Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zagabye igitero muri Venezuela
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse igisirikare kugaba ibitero muri Venezuela ndetse no ku murwa mukuru wayo Caracas no ku bigo bya gisirikare, nyuma anatangaza ko bataye muri yombi Perezida Maduro w’iki gihugu. Ibi ni byo bitero bya mbere
Impunzi z’Abanyekongo ziri mu Rwanda zazindukiye mu myigaragambyo
Impunzi z’Abanye-Congo ziba mu nkambi ya Nyabiheke iherereye mu Karere ka Gatsibo, zakoze imyigaragambyo yo mu mahoro yo kwamagana amagambo y’urwango aherutse kuvugwa n’uwari Umuvugizi w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Maj Sylvain Ekenge, yibasira Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi. Ni
Afc/m23 yerekanye amayeri leta ya RDC iri gukoresha muguhishira ko ubutegetsi budashoboye
Mu gihe Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje gutwerera u Rwanda ibibazo by’umutekano muke muri icyo gihugu, AFC/M23 yashimangiye ko ari amayeri ikoresha mu guhisha ko ubutegetsi bwa Tshisekedi bwananiwe gukemura ibibazo by’Abanye-Congo. Umuhuzabikorwa mu bya Politiki w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa,
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kwibasira u Rwanda
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yongeye kwibasira u Rwanda mu ijambo risoza umwaka wa 2025 yaraye agejeje ku baturage b’igihugu cye. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi muri iryo jambo yavuze ko ashimishijwe n’uko igihugu cye kibanye neza n’ibihugu byo mu karere baturanye, usibye u
Perezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko rw’u Rwanda ko ari cyo gishoro gikomeye igihugu gifite
Perezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko rw’u Rwanda ko ari cyo gishoro gikomeye igihugu gifite, rukaba rukwiye kwitegura icyasabwa cyose ngo rusigasire ibyagezweho, n’iyo byasaba kwitanga. Mu ijambo risoza umwaka, umukuru w’igihugu yabanje kwibutsa ko uyu mwaka wa 2025 usize u Rwanda ruteye intambwe
Ukraine ikomeje kwihimura ku gihugu cy’Uburusiya ibagabaho ibitero bikomeye na drone
Umuyobozi w’Umurwa Mukuru w’u Burusiya, Sergey Sobyanin, yatangaje ko mu ijoro ry’ubunani, ingabo za Ukraine zagabye ibitero by’indege zitagira abapilote, kuri uyu mujyi, mu gihe Perezida Vladimir Putin yatambutsaga ijambo ry’ikaze ribinjiza mu mwaka mushya wa 2026. Abinyujije ku rubuga rwa Telegram, Sobyanin
Ibihugu bya Mali na Burikinafaso byihimuye kuri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika giherutse kumenyesha ibihugu bya Mali na Burikinafaso ko nta muturage wabo wemerewe kujya muri iki gihugu ,akaba ari icyemezo cyafashwe niki gihugu kuwa 16 Ukuboza 2025. Minisiteri z’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane bwibi bihugu bya Mali na Burikinafaso nazo
Gen Doumbouya niwe watsinze amatora muri Guinee Conakry
Komisiyo ishinzwe amatora muri Guinée-Conakry yatangaje ko Gen Doumbouya uyobora iki gihugu kuva mu 2021 yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 86,72%. Aya matora yabaye tariki ya 28 Ukuboza 2025. Gen Doumbouya yahatanye n’abandi bakandida umunani barimo abahoze muri Guverinoma n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi
Perezida Kagame yashimye Ingabo z’u Rwanda n’Inzego z’umutekeno
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame yashimiye Ingabo z’u Rwanda n’Inzego z’umutekano ku muhate zagaragaje mu mwaka wa 2025 wose mu bikorwa byo kurinda umutekano w’u Rwanda n’ubusugire bwarwo, byatumye ibikorwa by’iterambere bikorwa nta nkomyi. Yashimangiye ko ingabo
Minisitiri Bizimana yagaragaje uko ijambo ‘Ubwenge’ ryagoretswe n’abaamutswe n’urwango
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène, yasobanuye uburyo abamunzwe n’urwango bahinduye igisobanuro cy’ijambo ‘Ubwenge’ bagamije inabi. Tariki ya 27 Ukuboza 2025, ofisiye mu ngabo za RDC, Gen Maj Sylvain Ekenge, yavugiye kuri televiziyo y’igihugu (RTNC) ko ubusanzwe ijambo ‘Ubwenge’ ryakomotse ku