Abaturage ba Nyamasheke muri abingenzi muri Green Party kuko mudahwema kudushyigikira/hon Mugisha Alexis

Abaturage ba Nyamasheke muri abingenzi muri Green Party kuko mudahwema kudushyigikira/hon Mugisha Alexis

Oct 31, 2025

Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ryakomeje ibikorwa byo guhugura abarwanashyaka baryo mu karere ka Nyamasheke ,aho banatoye abayobozi bahagararira iri shyaka mu nzego zitandukanye. Mu gutangiza inama n’amahugurwa yiri shyaka umuyobozi w’intara y’iburengerazuba muri iri shyaka bwana Ntihanuwayo Modeste yashimye

Read More
U Rwanda ntirwemeranya na Perezida Macron ku ifungurwa ry’ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda ntirwemeranya na Perezida Macron ku ifungurwa ry’ikibuga cy’indege cya Goma

Oct 31, 2025

Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko ikibuga cy’indege cya Goma cyidakwiye gufungurwa hadashingiwe ku biganiro bya Doha biri hagati ya leta ya Kinshasa n’ihuriro rya Afc m23 rirwanya ubu butegetsi. Macron yatangaje ko kiriya kibuga cy’indege kigiye gufungurwa ku wa Kane tariki ya 30

Read More
Goma:Ihuriro Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi ntirikozwa ifungurwa ry’ikibuga cy’indege cya Goma

Goma:Ihuriro Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi ntirikozwa ifungurwa ry’ikibuga cy’indege cya Goma

Oct 31, 2025

Inama yabereye mu Bufaransa igamije kuvuga ku mahoro muri Congo Kinshasa yasabye ko ikibuga cy’ingede cy’i Goma, mu burasirazuba bwa Congo cyafungurwa, ibyo AFC/M23 ikigenzura ibona ko bidashoboka. Corneille Nangaa ukuriye AFC/M23 yavuze ko batarebwa n’ubusabe bwo gufungura ikibuga cy’indege cy’i Goma. Kuri

Read More
Fardc ikomeje gushinjwa kurasa mu birindiro by’ihuriro rya Afc/m23

Fardc ikomeje gushinjwa kurasa mu birindiro by’ihuriro rya Afc/m23

Oct 29, 2025

Umutwe wa AFC/M23 ukomeje gushinja Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kurasa mu duce ugenzura zikoresheje za drone. Umutwe wa AFC/M23 ukomeje gushinja Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kurasa mu duce ugenzura zikoresheje za

Read More
Igisirikare cy’u Burundi cyakoze imodoka itamenwa n’amasasu

Igisirikare cy’u Burundi cyakoze imodoka itamenwa n’amasasu

Oct 29, 2025

Igisirikare cy’u Burundi, FDNB, cyamuritse imodoka ya mbere cyakoreye muri iki gihugu, kivuga ko itamenwa n’amasasu.   Iyi modoka yamurikiwe Marie Chantal Nijimbere, Minisitiri w’Ingabo, n’abahoze ari abasirikare ku wa 27 Ukwakira 2025.   Hari mu rugendo yagiranye n’Umugaba w’Ingabo z’u Burundi, Gen

Read More
Goma abatwara Moto bongerewe amasaha yo gukora

Goma abatwara Moto bongerewe amasaha yo gukora

Oct 27, 2025

Mu rwego rwo kurushaho gukumira no kwirinda impanuka, Polisi ya AFC/M23, ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda (Traffic Police), rigiye gutangira gupima ibisindisha ku batwara ibinyabiziga. Byagarutsweho kuri Stade de l’Unité ku wa 26 Ukwakira 2025, ubwo abamotari bo mu Mujyi wa Goma

Read More
Twahisemo ishyaka rikemura ibibazo by’igihugu mu buryo bw’ibiganiro/Green Party

Twahisemo ishyaka rikemura ibibazo by’igihugu mu buryo bw’ibiganiro/Green Party

Oct 26, 2025

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ryakomeje ibikorwa byaryo mu Ntara y’Uburengerazuba, mu Karere ka Ngororero, aho ryakoze inama n’amahugurwa ku barwanashyaka baryo aho ragamije guteza imbere abagore n’urubyiruko. Aya mahugurwa yatangijwe na komiseri Mukuru muri iri shyaka Hon. Mugisha Alexis,

Read More
Guverinoma y’u Rwanda yasabye igihugu cy’u Burundi kureka kugumya gutobanga umutekano w’akarere

Guverinoma y’u Rwanda yasabye igihugu cy’u Burundi kureka kugumya gutobanga umutekano w’akarere

Oct 25, 2025

Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko kuba u Burundi bufite ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri mu bibangamiye amasezerano y’amahoro rwasinyanye na kiriya gihugu, ibusaba gutera intambwe bukareka “kongera amavuta mu muriro”. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe,

Read More
Maj Gen Vincent Nyakarundi  yatanze ubutumwa bukomeye ku basirikare b’u Rwanda

Maj Gen Vincent Nyakarundi yatanze ubutumwa bukomeye ku basirikare b’u Rwanda

Oct 25, 2025

Abofisiye 75 barimo 71 bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), babiri ba Polisi y’u Rwanda (RNP), na babiri b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) bagize Icyiciro cya 25, uyu munsi barangije amasomo ajyanye n’imiyoborere y’ingabo n’izindi nshingano zo mu biro (Junior Command and Staff

Read More
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga

Oct 25, 2025

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga. Imikoranire ya na Gaddafi, Museveni yayigarutseho mu ijoro ryo ku wa Kane, mu kiganiro cyatambutse kuri

Read More