Abaturage ba Nyamasheke muri abingenzi muri Green Party kuko mudahwema kudushyigikira/hon Mugisha Alexis
Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ryakomeje ibikorwa byo guhugura abarwanashyaka baryo mu karere ka Nyamasheke ,aho banatoye abayobozi bahagararira iri shyaka mu nzego zitandukanye. Mu gutangiza inama n’amahugurwa yiri shyaka umuyobozi w’intara y’iburengerazuba muri iri shyaka bwana Ntihanuwayo Modeste yashimye
U Rwanda ntirwemeranya na Perezida Macron ku ifungurwa ry’ikibuga cy’indege cya Goma
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko ikibuga cy’indege cya Goma cyidakwiye gufungurwa hadashingiwe ku biganiro bya Doha biri hagati ya leta ya Kinshasa n’ihuriro rya Afc m23 rirwanya ubu butegetsi. Macron yatangaje ko kiriya kibuga cy’indege kigiye gufungurwa ku wa Kane tariki ya 30
Goma:Ihuriro Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi ntirikozwa ifungurwa ry’ikibuga cy’indege cya Goma
Inama yabereye mu Bufaransa igamije kuvuga ku mahoro muri Congo Kinshasa yasabye ko ikibuga cy’ingede cy’i Goma, mu burasirazuba bwa Congo cyafungurwa, ibyo AFC/M23 ikigenzura ibona ko bidashoboka. Corneille Nangaa ukuriye AFC/M23 yavuze ko batarebwa n’ubusabe bwo gufungura ikibuga cy’indege cy’i Goma. Kuri
Fardc ikomeje gushinjwa kurasa mu birindiro by’ihuriro rya Afc/m23
Umutwe wa AFC/M23 ukomeje gushinja Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kurasa mu duce ugenzura zikoresheje za drone. Umutwe wa AFC/M23 ukomeje gushinja Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kurasa mu duce ugenzura zikoresheje za
Igisirikare cy’u Burundi cyakoze imodoka itamenwa n’amasasu
Igisirikare cy’u Burundi, FDNB, cyamuritse imodoka ya mbere cyakoreye muri iki gihugu, kivuga ko itamenwa n’amasasu. Iyi modoka yamurikiwe Marie Chantal Nijimbere, Minisitiri w’Ingabo, n’abahoze ari abasirikare ku wa 27 Ukwakira 2025. Hari mu rugendo yagiranye n’Umugaba w’Ingabo z’u Burundi, Gen
Goma abatwara Moto bongerewe amasaha yo gukora
Mu rwego rwo kurushaho gukumira no kwirinda impanuka, Polisi ya AFC/M23, ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda (Traffic Police), rigiye gutangira gupima ibisindisha ku batwara ibinyabiziga. Byagarutsweho kuri Stade de l’Unité ku wa 26 Ukwakira 2025, ubwo abamotari bo mu Mujyi wa Goma
Twahisemo ishyaka rikemura ibibazo by’igihugu mu buryo bw’ibiganiro/Green Party
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ryakomeje ibikorwa byaryo mu Ntara y’Uburengerazuba, mu Karere ka Ngororero, aho ryakoze inama n’amahugurwa ku barwanashyaka baryo aho ragamije guteza imbere abagore n’urubyiruko. Aya mahugurwa yatangijwe na komiseri Mukuru muri iri shyaka Hon. Mugisha Alexis,
Guverinoma y’u Rwanda yasabye igihugu cy’u Burundi kureka kugumya gutobanga umutekano w’akarere
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko kuba u Burundi bufite ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo biri mu bibangamiye amasezerano y’amahoro rwasinyanye na kiriya gihugu, ibusaba gutera intambwe bukareka “kongera amavuta mu muriro”. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe,
Maj Gen Vincent Nyakarundi yatanze ubutumwa bukomeye ku basirikare b’u Rwanda
Abofisiye 75 barimo 71 bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), babiri ba Polisi y’u Rwanda (RNP), na babiri b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) bagize Icyiciro cya 25, uyu munsi barangije amasomo ajyanye n’imiyoborere y’ingabo n’izindi nshingano zo mu biro (Junior Command and Staff
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko ubwo yari mu rugamba rwamugejeje ku butegetsi, Col Muammar Gaddafi wayoboye Libya yashatse kumuha inkunga y’amafaranga, ariko undi arayanga. Imikoranire ya na Gaddafi, Museveni yayigarutseho mu ijoro ryo ku wa Kane, mu kiganiro cyatambutse kuri