushije Raila Odinga

Oct 16, 2025

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yafashe mu mugongo Perezida wa Kenya William Ruto, n’Abanyakenya bose, n’umuryango wa Raila Amolo Odinga waraye yitabye Imana azize guhagarara k’umutima.Perezida Kagame yavuze ko ukwiyemeza gukorera abaturage kwa Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya, guharanira

Read More
Hamenyekanye amazina 25 y’ibyihebe by’abanyarwanda batera inkunga iterabwoba

Hamenyekanye amazina 25 y’ibyihebe by’abanyarwanda batera inkunga iterabwoba

Oct 15, 2025

Urwego rw’u Rwanda Rushinzwe Ubutasi ku Mari (Financial Intelligence Center: FIC), rwashyize hanze urutonde rw’abanyarwanda 25 bafatiwe ibihano kubera gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba imbere mu gihugu. Bashinjwa gutera inkunga ibikorwa by’iterabwoba, gushinga imitwe y’iterabwoba cyangwa gushyigikira ibikorwa bigamije guhungabanya u Rwanda. Uru rutonde

Read More
Intumwa za Afc/m23 niza guverinoma ya RDC bashyize umukono ku gahenge ko guhagarika intambara bihoraho

Intumwa za Afc/m23 niza guverinoma ya RDC bashyize umukono ku gahenge ko guhagarika intambara bihoraho

Oct 15, 2025

Abahagarariye guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23, kuri uyu wa 14 Ukwakira 2025 bemeranyije guhagarika imirwano . Ni amasezerano impande zombi zashyizeho umukono i Doha muri Qatar mu rwego rwo kurangiza ibibazo by’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo. Bimwe mu

Read More