Tanzania abagize uruhare mu myigaragambyo bari gufungwa ariko abandi bari kwicwa buhoro buhoro

Tanzania abagize uruhare mu myigaragambyo bari gufungwa ariko abandi bari kwicwa buhoro buhoro

Nov 11, 2025

Muri Tanzania imibare y’abaguye mu myigaragambyo ikomeje kwiyongera. Abagize uruhare muri iyo myigaragambyo bari gufatwa bagafungwa. Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu bafatanyije na CHADEMA, Ishyaka ritavuga rumwe na CCM babwiye AFP ko abantu 3000 aribo bamaze kugwa muri iyo myigaragambyo. Mu mijyi ya

Read More
Umupaka uhuza igihugu cye na Benin na Niger ntuteze gufungurwa mu gihe umutekano muke ukigaragara hagati ya Niger na Benin

Umupaka uhuza igihugu cye na Benin na Niger ntuteze gufungurwa mu gihe umutekano muke ukigaragara hagati ya Niger na Benin

Nov 11, 2025

Perezida w’inzibacyuho wa Niger, Gen. Abdourahamane Tchiani, yatangaje ko umupaka uhuza igihugu cye na Benin udateze gufungurwa mu gihe umutekano muke ukigaragara hagati ya Niger na Benin. Ibi yabivugiye mu ruzinduko yagiriye mu mujyi wa Gaya ku wa 9 Ugushyingo 2025, uri hafi

Read More
Umukoloneli wo mu bwoko bw’Abanyamulenge wiyunze kuri FARDC na Wazalendo mu kurwanya umutwe wa M23 na Twirwaneho

Umukoloneli wo mu bwoko bw’Abanyamulenge wiyunze kuri FARDC na Wazalendo mu kurwanya umutwe wa M23 na Twirwaneho

Nov 11, 2025

Umukoloneli wo mu bwoko bw’Abanyamulenge wiyunze kuri FARDC na Wazalendo mu kurwanya umutwe wa M23 na Twirwaneho, we n’abarinzi be bakubiswe, bagirwa intere mbere yo gufungwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi. Col. Fureko Désiré n’abarinzi be bafashwe mu mpera z’icyumweru dusoje, bashinjwa gukorana n’abarwanyi ba

Read More
Ubumenyi ku ikoranabuhanga bwakifashishwa mu kubaka ubunyamwuga bw’igisirikare

Ubumenyi ku ikoranabuhanga bwakifashishwa mu kubaka ubunyamwuga bw’igisirikare

Nov 11, 2025

Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko ubumenyi ku ikoranabuhanga, bwakifashishwa mu kubaka ubunyamwuga bw’igisirikare. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere, tariki ya 10 Ugushyingo 2025, ubwo hatangiraga inama ihuza abayobozi b’amashuri makuru ya gisirikare yo ku mugabane wa Afurika. Ni ku nshuro ya

Read More
Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum, yatangaje ko agiye kujyana mu nkiko umugabo wamukorakoye ku mabere

Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum, yatangaje ko agiye kujyana mu nkiko umugabo wamukorakoye ku mabere

Nov 6, 2025

Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum, yatangaje ko agiye kujyana mu nkiko umugabo wamukorakoye ku mabere mu ruhame ubwo yari mu biganiro n’abaturage hafi y’Ingoro y’Umukuru w’Igihugu mu Murwa Mukuru wa Mexico. Amashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje umugabo asatira Perezida amuturutse inyuma akamusoma

Read More
Tchad abantu 318 bamaze kugwa mu mirwano ikunze guhanganisha aborozi n’abahinzi ishingiye ku kuragira mu butaka buhinzwemo imyaka

Tchad abantu 318 bamaze kugwa mu mirwano ikunze guhanganisha aborozi n’abahinzi ishingiye ku kuragira mu butaka buhinzwemo imyaka

Nov 6, 2025

Abantu 318 bamaze kugwa mu mirwano ikunze guhanganisha aborozi n’abahinzi ishingiye ku kuragira mu butaka buhinzwemo imyaka mu majyepfo y’uburengerazuba bwa Tchad. Abantu 33 bamaze gupfira mu mu mirwano ibahanganishije kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru tariki ya 3 Ugushyingo 2025. Imirwano hagati y’izi

Read More
Goma station za essance zitujuje ibisabwa zigiye gufungwa

Goma station za essance zitujuje ibisabwa zigiye gufungwa

Nov 6, 2025

Zimwe muri stations za lisansi zubatswe mu buryo butujuje ibisabwa n’amategeko hirya no hino mu Mujyi wa Goma zigiye gufungwa, hagamijwe guca akajagari muri iri shoramari no gukumira inkongi z’umuriro. Ibi byagarutsweho na Amani Bahati Shaddrack, Visi Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru ushinzwe ubukungu,

Read More
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko ikomeje guhamagarwa n’abaturage bafite ubwenegihugu bwayo 17 bafatiwe muri Ukraine mu Mujyi wa Donbas mu ntambara ihanganishije icyo gihugu n’u Burusiya

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko ikomeje guhamagarwa n’abaturage bafite ubwenegihugu bwayo 17 bafatiwe muri Ukraine mu Mujyi wa Donbas mu ntambara ihanganishije icyo gihugu n’u Burusiya

Nov 6, 2025

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko ikomeje guhamagarwa n’abaturage bafite ubwenegihugu bwayo 17 bafatiwe muri Ukraine mu Mujyi wa Donbas mu ntambara ihanganishije icyo gihugu n’u Burusiya. Bivugwa ko bari mu mutwe w’abacanshuro urwanira u Burusiya muri iyo ntambara. Abafashwe bari hagati y’imyaka

Read More
MRDP Twirwaneho yahaye Makanika Rukunda ipeti rishya nubwo yatabarutse

MRDP Twirwaneho yahaye Makanika Rukunda ipeti rishya nubwo yatabarutse

Nov 6, 2025

Ubuyobozi bw’ishyaka rya MRDP Twirwaneho ryahaye ipeti rishya gen maj Makanika Rukunda rya Liyetena generali kandi agirwa umuyobozi w’ikirenga w’ingabo za FRP Twirwaneho. Mu itangazo ryashyizweho umukono na perezida wa MRDP Twirwaneho Dr Freddy Kaniki yahaye n’abandi basirikare benshi amapeti abashimira ubwitange bakomeje

Read More
Colonel Bonfort Ndoreraho usanzwe ari Komiseri Mukuru wa polisi y’Intara ya Ngozi mu Burundi ari mu maboko y’urwego rushinzwe iperereza

Colonel Bonfort Ndoreraho usanzwe ari Komiseri Mukuru wa polisi y’Intara ya Ngozi mu Burundi ari mu maboko y’urwego rushinzwe iperereza

Nov 6, 2025

Colonel Bonfort Ndoreraho usanzwe ari Komiseri Mukuru wa polisi y’Intara ya Ngozi mu Burundi, ari mu maboko y’urwego rushinzwe iperereza muri kiriya Gihugu, akekwaho kohereza ikawa mu Rwanda mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Colonel Bonfort Ndoreraho ari mu maboko y’urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza mu

Read More