Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu yirukanye General Christopher Musa, wari Umugabo Mukuru w’Ingabo za Nigeria
Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu yirukanye General Christopher Musa, wari Umugabo Mukuru w’Ingabo za Nigeria, nyuma y’aho havuzwe amakuru y’ibihuha by’igeragezwa ryo gukora coup d’état mu gihugu. Nk’uko byatangajwe n’umujyanama wa Perezida mu by’itangazamakuru, Sunday Dare, izi mpinduka “zigamije gukomeza gushimangira umutekano n’ikwirakwizwa
Nyabihu:Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije rwahuguye abarwanashyaka
Ibikorwa by’ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda byakomeje mu karere ka Nyabihu aho abarwanashyaka baturuka muri aka karere bateraniye mu nama n’amahugurwa baza guhabwamo ubumenyi ku ngingo zitandukanye zirimo imiyoborere myiza, ubukungu, ubuhinzi, kwiteza imbere, no kwibutswa amahame y’ishyaka n’ibindi. Umuyobozi
Perezida Museveni yahishuye ko yanze amafaranga ya Gaddafi
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga. Imikoranire ya na Gaddafi, Museveni yayigarutseho mu ijoro ryo ku wa Kane, mu kiganiro cyatambutse kuri
Al-Merrikh na Al Hilal zo muri Sudani zemerewe gukina shampiyona y’u Rwanda
Amakipe yo muri Sudani, Al-Merrikh na Al Hilal zemerewe gukina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ya 2025/2026 nyuma yo kubisaba.Aya makipe niyo yabitangaje abinyujije kuri X mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane.Al-Merrikh yavuze ko yakiriye ibaruwa ivuye muri FERWAFA iyemerera gukina
Imyaka 68 ya Perezida Paul Kagame
Uyu munsi, ni isabukuru y’imyaka 68 ya Perezida Paul Kagame, imyaka Abanyarwanda babona nk’amahirwe akomeye ndetse n’umugisha ku bwo kugira umuyobozi w’umuhanga kandi ukunda Igihugu n’abagituye akabigaragariza mu gukora ubutaruhuka aharanira imibereho myiza y’abaturage ndetse n’isura nziza y’Igihugu. Umunsi nk’uyu mu mwaka wa
Inama mpuzamahanga y’abagaba bakuru b’ingabo yariteraniye kigali yasojwe
Inama mpuzamahanga yari imaze iminsi ibiri ibera i Kigali yahuje abagaba b’ingabo zirwanira ku butaka, yasoje ibiganiro by’ingirakamaro byakanguriye abayobozi b’Afurika kugira uruhare rugaragara n’ubufatanye mu guhangana n’ibibazo bikomeye by’umutekano bikibangamiye iterambere ry’umugabane.Yasojwe ku mugaragaro na Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda. Iyi
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène wahamijwe ibyaha bya Jenoside guhanishwa igifungo cya burundu
Ubushinjacyaha bw’u Bufaransa bwasabiye Dr. Munyemana Sosthène, wahamijwe ibyaha bya Jenoside, guhanishwa igifungo cya burundu. Munyemana w’imyaka 70, yari amaze ibyumweru bitandatu aburana ubujurire ku gifungo cy’imyaka 24, urukiko rwa Rubanda rwo mu Bufaransa rwamukatiye mu Kuboza 2023. Imbere y’abari baje kwumvira urubanza
Nizeyuhoraho ukurikiranyweho gucuruza ‘Ethanol’ mu buryo bunyuranyije n’amategeko ari guhigishwa uruhindu
Nizeyuhoraho Pierre, Umuyobozi wa ‘NI & P Company Ltd’ yari isanzwe itumiza ikinyabutabire cya ‘Ethanol’ yifashishwa mu kwenga inzoga, yamaze gutoroka ubutabera nyuma y’uko amenye ko ari gushakishwa akurikiranyweho kuyicuruza binyuranye n’amategeko. Ubwo hamurikwaga ibyavuye muri ‘Operation Usalama’ igamije kurwanya ubucuruzi butemewe, yahuriweho
Ibitero bya drone bikoswe na fardc bikomeje kwibasira ibice bigenzurwa na Afc/m23
Ihuriro AFC/M23 riratangaza ko uruhande bahanganye rugizwe n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’impande zigifasha, rukomeje kurenga ku gahenge kemejwe, rukarasa rukoresheje intwaro zikomeye zirimo indege z’intambara, aho rwarashe mu bice binyuranye byo muri Masisi na Walikare. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa
Uganda umunsi uzaberaho amatora ya perezida n’abadepite wamenyekanye
komisiyo y’amatora muri Uganda yatangaje ko amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abagize Inteko Ishinga Amategeko, azaba ku wa 15 Mutarama 2026. Ni icyemezo cyatangajwe ku wa 21 Ukwakira 2025, nyuma y’aho byari bisanzwe bizwi ko aya matora azaba muri Mutarama 2026, ariko hataratangazwa itariki. Kugeza