Ni RDC ikwiye gufatirwa ibihano kubera imyitwarire yabo
Alain Destexhe wabaye Umusenateri w’u Bubiligi kuva mu 1995 kugeza mu 2011, yanenze Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye igisirikare cyu Rwanda na bamwe mu Bayobozi Bakuru b’Ingabo ibihano, avuga ko ahubwo byari bikwiye gufatirwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC). Uyu mugabo
Ihuriro rya Afc/m23 ryigambye guhorera Lt Col Willy Ngoma
Ihuriro AFC/M23 ryaciye amarenga ko rizakomeza gutera ikibuga cy’indege cya Bangoka muri Kisangani no guhorera Lt Col Willy Ngoma wahoze ari Umuvugizi wayo ku rwego rwa gisirikare. AFC/M23 yemeje ko ari yo yagabye igitero cya drones kuri iki kibuga cy’indege ku wa 1
Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika zafatiye ibihano igisirikare cy’u Rwanda na bamwe mubayobozi bacyo
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Werurwe 2026Leta Zunze Ubumwe za Amerika , zatangaje ko zafatiye ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), ndetse n’abasirikare bakuru bane. Ishami rya Minisiteri y’imari ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika rishinzwe kugenzura umutungo w’abafatirwa ibihano (OFAC), ryatangaje
Masisi ibirindiro bya m23 muri Nyabiondo byarashwe na drone ya Fardc
Igisirikare cya Repuburika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kuwa 26 Gashyantare 2026 cyarashe ibirindiro by’umutwe wa m23 muri teritwari ya Masisi mu gace ka Nyabiondo. Amakuru dukesha ibinyamakuru byo muri Kivu y’Amajyaruguru bitangaza ko ibyo bitero byagabwe mu masaha y’ijoro kandi byagize ingaruka
RDC yatanze umukobwa wa Lumumba nk’umukandida mu kuyobora OIF
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahisemo umukobwa wa Patrice Lumumba ufatwa nk’intwari y’iki gihugu, Juliana Amato Lumumba, kugira ngo azahatanire umwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa. Ku wa 26 Gashyantare 2026, Guverinoma ya RDC yagaragaje ko Juliana w’imyaka
Ihuriro rya Afc/m23 rimaze kwisubiza ibice byinshi muri Masisi
Igisirirkare cy’ihuriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kimaze kwisubiza ibice byinshi ryari ryaratswe na Wazalendo. Amakuru dukesha amasoko atandukanye yemeza zo igisirikare cya afc/m23 ARC cyatangije ibitero byo kwisubiza uduce twose ingabo zirwana ku ruhande rwa Fardc zari
Umugaba mukuru w’igisirikare cya Afc/m23 Gen maj Sultan Makenga ntiyishwe
Igitero cy’indege za drone cyahitanye Umuvugizi w’Igisirikare cya AFC/M23, Willy Ngoma, byamenyekanye ko cyishe abantu icyenda, gihusha Umugaba Mukuru w’aba barwanyi, Maj Gen Sultani Makenga wari umaze akanya gato avuye aho cyagabwe. Amakuru dukesha Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, avuga ko amakuru cyahawe n’abantu
Perezida Felix Tshisekedi yagiriye uruzinduko mu gihugu cy’Ubufaransa
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yaganiriye na mugenzi we uyobora u Bufaransa, Emmanuel Macron, ku mukandida w’Umunye-Congo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF). Iki kiganiro cyabereye i Paris mu Bufaransa ku wa 25 Gashyantare 2026, aho
Afc/m23 yatangiye ikiriyo cyuwari umuvugizi w’igisirikare cyayo Lt col Willy Ngoma
Ihuriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi Felix ryatangiye icyunamo cy’uwahoze ari umuvugizi w’igisirikare cyiri huriro uherutswe kwicwa na drone za Fardc mu gace ka Rubaya. Mu butumwa bwanditse n’umunyamabanga mukuru wiri huriro Benjamin Mbonimpa k’urukuta rwe rwa X yagize ati Intwari
RDC:Ibivugwa k’urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma ko yaba yishwe na Drone ya Fardc
Lt. Col Willy Ngoma wari Umuvugizi w’ihuriro AFC/M23 biravugwa ko yarasiwe mu gitero cya Drone cy’ingabo za Congo, FARDC mu gace ka Rubaya. Bamwe mu bari ku ruhande rwa leta ya Congo, baremeza ko Willy Ngoma yarashwe mu masaha y’igicuku ashyira saa cyenda