Tanzania abagize uruhare mu myigaragambyo bari gufungwa ariko abandi bari kwicwa buhoro buhoro
Muri Tanzania imibare y’abaguye mu myigaragambyo ikomeje kwiyongera. Abagize uruhare muri iyo myigaragambyo bari gufatwa bagafungwa. Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu bafatanyije na CHADEMA, Ishyaka ritavuga rumwe na CCM babwiye AFP ko abantu 3000 aribo bamaze kugwa muri iyo myigaragambyo. Mu mijyi ya
Umupaka uhuza igihugu cye na Benin na Niger ntuteze gufungurwa mu gihe umutekano muke ukigaragara hagati ya Niger na Benin
Perezida w’inzibacyuho wa Niger, Gen. Abdourahamane Tchiani, yatangaje ko umupaka uhuza igihugu cye na Benin udateze gufungurwa mu gihe umutekano muke ukigaragara hagati ya Niger na Benin. Ibi yabivugiye mu ruzinduko yagiriye mu mujyi wa Gaya ku wa 9 Ugushyingo 2025, uri hafi
Umukoloneli wo mu bwoko bw’Abanyamulenge wiyunze kuri FARDC na Wazalendo mu kurwanya umutwe wa M23 na Twirwaneho
Umukoloneli wo mu bwoko bw’Abanyamulenge wiyunze kuri FARDC na Wazalendo mu kurwanya umutwe wa M23 na Twirwaneho, we n’abarinzi be bakubiswe, bagirwa intere mbere yo gufungwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi. Col. Fureko Désiré n’abarinzi be bafashwe mu mpera z’icyumweru dusoje, bashinjwa gukorana n’abarwanyi ba
Ubumenyi ku ikoranabuhanga bwakifashishwa mu kubaka ubunyamwuga bw’igisirikare
Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko ubumenyi ku ikoranabuhanga, bwakifashishwa mu kubaka ubunyamwuga bw’igisirikare. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Mbere, tariki ya 10 Ugushyingo 2025, ubwo hatangiraga inama ihuza abayobozi b’amashuri makuru ya gisirikare yo ku mugabane wa Afurika. Ni ku nshuro ya
Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum, yatangaje ko agiye kujyana mu nkiko umugabo wamukorakoye ku mabere
Perezida wa Mexique, Claudia Sheinbaum, yatangaje ko agiye kujyana mu nkiko umugabo wamukorakoye ku mabere mu ruhame ubwo yari mu biganiro n’abaturage hafi y’Ingoro y’Umukuru w’Igihugu mu Murwa Mukuru wa Mexico. Amashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje umugabo asatira Perezida amuturutse inyuma akamusoma
Tchad abantu 318 bamaze kugwa mu mirwano ikunze guhanganisha aborozi n’abahinzi ishingiye ku kuragira mu butaka buhinzwemo imyaka
Abantu 318 bamaze kugwa mu mirwano ikunze guhanganisha aborozi n’abahinzi ishingiye ku kuragira mu butaka buhinzwemo imyaka mu majyepfo y’uburengerazuba bwa Tchad. Abantu 33 bamaze gupfira mu mu mirwano ibahanganishije kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru tariki ya 3 Ugushyingo 2025. Imirwano hagati y’izi
Goma station za essance zitujuje ibisabwa zigiye gufungwa
Zimwe muri stations za lisansi zubatswe mu buryo butujuje ibisabwa n’amategeko hirya no hino mu Mujyi wa Goma zigiye gufungwa, hagamijwe guca akajagari muri iri shoramari no gukumira inkongi z’umuriro. Ibi byagarutsweho na Amani Bahati Shaddrack, Visi Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru ushinzwe ubukungu,
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko ikomeje guhamagarwa n’abaturage bafite ubwenegihugu bwayo 17 bafatiwe muri Ukraine mu Mujyi wa Donbas mu ntambara ihanganishije icyo gihugu n’u Burusiya
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko ikomeje guhamagarwa n’abaturage bafite ubwenegihugu bwayo 17 bafatiwe muri Ukraine mu Mujyi wa Donbas mu ntambara ihanganishije icyo gihugu n’u Burusiya. Bivugwa ko bari mu mutwe w’abacanshuro urwanira u Burusiya muri iyo ntambara. Abafashwe bari hagati y’imyaka
MRDP Twirwaneho yahaye Makanika Rukunda ipeti rishya nubwo yatabarutse
Ubuyobozi bw’ishyaka rya MRDP Twirwaneho ryahaye ipeti rishya gen maj Makanika Rukunda rya Liyetena generali kandi agirwa umuyobozi w’ikirenga w’ingabo za FRP Twirwaneho. Mu itangazo ryashyizweho umukono na perezida wa MRDP Twirwaneho Dr Freddy Kaniki yahaye n’abandi basirikare benshi amapeti abashimira ubwitange bakomeje
Colonel Bonfort Ndoreraho usanzwe ari Komiseri Mukuru wa polisi y’Intara ya Ngozi mu Burundi ari mu maboko y’urwego rushinzwe iperereza
Colonel Bonfort Ndoreraho usanzwe ari Komiseri Mukuru wa polisi y’Intara ya Ngozi mu Burundi, ari mu maboko y’urwego rushinzwe iperereza muri kiriya Gihugu, akekwaho kohereza ikawa mu Rwanda mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Colonel Bonfort Ndoreraho ari mu maboko y’urwego rw’Igihugu rushinzwe Iperereza mu