Rubavu:Urwego rw’igihugugu rushinzwe ubugenzacyaha rwasabye abaturage n’abayobozi gufatanya kurwanya icuruzwa ry’abantu
Urwego rw’igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) mu gikorwa cy’ubukangurambaga mu kurwanya no gukumira icyaha cy’icuruzwa ry’abantu rwakanguriye abaturage n’abayobozi batandukanye bo mu karere ka Rubavu gufatanya narwo kurwanya iki cyaha giteje inkeke Isi n’u Rwanda rudasigaye. Umugenzacyaha ushinzwe agashami ko gukumira no kugenza icyaha
Burundi:Ubutegetsi bwa CNDD FDD bwongeye gusubukura imyitozo y’abagamije gutera u Rwanda
Igisirikare cy’igihugu cy’u Burundi cyongeye gusubukura imyitozo ihabwa abashaka kugaba ibitero ku Rwanda nkuko byatangajwe na bamwe mu mbonerakure zatorotse iyo myitozo. Imbonerakure zari zarahurijwe mu nkambi ya Ndava ziturutse muri Kivu y’Amajyepfo kurwana n’ingabo zihuriro rirwanya perezida Tshisekedi zvuga ko ziri mu
Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyahakanye raporo ya komisiyo y’umuryango w’abibumbye ishinzwe ikiramwamuntu ibashinja ibitero muri Sudan Y’Epfo
Igisirikare cya Uganda cyateye utwatsi raporo ya Komisiyo y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu igishinja kugaba ibitero bikomeye muri Sudani y’Epfo byatwaye ubuzima bw’abasivile benshi. Iyi raporo yasohotse tariki ya 27 Gashyantare 2026 ivuga ko ingabo za Uganda n’iza Sudani y’Epfo zagabye ibitero
Goma igitero cya drone gihitanye umukozi w’umuryango w’abibumbye
Mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Werurwe, Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye igitero cya drone mu mujyi wa Goma cyiciwemo abarimo umukozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF). Amakuru y’iki gitero yemejwe n’umutwe
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yageze mu gihugu cy’Ubufaransa mu nama
Perezida w’u Rwanda ari mu bategetsi uyu munsi bari mu nama ya kabiri ijyanye n’ikoreshwa ry’ingufu za nikleyeri mu iterambere ku isi yatumijwe na Perezida Emmanuel Macron w’Ubufaransa. Ibihugu bigera kuri 60 birahagarariwe muri iyi nama iri kubera i Boulogne-Billancourt hafi ya Paris,
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabwiye Umuhungu wa Habyarimana Juvénal wayoboye u Rwanda, Jean Luc Habyarimana, ko u Rwanda rudakerensa umubano we na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi. Yabigarutseho ubwo yamusubizaga, nyuma y’ubutumwa Habyarimana Jean-Luc yatambukije ku mbuga
Sudan abaturage 17 bahitanywe n’igitero cya drone cyagabwe mu isoko
Umutwe wa Sudan People’s Liberation Movement-North (SPLM-N) uyobowe na Abdel Aziz al-Hilu ku Cyumweru washinje Igisirikare cya Sudan gutera ibisasu mu bice ugenzura muri Kordofan y’Amajyepfo, bihitana byibuze abasivili 17 abandi benshi barakomereka mu gitero cyagabwe ku isoko. Uturere dukikije umujyi wa Dilling
Ifungwa ry’umupak wa Ruhwa rikomeje guteza akaga abaturage bawuturaniye
Abarundi batuye muri Komine ya Cibitoke mu Ntara ya Bujumbura bararira ayo kwarika nyuma y’aho muri Gashyantare 2026 Leta y’u Burundi irenze ku isezerano yari yarabahaye ryo gufungura imipaka yabwo n’u Rwanda. Tariki ya 2 Mutarama 2026, Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka CNDD-FDD riri ku
Monusco yashyiriweho umuyobozi mushya w’Umunyamerika
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yagize Umunyamerika James Swan Umuyobozi w’ubutumwa bw’amahoro bwawo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO). James Swan amaze imyaka myinshi akorera muri Afurika. Kuva mu 2001 kugeza mu 2004 yabaye Ambasaderi wungirije wa Amerika muri RDC,
Gen Maj Sultani Makenga yavuze ko RDC yashegeshwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi uyobora igihugu nk’akarima ke
Umugaba Mukuru w’Abarwanyi ba AFC/M23 Gen Maj Sultani Makenga yavuze ko RDC yashegeshwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi uyobora igihugu nk’akarima ke. Yavuze ko ingabo za AFC/M23 ziharanira kubohora igihugu, abaturage ntibakomeze kwicwa. Ati “Tshisekedi yakusanyije abajura bose n’abanyabyaha abaha intwaro kugira ngo bice abasivili