Ingabo za leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ibitero bikomeye muri Syria

Ingabo za leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ibitero bikomeye muri Syria

Jan 11, 2026

Ingabo za leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ibitero bikomeye muri Syria bigamije kwihorera ku mutwe w’iterabwoba wa Islamic State (ISIL) nkuko byatangajwe n’Ingabo za Amerika zishinzwe ibikorwa byo mu karere (US Central Command – CENTCOM). Ibyo bitero byagabwe ku itegeko rya Perezida

Read More
Abasirikare benshi ba Fardc bari bafunze  boherejwe muri gereza ya gisirikare ya Ndolo

Abasirikare benshi ba Fardc bari bafunze boherejwe muri gereza ya gisirikare ya Ndolo

Jan 8, 2026

Gen Franck Ntumba Buamunda wahoze ari umuyobozi w’ibiro bishinzwe igisirikare mu ngoro ya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Gen Maj Christian Ndaywel Okura wayoboye urwego rw’ubutasi bwa gisirikare, boherejwe muri gereza ya gisirikare ya Ndolo. Gen Ntumba yatawe muri yombi

Read More
Venezuela:Diosdado Cabello yatangaje ko abantu 100 bapfuye mu gitero cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatumye Perezida Nicolas Maduro akurwa ku butegetsi

Venezuela:Diosdado Cabello yatangaje ko abantu 100 bapfuye mu gitero cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatumye Perezida Nicolas Maduro akurwa ku butegetsi

Jan 8, 2026

Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu muri Venezuela, Diosdado Cabello, yatangaje ko abantu 100 bapfuye mu gitero cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatumye Perezida Nicolas Maduro akurwa ku butegetsi ku wa Gatandatu. Ubutegetsi bwo muri Venezuela ntibwari bwagatangaje umubare w’abapfuye, ariko igisirikare cyashyize

Read More
Minisitiri w’Umutekano muri Burkina Faso Mahamadou Sana yatangaje ko abantu benshi bafunzwe nyuma yo gukekwaho gutegura umugambi waburijwemo wo kwica Perezida Capt Ibrahim Traoré

Minisitiri w’Umutekano muri Burkina Faso Mahamadou Sana yatangaje ko abantu benshi bafunzwe nyuma yo gukekwaho gutegura umugambi waburijwemo wo kwica Perezida Capt Ibrahim Traoré

Jan 8, 2026

Minisitiri w’Umutekano muri Burkina Faso, Mahamadou Sana yatangaje ko abantu benshi bafunzwe nyuma yo gukekwaho gutegura umugambi waburijwemo wo kwica Perezida Capt Ibrahim Traoré mu mpera z’icyumweru gishize. Minisitiri Sana yabitangaje ku wa 6 Mutarama 2026, ubwo yari kuri televiziyo y’igihugu, avuga ko

Read More
Donald Trump yatangaje ko agiye gukura igihugu cye mu Miryango Mpuzamahanga n’iy’Umuryango w’Abibumbye

Donald Trump yatangaje ko agiye gukura igihugu cye mu Miryango Mpuzamahanga n’iy’Umuryango w’Abibumbye

Jan 8, 2026

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje agiye gukura igihugu cye mu Miryango Mpuzamahanga n’iy’Umuryango w’Abibumbye(Loni) 66, irimo ikora gahunda zo kurwanya imihindagurikire y’ibihe, kubungabunga amahoro na demokarasi n’iyindi. Inyandiko ya Trump yashyizwe ahagaragara n’Ibiro bye, White House ku mugoroba

Read More
Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Venezuela, Maria Corina Machado yashimiye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump washimuse uwo yise umwanzi we

Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Venezuela, Maria Corina Machado yashimiye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump washimuse uwo yise umwanzi we

Jan 7, 2026

Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Venezuela, Maria Corina Machado yashimiye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump washimuse uwo yise umwanzi we, Nicolas Maduro asezeranya ko agiye kugaruka mu gihugu. Maria Machado w’imyaka 58 yavuze ko ishyaka ayobora,(Vente Venezuela) ryiteguye

Read More
Urukiko rw’i Paris rwahamije abantu 10 ibyaha bishingiye ku kwibasira Brigitte Macron

Urukiko rw’i Paris rwahamije abantu 10 ibyaha bishingiye ku kwibasira Brigitte Macron

Jan 6, 2026

Urukiko rw’i Paris rwahamije abantu 10 ibyaha bishingiye ku kwibasira Brigitte Macron, umugore wa Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, hifashishijwe imbuga nkoranyambaga.   Aba bantu bashinjwaga ibirimo gukwirakwiza kuri izi mbuga, amakuru y’ibihuha ajyanye n’imiterere y’imyanya y’ibanga ya Brigitte Macron, bakanavuga uko biboneye

Read More
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bw’abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bw’abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad

Jan 6, 2026

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwatesheje agaciro ubujurire bw’abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo Man, Ishimwe Francois Xavier na Kwizera Nestor uzwi nka Pappy Nesta, rwemeza ko bakomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Uko ari bane bakurikiranyweho kugira uruhare mu

Read More
Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée

Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée

Jan 6, 2026

Perezida Kagame yashimiye mugenzi we wa Guinée, Mamadi Doumbouya, watorewe gukomeza kuyobora iki gihugu mu matora yabaye ku wa 28 Ukuboza 2025. Perezida Kagame abinyujije kuri X ati “Ndashimira cyane, umuvandimwe wanjye, Perezida Mamadi Doumbouya, ku ntsinzi yegukanye mu matora y’Umukuru w’Igihugu cya

Read More
Umuhungu wa perezida Nicolas Maduro yemeje ko papa we na nyina bagambaniwe n’abamurindaga

Umuhungu wa perezida Nicolas Maduro yemeje ko papa we na nyina bagambaniwe n’abamurindaga

Jan 6, 2026

Umuhungu wa Perezida NicolasMaduro yatangaje ko ise atafashwe nkuko bivugwa,yemeje ko ahubwo yagambaniwe n’abarinzi be ,ndetse n’ibihugu by’inshuti ze,avuga ko bamugambaniye bakamuha Abanyamerika yemeza ko nta muntu numwe wari hafi yase akizera,ibi uyu muhungu abitangaje mu gihe Maduro yaraye yitabye urukiko rwo muri

Read More