Guverinoma ya Cuba yatangaje ko igitero cyo gufata Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela cyaguyemo abasirikare bayo 32

Guverinoma ya Cuba yatangaje ko igitero cyo gufata Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela cyaguyemo abasirikare bayo 32

Jan 5, 2026

Guverinoma ya Cuba yatangaje ko igitero cyo gufata Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela cyaguyemo abasirikare bayo 32. Abasirikare n’abapolisi ba Cuba bari bacunze umutekano mu butumwa bw’ibihugu byo muri Caraïbes bwasabwe na Venezuela. Cuba isanzwe ari inshuti magara ya Venezuela ndetse mu bihe

Read More
Perezida Trump yabaye nkuha amabwiriza perezida w’inzibacyuho wa Venezuela ko natayubahiriza azahura n’akaga

Perezida Trump yabaye nkuha amabwiriza perezida w’inzibacyuho wa Venezuela ko natayubahiriza azahura n’akaga

Jan 5, 2026

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) Donald J. Trump, yaburiye Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela Delcy Rodríguez, ko ashobora kwishyura ikiguzi gikomeye cyane kirenze icya Nicolás Maduro nadakora ibyo Amerika ishaka. Mu kiganiro Trump yahaye ikinyamakuru The Atlantic, yavuze ko impinduka mu

Read More
Perezida Ndayishimiye Evariste akebuye minisitiri wiwe Qatar ibiha umugisha

Perezida Ndayishimiye Evariste akebuye minisitiri wiwe Qatar ibiha umugisha

Jan 5, 2026

Mu gisa no gukosora ibyavuzwe na Minisitiri we w’ububanyi n’amahanga, Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko igihugu cye ‘igihe cyose cyashimiye ‘uruhare rw’ingenzi’ rwa Qatar mu buhuza ku kibazo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ni nyuma y’uko ku wa gatandatu nijoro

Read More
Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF igaragaza ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abana rimaze gushinga imizi muri RDC

Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF igaragaza ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abana rimaze gushinga imizi muri RDC

Jan 4, 2026

Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF), igaragaza ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abana rimaze gushinga imizi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse rikomeje kwiyongera, itanga impuruza kuri iki kibazo. Itangwa ry’impuruza ryashingiye ku mibare yakusanyijwe n’abatanga serivisi zo

Read More
Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika yamaganye icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gufata Nicolas Maduro

Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika yamaganye icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gufata Nicolas Maduro

Jan 4, 2026

Kamala Harris wahoze ari Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika, yamaganye icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gufata Nicolas Maduro wayoboraga Venezuela n’umugore we, agaragaza ko kinyuranyije n’amategeko kandi ko kirimo ubushishozi buke. Mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki ya

Read More
Urukiko rw’Ikirenga rwa Venezuela rwategetse Visi Perezida  Delcy Rodriguez gufata inshingano zo kuyobora igihugu by’agateganyo

Urukiko rw’Ikirenga rwa Venezuela rwategetse Visi Perezida Delcy Rodriguez gufata inshingano zo kuyobora igihugu by’agateganyo

Jan 4, 2026

Urukiko rw’Ikirenga rwa Venezuela rwategetse Visi Perezida, Delcy Rodriguez, gufata inshingano zo kuyobora igihugu by’agateganyo, nyuma y’uko Perezida Nicolas Maduro afashwe n’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iki cyemezo cyafashwe mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 3 Mutarama 2026, aho urukiko

Read More
Umuryango mpuzamahanga w’abaganga batagira umupaka batangaje umubare wabagizweho ingaruka n’ibitero bya drone za Fardc muri Masisi

Umuryango mpuzamahanga w’abaganga batagira umupaka batangaje umubare wabagizweho ingaruka n’ibitero bya drone za Fardc muri Masisi

Jan 3, 2026

Umuryango mpuzamahanga w’abaganga batagira umupaka batangaje ko ibitero bikomeye bya drone byagabwe na Fardc muri Masisi centre byagize ingaruka ku bantu barenga 42 ko ubu bari kwitabwaho naba baganga. Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kuri uyu wa Gatanu

Read More
FARDC yeretse abanyamakuru abo ivuga ko ari abarwanyi b’abanyamahanga iherutse gufata

FARDC yeretse abanyamakuru abo ivuga ko ari abarwanyi b’abanyamahanga iherutse gufata

Jan 3, 2026

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyeretse abanyamakuru abo kivuga ko ari abarwanyi b’abanyamahanga ingabo zacyo zafatiye mu bikorwa ziheruka gukora. FARDC ivuga ko ifatwa ry’abo barwanyi ari “igihamya simusiga ku ruhare rutaziguye rw’ingabo z’amahanga iruhande rw’imitwe yitwaje intwaro y’iterabwoba ikorera

Read More
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko perezida Maduro azaburanishirizwa muri Amerika

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko perezida Maduro azaburanishirizwa muri Amerika

Jan 3, 2026

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko Perezida Maduro wa Venezuela azaburanishirizwa muri Amerika. Ni nyuma y’amasaha make Trump atangaje ko uyu mukuru w’igihugu yafashwe n’ingabo za Amerika. Visi Perezida wa Venezuela, Delcy Rodríguez yavuze ko

Read More
Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela amaze gufatwa na Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika

Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela amaze gufatwa na Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika

Jan 3, 2026

Perezida Trump yavuze ko Amerika yagabye “ibitero bikomeye kuri Venezuela” kandi “yafashe umutegetsi wayo, Perezida Nicolàs Maduro” n’umugore we. Ibi yabitangaje ku rubuga rwe Truth Social anemeza ko nyuma yo gufatwa Maduro yahise “avanwa mu gihugu” n’indege.Nta makuru arambuye aratangazwa ku kuba Maduro

Read More